Irinde ibi bintu niba ushaka kubaho ubuzima wishimye.

Hari ubwo tubaho mu buzma burimo imibabaro kubera ko ahanini tuba aritwe tubyitera ugasanga no mu gihe cyo kunezerwa ntitubashijke kugera kuri uwo munezero kandi aritwe tubyiteye. Niba rero ushaka kubaho mu buzima bunezerewe dore ibyo ugomba kwirinda. Kwigereranya n’abandi : ntushobora kubaho mu buzima bunezerewe igihe wirirwa wigereranya n’abandi. Buri muntu wese agira umunezero […]

Continue Reading

Dore icyo wafasha umwana ukunda kwivumbura cyane kubera ko atabonye ibyo ashaka.

Iyo umwana atangiye gusobanukirwa ari mu kigero cy’imyaka itanu kuzamura, yusanga nawe ashaka wakifatira ibyemezo, agashaka kwambara imyenda nk’iyo yabonanye abandi bana, ibikinisho yabonye bamamaza kuri televiziyo , n’ibindi. Uko kwifuza kurenze hari ubwo kumutera kwivumbura mu gihe atabonye ibyo yifuzaga. Mu gihe yivumbuye kuko atabonye ibyo yifuzaga dore uko wamufasha : Jya umusobanurira ko […]

Continue Reading

Ibintu wakora bikagufasha kugira ijwi ryiza riryoheye amatwi yaburi wese.

Abantu benshi cyane cyane urubyiruko usanga bakunda umuziki kurwego rwohejuru ,kuburyo umubwiye uti niki mubuzima wumva ukunda akubwira atanatekereje ati ni umuziki . Murino minsi mubihugu byohanze byaroroshe Aho umwana ukirimuto impano azamukanye cyangwa icyo akunda kurusha ibindi aricyo bamushiramo kugira akige neza bizamubere umwuga uzamufasha mubuzima bwohanze. Uyumunsi rero tugiye kureba ibintu wakora kugira […]

Continue Reading

Madamu Jeannette Kagame yasabanye n’abana bato basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023.

Madamu Jeannette Kagame yasabanye n’bana bato basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023 ndetse agaruka cyane ku ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’ububi bwazo utibagiwe ingaruka zikomeye zitera. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Ukuboza 2023, Madamu Jeannette Kagame yasangiye n’ihuriro ry’abana bato baturutse mu mpande zose z’Igihugu maze basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023 nk’imbaraga […]

Continue Reading

Ibibi byo kubaho nta mukunzi ufite muri mu rukundo.

Kugira umukunzi w’umukobwa cyangwa w’umuhungu ku bakobwa, bifite inyungu nyinshi kuri wowe no kubuzima bwawe muri rusange. Uyu munsi turaza kurebera hamwe bimwe mu bintu bibi biba ku bantu badafite abo bita chr, Boo, Sweetheart ndetse n’andi mazina abakundana bakunze kwitana. Kubaho uri ingaragu bishobora nanone kuba ari amahitamo yawe cyangwa byarabaye ku zindi mpamvu […]

Continue Reading

Wari uziko kera mu Rwanda, kwinjira muri Kigali byasabaga urwandiko wagereranya nka Visa.

Mu Rwanda rwo hambere ntibyari byoroshye ko wajya i Kigali uko wishakiye nkuko ubu bimeze aho ushobora kubyuka mu gitondo ugategura urugendo i Kigali, ukajya muri gahunda zawe ugataha cyangwa ukarara. Nkuko babivugaga ngo i Kigali ni amahanga, Yego nibyo abantu batari baravukiye i Kigali bafataga uyu mujyi nk’amahanga kuko wasangaga ariho hantu hari ibintu […]

Continue Reading

Dore impamvu Abantu bacecetse Cyane ari abajyanama Beza, kurusha abandi.

Buriya mu gihe cyose twifuza ubuzima bwiza ndetse no gutera intambwe imwe tukagira aho tuva naho tugera, tuba ducyeneye n’inama nziza zadufasha kugera ku ntego n’inzozi za zacu dufite muri ubwo buzima. Buriya akenshi iyo ducyeneye inama za bagenzi bacu, dukunze kwirengagiza abantu bacecetse batazwiho kuvuga menshi twiyumvisha ko nta nama bafite Kuko tuba twumva […]

Continue Reading

Nubwo hari ibyiza bya internet, Dore ibindi bibi internet yazanye mu isi

Ikoranabuhanga rishingiye kuri murandasi bwazanye byinshi byiza n’ibibi dore ko mu buzima tubamo buri kintu cyose kiba gifite ibyiza n’ibibi, Uku niko isi iteye kuva yabaho ko hagomba kuba hari ibibi n’ibyiza bityo nibyo abantu baremye cyangwa bakoze byose bifite uruhande rwiza ndetse n’uruhande rubi. Uyu munsi reka tuvuge ku bijyanye n’ikoranabuhanga ry’uyu munsi aho […]

Continue Reading