Abantu babarirwa muri za miriyoni bakeneye byihutirwa ibiryo mu karere ka Tigray muri Etiyopiya nubwo inkunga yatanzwe.

Agace gato k’abatishoboye bo mu majyaruguru ya Etiyopiya mu majyaruguru ya Tigray bahabwa imfashanyo y’ibiribwa, nk’uko bigaragara mu nyandiko y’ubutabazi yagaragajwe n’ikinyamakuru Associated Press, nyuma y’ukwezi kumwe nyuma yuko ibigo by’ubutabazi byongeye gutanga ingano nyuma yo guhagarara igihe kirekire kubera ubujura. 14% gusa by’abantu miliyoni 3.2 bagenewe infashanyo y’ibiribwa n’inzego zita ku bantu mu karere […]

Continue Reading

Ese waruziko iyo utanyweye neza imiti igabanya ubukana bwa virus itera SIDA bituma yihinduranya.

Mu mu Rwanda ubushakashatsi kuri virus itera SIDA bwerekana ko abasaga ibihumbi 210,000 bari hagati y’imyaka 14_64 babana n’agakoko gatera SIDA Kandi byibuza buri mwaka hagaragara ubwandu bushya bungana ni 5,400. Leta y’u Rwanda ikora ibishoboka byose igashakira abaturage babana na virus itera SIDA imiti igabanya ubukana ndetse bakoroherezwa no kuyibona ntakiguzi dore ko ihenda […]

Continue Reading

Inkuru ivuguruye, habonetse indi mibiri y’abaguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye muri Mugesera.

Hamenyekanye amakuru mashya ku mpanuka y’ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana mu cyumweru gishize aho amakuru yavugaga ko abaguye muri iyi mpanuka ari 14 gusa. Kugeza ubu hari andi makuru mashya avuga ko imibare yahindutse yabaye 16 yose ndetse ko yose yamaze kuboneka, Iyi mpanuka yabaye ku gicamunsi cyo ku wa […]

Continue Reading

Perezida Paul kagame ati “ko nabonye basigaye babahambiriza bakabatugarurira hano.”

Ni kenshi hagiye humvikana inkuru zabantu bahorana agatima kareharehera amahanga bibwirako ariho hari Ubuzima bwiza kuruta iwabo, ugasanga bamwe bihambira kugeza naho baca mu nzira zitemewe n’amategeko ndetse ntanicyangombwa nakimwe bafite. Ibi cyane cyane ubisanga mu bihugu bikennye, birimo intambara ndetse n’ibikiri mu nzira y’amajyambere. U Rwanda narwo rero rurimo abantu bahora bumva bararikiye amahanga […]

Continue Reading

Rwamagana : Abantu 6 baguye mu mpanuka y’Ubwato yabereye mu kiyaga cya Mugesera.

Mu karere ka Rwamagana haravugwa inkuru y’impanuka y’ubwato bwari butwaye abasaga 40 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu abagera kuri 6 muri bo bakahasiga ubuzima abandi bakarohorwa ndetse abandi baburirwa irengero. Amakuru avuga ko ubu bwato bwaturukaga mu karere ka Ngoma, umurenge wa Rukumberi bwerekeza mu murenge wa Karenge wo mu Karere ka Rwamagana […]

Continue Reading

Dore akamaro ko kurya umwembe ku buzima bwawe

Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’umwihariko rw’ingirakamaro cyane ku buzima bw’umuntu ndetse rukaba rugizwe n’ubwoko bw’intungamubiri zirenga 20 zifasha umubiri kumererwa neza cyane. Iyi ni imimaro y’umwembe ku buzima bwa muntu 1. umuntu urya umwembe nibura inshuro imwe ku munsi ntashobora kwibasirwa na kanseri zifata imyanya myibarukiro kuko ufite beta-carotene […]

Continue Reading

Dr Sabin Nsanzimana ati “niba unywa byibuze amacupa abiri y’inzoga ku munsi uzarinda usaza udasindutse.”

Hashize igihe hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda yo kugabanya kunywa ibisindisha yiswe (Tunyweless), imwe mu byagarutsweho ku munsi wejo munama y’umushyikirano ya 19. Iyi nama ibaye ku nshuro ya 19, ikaba iba igamije kuvugirwamo ibintu byinshi bitandukanye, gushima, kunenga ndetse n’ibibazo abaturage baba bafite bakabona umwanya wo kubibaza. Abaturage bakurukiranaga uyu mushyikirano mu buryo bitandukanye, hari […]

Continue Reading

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe ikibazo cy’ibiribwa biva hanze y’U Rwanda. Musafiri avuga ko iyi gahunda barimo gutegura ari gahunda nshya y’imyaka itanu ishingiye ku kubaka ubudahangarwa bw’umutekano w’ibiribwa izatangira muri Nyakanga 2024, Ahanini ngo iyi gahunda ikaba igamije cyane […]

Continue Reading

Urukingo rwa Malariya: Igikorwa cyo kurwanya Malariya cyatangiriye muri Douala cyahuye n’inzitizi mu cyiciro cya mbere

Mu murwa mukuru w’ubukungu wa Douala Umujyi wo muri Cameroon, gahunda yo kurwanya malariya yatangijwe ku mugaragaro na Minisiteri y’ubuzima rusange, ku bufatanye n’umuryango w’ubuzima ku isi (OMS) n’ikigega mpuzamahanga cy’umuryango w’abibumbye cyita ku bana (UNICEF). Iyi gahunda igamije kurwanya ubwiyongere bwa malariya mu karere, bushimangira ingamba zo gukumira hakoreshejwe inkingo. Nubwo, ubukangurambaga bwifashe nabi, […]

Continue Reading

Hasabwe ko umurambo w’icyamamare muri ruhago Pele watabururwa.

  Uwitwa Maria do Socorro Azevedo yasabye ko umurambo w’ikirangirire muri ruhago Pele utabururwa hagausuzumwa neza ko ari papa we. Amazina ye ni Arantes do Nascimento, yamamaye nka Pele mu mupira w’amaguru, yabaye Minisitiri wa Siporo muri Brazil, akaba yaritabye Imana tariki 29 Ukuboza 2022, aguye muri Sao Paulo muri Brazil aho yazize uburwayi. Nyuma […]

Continue Reading