Irinde ibi bintu niba ushaka kubaho ubuzima wishimye.
Hari ubwo tubaho mu buzma burimo imibabaro kubera ko ahanini tuba aritwe tubyitera ugasanga no mu gihe cyo kunezerwa ntitubashijke kugera kuri uwo munezero kandi aritwe tubyiteye. Niba rero ushaka kubaho mu buzima bunezerewe dore ibyo ugomba kwirinda. Kwigereranya n’abandi : ntushobora kubaho mu buzima bunezerewe igihe wirirwa wigereranya n’abandi. Buri muntu wese agira umunezero […]
Continue Reading