Indwara y’Igituntu igiye kurandurwa burundu mu Rwanda.

Leta y’u Rwanda ku bufatanye na RBC bihaye intego yo kurandura burundu indwara y’Igituntu izahaza benshi nibura guhera mu mwaka wa 2035 nta murwayi wacyo uzaba ubarizwa mu Rwanda. Nubwo iyi ndwara y’Igituntu yandurira mu buhumekero ndetse ikaba nta rukingo igira, ishobora kuvurwa igakira, Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima, RBC, cyemeje ko mu 2035, nta […]

Continue Reading

Ibyo kwitondera ku bagore n’abakobwa muri iki gihe cy’ubushyuhe bwinshi.

Ese wari uziko ubushyuhe bwinshi bushobora kongera ibyago byo kubyara abana bapfuye cyangwa se bakavukana ibindi bibazo cyangwa se n’inda zabo zikaba zanavamo bitunguranye biturutse ku bushyuhe bwinshi. Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko gukorera imirimo itandukanye ku gistinagore ndetse no kuba mu bushyuhe bwinshi bukabije bishobora gukuba kabiri ibyago byo kubyara abana bapfuye no gukuramo inda […]

Continue Reading

Guverinoma y’u Rwanda yakiriye abimukira n’abasaba ubuhungiro basaga 90.

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya 17 cy’abimukira n’abasaba ubuhungiro bagera kuri 91, bari bamaze iminsi mu nkambi baba barashyizwemo nyuma yo gufatirwa muri Libya, bashaka kujya kumugabane w’i Burayi. Mw’ijoro ryakeye tariki 21 werurwe 2024, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA, yatangaje ko abo bimukira bageze i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa […]

Continue Reading

Gambia: Abakata ibice by’Igitsina cy’abakobwa n’abagore basabiwe ibihano bihambaye.

Mu 2015 nibwo Yahya Jammeh wayoboraga Gambia yasinye iteka rya Perezida ribuza ibyo gukata abakobwa n’abagore ibice by’imyanya ndangagitsina, ibizwi nka ‘excision’ mu rurimi rw’Igifaransa, yemeza ko uwo muco udateganywa n’idini ya Islam, kuko hafi abaturage bose muri Gambia ari Abayisilamu. Muri uwo mwaka wa 2015 n’ubundi, Inteko Ishinga Amategeko ya Gambia yatoye ku nshuro […]

Continue Reading

Nyabihu : Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari yishwe akaswe ubugabo bwe..

Mu karere ka Nyabihu, Umudugudu wa Jari, Akagari ka Nyarutembe byo mu murenge wa Rugera haravugwa inkuru y’umuyobozi wishwe urupfu rubi akaswe ubugabo bwe n’abantu bataramenyekana. Uyu muyobozi witwa Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari mu Kagari ka Nyarutembe, Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu yishwe akaswe ubugabo mu gitondo cyo kuri uyu wa […]

Continue Reading

Ese Wari uziko, Abagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore bibarinda kugira umunaniro ukabije?

Ubushakashatsi bwagaragaje ko umwe mu minezero y’igitsinagabo ndetse ushobora no kugifasha kuramba igihe kinini harimo n’uwo kureba uburanga bw’igitsinagore byumwihariko igice cy’amabere yabo. Ubu bushakashatsi bwakozwe n’inzobere muri Kamunuza yo mu Budage mu by’ubuzima bwasobanuye ko amabere y’abagore anezeza abagabo cyane ku buryo ari kimwe mu bintu bishobora kubafasha kurama ku Isi, mu buryo bumwe […]

Continue Reading

Rwamagana : Abantu batatu bahasize ubuzima mu mpanuka y’ikirombe cyaridutse.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024 mu masaha ya mugitondo abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe; batatu muri bo barimo abagabo babiri n’umugore umwe bitabye Imana, abandi batatu barakomereka, bakaba bari kwitabwaho mu bitaro bya Rwamagana. Abakozi bagwiriwe n’ikirombe bakorera Kompanyi ya St Simon Metal icukura amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Rutaka mu Kagari […]

Continue Reading

Abantu 9 bapfuye abandi 78 bari mu bitaro nyuma yo kurya inyama z’akanyamasyo

Ku wa gatandatu, abayobozi bavuze ko abana umunani n’umuntu mukuru bapfuye nyuma yo kurya inyama z’akanyamasyo bakuye mu nyanja ku kirwa cya Pemba mu birwa bya Zanzibar ndetse n’abandi bantu 78 bari mu bitaro. Inyama z’akanyamasyo zo mu nyanja zifatwa nk’ibyokurya abaturage ba Zanzibar bakunze gukoresha mu buzima busanzwe nubwo rimwe na rimwe bivamo impfu […]

Continue Reading

Uganda: Uwahoze yicuruza ubu ni ikitegererezo mu cyaro cya Kampala

Kurwanya virusi itera sida muri Uganda bisa nkaho bifata inzira nziza muri Uganda. Indwara zandura mu gihugu zaragabanutse kugera kuri 5 ku ijana, ziva kuri 30 ku ijana mu myaka mirongo itatu ishize, biterwa ahanini n’uburezi bwiza no kwirinda izo ndwara cyane cyane izandurira mu mibonano mpuzabitsina Ariko mu bakora imibonano mpuzabitsina, umubare ukomeje kuba […]

Continue Reading

Abashinzwe ubuzima muri Gaza batangaza ko hari abana n’abakuru bapfa bazize imirire mibi

Minisiteri y’ubuzima ivuga ko byibuze abantu 20 bapfuye bazize imirire mibi no kubura amazi mu bitaro bya Kamal Adwan n’amajyaruguru ya Shifa. Abenshi mu bapfuye ni abana – harimo abafite imyaka 15 – kimwe n’umugabo w’imyaka 72. ** Abayobozi bamaze amezi baburira ko intambara yo kugota Isiraheli no kugaba ibitero byasunikiraga Abanyapalestine muri Gaza, intambara […]

Continue Reading