Ese koko Virus itera SIDA yaba igiye kugera ku iherezo n’irandurwa ryayo?

Imaze guhitana ubuzima bw’abantu barenga miliyoni 40 ku isi yose, mu mpera za 2022, raporo zerekana ko abantu miliyoni 39 bari bakibana na virusi itera SIDA, Afurika y’Epfo ikaba ifite umubare munini ku Isi. Bada Pharasi, umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’imiti mvaruganda muri Afurika yepfo (IPASA), yanditse ko mu gihe nta muti uhari, hari ibyiringiro kuri […]

Continue Reading

Wari uziko kunywa inzoga uri mu kigero cy’imyaka 40 bigira ingaruka ku buzima

Hari ingaruka nyinshi zigera ku muntu wese unywa inzoga yaba umugore cyangwa umugabo ari mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko kuzamura,akenshi zigahitana n’ubuzima bwabo,bigatuma bataramba kuko igihe bakagombye kumara bakiriho kikagabanuka,binyuze cyane cyane mu burwayi buturuka ku nzoga. Nkuko ubushakashatsi bubigaragaza ngo umuntu uri mu myaka kuva kuri 20 kugeza kuri 39,ubuzima bwe ntaho buba buhuriye […]

Continue Reading

Ni iki wakora igihe waciye inyuma uwo mwashakanye ukabyarana n’undi

Bijya bibaho ko mu bashakanye umwe aca inyuma undi agasambana rimwe na rimwe akabyara umwana hanze. Hari rero ababigira ibanga gusa nubwo uwo mubana aba atabizi ntibivuze ko nta kibazo cyiba gihari. Uyu munsi Umurava News tugiye kugufasha kukwereka inama zagufasha. Inama 1. Icyambere kihutirwa ni ukwihana ukamaramaza ugasaba imbabazi Imana ntuzongere gusambana na rimwe […]

Continue Reading

Ibintu bitandatu (6) Urimo ukora uyu munsi wa none bigabanya ubushobozi bw’intanga zawe.

Bimwe mubintu byubuzima bigira uruhare runini mukumenya intanga zumugabo. Amakuru mabi nuko umwanya munini, intanga zibara zidahoraho, Umusemburo usanzwe utwara iminsi 60 kugeza 90. Ibyo bivuze ko ingaruka zo guhitamo nabi mu buzima zishobora guhinduka umuntu mu mezi abiri cyangwa atatu gusa. Nkuko tubikesha urubuga rwa malefertility.com, Izi ni imwe mu myitwarire n’ibikorwa bikunze gukorwa […]

Continue Reading

Dore ibyiza utari uzi byo kumva umuziki.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha  mubirori nk’ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo, iwawe murugo ukawumva ndetse n’ahandi hatandukanye. Mu mico yose mu bihugu bitandukanye, mu ndimi zose, amoko yose turaririmba, twumva indirimbo ndetse turanazibyina. Umugabo witwa […]

Continue Reading

Dr Farid Fata wakoreye ibikorwa by’ubunyamanswa abarwayi ba Kanseri yakatiwe imyaka 45.

Umuganga witwa Dr Farid Fata wo muri Michigan wemeye ko yafashe nabi abarwayi ba kanseri kugira ngo ashobore kuriganya amasosiyete y’ubwishingizi bwabo mu kwivuza yakatiwe igifungo cy’imyaka 45 muri gereza. Dr. Farid Fata, w’imyaka 50 y’amavuko, yemeye ibyaha byo kubeshya, gusiragiza, kunyereza amafaranga n’ibyaha by’ubugambanyi, yakoreye abarwayi ba Kanseri mu mwaka ushize, Mu rukiko rw’ikirenga […]

Continue Reading

Dore amwe mu mafunguro umugore utwite atangomba kubura kw’ifunguro rye rya buri munsi.

Abagore batwite bahorana imbaraga nkeya cyane kubera ko ibyo barya bitunga imibiri yabo ndetse n’iy’abana bari munda, ni ngombwa ko umugore utwite yita ku mirire ye kugira ngo ahaze umwana mu mavitamine akeneye amufasha kubaho neza kuva ku munsi wa mbere agisamwa kugeza avutse. Mu mafunguro umubyeyi utwite agomba kwibandaho hagomba kuba higanjemo ibirinda indwara, […]

Continue Reading

Kenya: Abahagarikiwe kubyara burundu bahawe arenga miliyoni 20.

Muri Kenya hari kuvugwa inkuru y’abagore bane bagiye guhabwa amadorari 20,000 kuri buri muntu – Ni ukuvuga ni amafaranga arenga miliyoni 20 z’amanyarwanda aba babyeyi bane bazahabwa mu gihe cya vuba aha nkuko urukiko rukuru rwa Kenya rwabitegetse. Ubundi aya mafaranga byagenze gute ngo bayatsindire? Aba bagore uko ari bane bagiye kwamuganga mu bihe bitandukanye, […]

Continue Reading

Racine yishimiye impano y’umuhanzi uri muri Art Rwanda Ubuhanzi ufite ubumuga.

Muri iyi minsi hari kuba amajonjora y’abazitabira n’abazatsindira Art Rwanda Ubuhanzi. Iri rushanwa ritegurwa na Imbuto Foundation ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batndukanye, Ryaje rigamije gufasha abahanzi bo mu ngeri zitandukanye kwagura Impano zabo. Harimo ibyiciro bitandukanye nko Kubyina, Kuririmba, Gushishanya, Gukina amakinamico n’urwenya ndetse n’izindi mpano zitandukanye dore ko muri iyi si huzuye impano nyinshi. Mbea […]

Continue Reading

Menya ahantu 5 hateye ubwoba cyane kurusha ahandi ku Isi.

Abatuye Isi hafi ya twese dukunze gutembera mu bice bitandukanye, muri uko gukunda gutembera cyane biri mu bituma habaho ubuvumbizi butandukanye, kuko iyo wabashije gutembera ukabona ahantu runaka cyangwa ikintu runaka, ubwira abandi ibyiza byacyo cyangwa ibibi byacyo bitewe nibyo wiboneye n’amaso yawe. Muri uko gutembere hari bamwe bishimira ibyo babona, hari n’abandi bagera ahantu […]

Continue Reading