Miss Naomie NISHIMWE yatangiye umwaka yambikwa impeta. {Amafoto}

Miss Nishimwe Naomie yatangiye umwaka mu mavuta y’urukundo rurambye ruganisha kukubana nyuma y’igihe we n’umukunzi we bakundana mu ibanga rikomeye. Naomie NISHHIMWE wabaye nyampinga w’U Rwanda wa 2020 yamaze kwambikwa impeta ihamya urukundo afitiwe na Michael Tesfay, umukunzi we bamaze igihe bakundana nyuma yo kuvugwa mu nkundo n’abandi basore benshi ariko we akicececyera. Nyuma y’inkuru […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 9)

Mama Grace yakomeje kwibaza icyo umukobwa we yabaye ari nako akomeza gukomanga kurugi nuko Grace ageraho arabyumva, arakungura. Grace: Mama ko wankomangiye cyane byagenze gute? Mama Grace: Ariko wamwana we urabona utagiye kuzandwaza umutima. Grace: Nkurwaza umutima gute se mama? Mama Grace: Ubu igihe nakomangiye koko, urugi nkenda kuruca wari urimo hano wanyihoreye! Grace: Mama […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 8)

Grace kubera kugera ahantu ari ubwambere byakomeje kumucanga, yisanga mumugi aho kuba i Nyanza muri gare, nuko abwira motari ngo amukatane amujyane ahaba  imodoka zijya i Nyamata mu Bugesera. Grace yageze muri gare ya Nyaza amasaha yakuze bigeze saa kumi nebyiri, agira amahirwe ahita abona imodoka ijya i Nyamata, murugendo rwe yagiye atekereza Cedric mpaka […]

Continue Reading

Uganda: Faith Patricia Ariokot yamamaye ku isi hose kubera kumara umwanya munini ahobeye igiti.

Ariokot atangiye gushakisha uko yakwandikwa mu gitabo cy’uduhigo ku ya 29 Ukuboza 2023, Ariokot yari amaze kugerageza ku ya 8 Ukuboza ariko ahura n’ibibazo bike birimo amakosa ya y’ibikoresho bifata amashusho. Ibi akaba nanone tabikorera ngo kugira ngo ace agahigo gusa ahubwo akaba avuga ko afite umushinga witwa “Faith In Tree” ugamije kwigisha abantu no […]

Continue Reading

Impamvu 5 z’ingenzi zituma ingo nyinshi zitaramba.

Zimwe muri izi mpamvu benshi mu bakundana bazifata nk’utuntu duto tworoshye nyamara dusenya ingo mu gihe gito cyane kandi buri wese atabicyekaga kubera kutabyitaho no kubyoroshya. 1. Gushinga urugo ku mpamvu zipfuye : Buriya si buri wese uzabona yashatse umugore cyangwa umugabo kubera ko ari ibintu yifuje cyangwa yahoze apanga kuva cyera, Ahubwo hari na […]

Continue Reading

Ibintu 4 bikomeye ugomba kubanza kumbwira uwo mwitegura kurushingana.

Buriya mu buzima umuntu agira amabanga, akameye ndetse nahahise he kuburyo aba yumva ntamuntu yapfa gufungurira umutima we byoroshye ngo abe yamubwira byose. Gushinga urugo rero n’ikintu kitoroshye Kandi gisaba ubushishozi ndetse n’ukuri kubuzima bwanyu mwembi. Niyo mpamvu rero ya mabanga yawe y’ahahise wita ko akomeye uba ugomba kuyasangiza  mugenzi wawe yakumva atabyihanganira mukarekana hakiri […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 7)

Grace nuko akatisha itike iza i Kigali ntaho afite yerecyeza kubera ko na mushiki wa Cedric wari kumuyobora Telefone ye ntiyariri gucamo. Icyatumye Grace afata umwanzuro wo gukomeza ntasubire inyuma ngo asubire murugo, nuko yangaga gusubira kwisobanura imbere ya mama we, kuko yacyekaga ko noneho yahita amubuza kugenda burundu. Nuko umwana w’umukobwa yafashe umwanzuro aza […]

Continue Reading

Dore amwe mu masura azwi cyane, yahambiriye ipfundo ry’Urukundo muri 2023.

Mu 2023, Uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rwiboneye ubwiza n’imbaraga by’urukundo mu gihe ibyamamare bitandukanye byakoraga ubukwe mu birori byiza cyane binogeye ijisho kandi mu mihando idasanzwe. Kuva  ku bahanzi kugeza ku banyamakuru, batanze amasomo ku bakunzi b’imyidagaduro muri uyu mwaka turi gusoza wa 2023. Umurava.com twaguteguriye bumwe mu bukwe bw’ibyamamare bwabaye muri uyu mwaka turi […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 6)

Grace bimwanga munda nuko aratoroka, agenda atabwiye mama we. Mukugera i Nyamata muri gare bitangira kumucanga kuko n’ubwambere yaragiye kujya i Kigali. Nuko Grace atangira kwibaza byinshi kubera ko ari ubwambere yaragiye kujya i Kigali. Ati “Ko ari ubwa mbere ngiye kujya i Kigali, i Kanombe kubitaro nkaba ntahazi ubundi ubu sinasaze koko!” Ahita afata […]

Continue Reading

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 5)

Cedric ati “burya cyagihe ya bus twajemo yakoze impanuka, nanjye nabimenye babibwiye kuko naha ndi sinzi uko nahageze rwose pe! Ubu nibwo nzanzamutse nanjye bambwira uko byagenze.” Grace: Mana yanjye we! Birababaje nukuri, nukwihangana rwose. None se ubwo aho urwariye uri kumwe nande? Ninde ukurwaje? Ubwo baracyaganira bifashishije ubutumwa bugufi, kubera ko Cedric ntiyabashaga kuvuga […]

Continue Reading