Mu Rwanda habarurwa abagabo b’abatinganyi barenga 18,000 kandi abafite ubwandu bwa SIDA nabo ni benshi.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima gitangaza ko mu Rwanda , abagabo baryamana n’abahuje ibitsina bangana ni 18,100 ndetse ko ubwandu bwa Sida buri hejuru. Ni ibyatangajwe ubwo mu Ntara y’Iburasirazuba, hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 14 bwo kurwanya ubwandu bwa Virusi itera Sida. Umuyobozi ushinzwe kurwanya Virusi itera Sida n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, Dr Ikuzo Basile, […]

Continue Reading

China : Abasaga 128 nibo bamaze guhitanwa n’umutingito ufite ubukana bwa 6.2 wabaye mu ntara ya Gansu.

Mu burengerazuba bw’U Bushinwa umutingito ufite ubukana bwa 6.2 hafi y’umupaka w’intara za Gansu na Qinghai mu karere k’imisozi wahitanye abasaga 128 mu mibare iheruka gutangazwa mu masaha yashize. Nibura abantu bagera kuri 127 nibo bapfiriye muri uyu mutingito wari ufite ubukana buhambaye, Abandi babarirwa mu magana barakomeretse nyuma waraye mu ijoro ryo kuri uyu […]

Continue Reading

Celine Dion ararembye cyane, Kugeza aho Ibice bimwe by’umubiri we biri guhagarara gukora.

Umuhanzikazi ufatwa nk’uwibihe byose wamamaye cyane mu ndirimbo za roho n’urukundo Celine Dion w’imyaka 55 y’Amavuko ukomoka mu gihugu cya Canada arembejwe cyane n’uburwayi amazemo umwaka n’igice ndetse amakuru akaba avuga ko byafashe indi ntera bigenda biba bibi kurushaho. Mu minsi ishize nibwo Celine Dion hari hatangajwe amakuru avuga ko ari kwitabwaho cyane ndetse asa […]

Continue Reading

Dore impamvu ituma bamwe mu bakire bakomeza gukira naho bamwe mu bakene bakaguma kuba mu bukene.

Ni kenshi hagite havugwa ibintu bitandukanye birebana n’ubutunzi cyangwa ubukire mu yandi magambo amenyerewe, ariko nanone hibazwa ibituma abantu bitwa ko bakennye bahora bakora cyane ariko ugasanga ibyo bakorera ndetse n’imbaraga bakoresha zisa nkaho ntaho zibageza ngo babe bava ku rwego rumwe bagere ku rundi, Gusa nanone si bose kuko hari abatanga ubuhamya bavuga ko […]

Continue Reading

“Umugabane wa Afurika ntuzakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga” Perezida Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko umugabane wa Afurika utazakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga ahubwo ko bigomba guhinduka hagashakwa ibisubizo by’igihe kirekire hubakwa inganda ndetse no guteza imbere siyansi. Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yakiraga ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2023, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi […]

Continue Reading

Irinde ibi bintu niba ushaka kubaho ubuzima wishimye.

Hari ubwo tubaho mu buzma burimo imibabaro kubera ko ahanini tuba aritwe tubyitera ugasanga no mu gihe cyo kunezerwa ntitubashijke kugera kuri uwo munezero kandi aritwe tubyiteye. Niba rero ushaka kubaho mu buzima bunezerewe dore ibyo ugomba kwirinda. Kwigereranya n’abandi : ntushobora kubaho mu buzima bunezerewe igihe wirirwa wigereranya n’abandi. Buri muntu wese agira umunezero […]

Continue Reading

Niba ukunda kwitera imibavu dore ibice ugomba kutayiteraho.

Abantu benshi cyane cyane ab’igitsina gore bakunda kwitera imibavu ihumura (Parfum) kugira ngo bagende bahumura neza ,gusa ni ibintu byo kwitondera kuko hari ahantu bitari byiza gutera iyi mibavu kuko bishobora gutera ingaruka mbi ku mubiri ndetse n’indwara zitandukanye. Nkuko bitangazwa n’inzobere mu bijyanye n’uruhu Marie-Pierre Hill-Sylvestre, hari ahantu henshi hatemerewe gutera iyi mibavu. Muri […]

Continue Reading

Dore icyo wafasha umwana ukunda kwivumbura cyane kubera ko atabonye ibyo ashaka.

Iyo umwana atangiye gusobanukirwa ari mu kigero cy’imyaka itanu kuzamura, yusanga nawe ashaka wakifatira ibyemezo, agashaka kwambara imyenda nk’iyo yabonanye abandi bana, ibikinisho yabonye bamamaza kuri televiziyo , n’ibindi. Uko kwifuza kurenze hari ubwo kumutera kwivumbura mu gihe atabonye ibyo yifuzaga. Mu gihe yivumbuye kuko atabonye ibyo yifuzaga dore uko wamufasha : Jya umusobanurira ko […]

Continue Reading

Menya impamvu ukwiye kujya ukora Sport ngororamubiri niba utajyaga uzikora.

Abantu benshi bamaze gusobanukirwa neza akamaro ka siporo, ariko abayikora ntago baraba benshi ugereranije n’abazi umumaro wayo, gusa ibyiza byo gukora siporo si ukurengera umubiri gusa, ahubwo ifasha n’ubwonko gutekereza neza kandi bituma uniyumvamo bagenzi bawe mukabana neza. Sport imaze kugera ku rwego rutangaje, dore ko hari n’umubare w’abantu benshi batunze na Sport, babafite impano […]

Continue Reading

Dore ibyiza byo gusomana ku buzima bw’ababikora.

Ubundi gusomana bifatwa nk’ ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, mugihe hari n’ababifata nkibiterasoni, urebye mu mateka usanga ari ibintu byazanywe n’abera kuko nko ku mugabane w’Afrika si ibintu bimenyerewe cyane nko kuyindi migabane y’Isi. Uko iterambere rigenda rikura ni nako haduka imico itandukanye itari isanzwe imenyerewe, aho usanga gusomana bikorwa cyane ndetse no ku mugaragaro ku […]

Continue Reading