Umutekano : Hatowe Itegeko rigenga Ingabo z’u Rwanda.

Abadepite batoye amategeko arimo iryongerera ubushobozi Ingabo z’Igihugu n’irivugurura itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Iri tegeko ryitezweho kongerera imbaraga inzego z’Ingabo z’Igihugu zirimo urwego rw’ubuzima n’ubuvuzi. hatowe kandi itegeko rishyiraho ihahiro ry’inzego z’igihugu zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. Minisitiri w’Ingabo Juvenal Manizamunda yasobanuye impinduka aya mategeko yombi azagira mu mikorere n’imibereho myiza […]

Continue Reading

Centrafrique : Aba Polisi b’u Rwanda bagera kuri 320 bambitswe imidari y’ishimwe.

Ku wa kane, tariki ya 28 Werurwe, Umuryango w’Abibumbye UN, wahaye imidali y’ishimwe abapolisi 320 b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique (CAR), mu rwego rwo kubashimira ubwitange n’umurava bakomeje kugaragaza mu kugarura amahoro, umutekano, no kurengera abaturage muri igihugu. Abo bapolisi bakuru bambitswe imidali harimo 139 bo mu […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagaragaje ibisabwa kugirango yemere guhura na Perezida Felix Tshisekedi.

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yatangajaje ko hakiri byinshi Perezida wa Congo Felix Antoine Tshisekedi akeneye kubanza gucyemura cyangwa kwitaho mbere yuko ashyira imbere ibyifuzo bye gusa. Ibi umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Werurwe 2024 cyagarukaga ku bibazo bijyanye […]

Continue Reading

Aba Polisi b’u Rwanda basaga 425 bari muri Sudan na Centrafrique bambitswe imidari y’Ishimwe. {Amafoto}

Kuri uyu Gatatu tariki ya 20 Werurwe 2024, Aba Police b’Abanyarwanda basaga 425 bose bari muri Sudan ndetse na 185 bari muri Centrafrique {MINUSCA} bambitswe imidari y’ishimwe. Imihango yo kwambika aba ba Polisi imidari y’Ishimwe yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Werurwe 2024, mu Mujyi wa Malakal wo mu Ntara ya Upper Nile […]

Continue Reading

Abakobwa baba mu gisirikare cy’u Rwanda basabiwe uburenganzira bwo gukorerwa ubukwe kimwe na basaza babo.

Minisitiri w’Ingabo Murizamunda Juvenal yasabiye abakobwa baba mu nshingano z’umutekano w’Iguhugu {Ingabo z’u Rwanda} ko bajya bafashwa cyane ku ngingo ijyanye no kubaka ingo zabo. Ubu burenganzira abakobwa baba mu ngabo z’igihugu babusabiwe na Juvenal ubwo yari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Kane tariki 14 Werurwe 2024, maze akabazwa ku bijyanye n’uburenganzira bw’abasirikare […]

Continue Reading

Polisi y’u Rwanda yibarutse ikigo gishya cy’Ikoranabuhanga gikoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga, mu minsi iri imbere irafungura Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gitwara ibinyabiziga, hifashishijwe Ikoranabuhanga. Ku wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2024, Polisi yerekanye inyubako n’ibibuga bikorerwaho ibizamini by’impushya z’agateganyo n’iza burundu, ndetse n’ikoranabuhanga rizifashishwa. Ntabwo haramenyekana igihe iki kigo kizatangira gukoresha ibizamini ndetse n’igiciro ababikora […]

Continue Reading

Nijeriya: Ababyeyi b’abana bashimuswe bategereje bahangayikishijwe n’amakuru

Ababyeyi b’abana bashimuswe muri Nijeriya bategereje bahangayikishijwe no kumva amakuru yose ajyanye no gukira kw’abana ku wa gatandatu. Abana bagera kuri 300 bashimuswe ku ishuri ryabo bitwaje abamotari bitwaje moto mu gihe cyo gushimuta abantu benshi, abasesenguzi n’abarwanashyaka bakaba barashinjaga kunanirwa n’iperereza ndetse n’umutekano utinze. Ishimutwa ry’abana 287 muri leta ya Kaduna, hafi y’umurwa mukuru […]

Continue Reading

Umutwe wa Houthis muri Yemeni wibasiye ubwato bwashyizwe ahagaragara na Singapore mu kigobe cya Aden

Ku wa gatanu, umutwe wa Houthi wo muri Yemeni wagabye igitero cya misile cyatsinzwe ku bwato bw’ubucuruzi bwashyizwe ahagaragara na Singapuru mu kigobe cya Aden, bukomeza gukaza umurego mu karere. Ku wa gatanu, igitero cyagabwe n’inyeshyamba za Houthi zo muri Yemeni cyaturikiye ibisasu mbere y’ubwato bwashyizwe ahagaragara na Singapore mu kigobe cya Aden, ariko ntibwagize […]

Continue Reading

Abitwaje intwaro bagabye igitero ku ishuri bashimuta abanyeshuri 287

Ku wa kane mu gitondo, abantu bitwaje imbunda bateye ishuri mu karere ka Nijeriya gaherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba maze bashimuta byibuze abanyeshuri 287. Ibi byabaye ku nshuro ya kabiri ishimutwa mu gihugu cya Afurika y’iburengerazuba mu gihe kitarenze icyumweru. Abenegihugu babwiye ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika ko abateye bagose ishuri rya leta mu mujyi wa Kuriga wo […]

Continue Reading

Ingabo z’u Rwanda zasoje Amahugurwa n’imyitozo byatangwaga n’igisirikare cya Amerika.

Kuri uyu wa kane tariki ya 7 Werurwe 2024, Nibwo hasojwe amahugurwa n’imyitozo bya gisirikare yatangwaga n’inzobere mu bya gisirikare zifatanyije n’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika amahugurwa akaba yari amaze ibyumweru bisaga bibiri abera muri Kenya. Aya mahugurwa yahabwaga ibihugu bitandukanye byo muri Africa y’uburasirazuba birimo n’ u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Itsinda ry’Ingabo […]

Continue Reading