Inama y’Abaminisitiri : Abarimo Gen Patrick Nyamvumba n’abandi bahawe imirimo mishya.

Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri isoza ukwezi kwa kabiri yafatiwemo ibyemezo n’imyanzuro bitandukanye kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Gashyantare 2024. Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo Nama y’Abaminisitiri harimo iyo gushyira mu myanya abayobozi, aho General Patrick Nyamvumba wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, no kuyobora Minisiteri y’Umutekano, yahawe guhagararira u Rwanda […]

Continue Reading

Nyabugogo : KAYITARE Maurice w’imyaka 55 yamanutse mu igorofa ahita ahasiga ubuzima.

Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Gashyantare 2024, Nyabugogo ahazwi nko mu nyubako y’Amashyirahamwe izwi nko mu nkundamahoro habereye impanuka y’umugabo wahanutse mu igorofa agahita apfa. Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya nimugoroba muri aka kagari ka Kimisagara, Umudugudu w’Akabeza, Akarere ka Nyarugenge aha hazwi nko ku nyubako y’Amashyirahamwe Mu {Nkundamahoro} Ubwo Umugabo witwa Kayitare […]

Continue Reading

Kenny Sol na Bruce Melodie bagiye kongera kubana mu rugo rumwe.

Abahanzi babiri bari mu matafari agize umuziki nyarwanda bagiye guhuza imbaraga mu kuzamura Label ya 1:55 AM ndetse na muzika nyarwanda muri rusange, Nyuma y’igihe kitari gito basanzwe bakorana . Amakuru yatugezeho mu kanya kashize yavugaga ko kugeza ubu umuhanzi Kenny Sol ufite izina rikomeye muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no muri East Africa […]

Continue Reading

Breaking News: Abantu bagwiriwe n’ikirombe mu karere ka Bugesera

Mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru mbi y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima ariko abandi babiri baracyashakishwa. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rweru witwa Jean Claude Sibomana yabitangaje Ibi byago byabereye ahitwa Batima nk’uko bagenzi bacu ba Flash babishyize kuri X. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba Superintendent of […]

Continue Reading

Igiciro cy’urugendo ku bantu batega imodoka rusange kigiye kwiyongera

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, avuga ko nkunganire ku ngendo yari yashyizweho mu bihe bya Covid-19 guhera mu Ukwakira kwa 2020, kuko Leta yifuzaga kugabanya umubare w’abantu muri bisi mu rwego rwo kwirinda Covid-19, kandi ko n’ubukungu butari bwifashe neza ku Banyarwanda muri rusange. Dr Gasore avuga ko kugeza ubu Leta yari ikirimo kwishyurira […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera, bityo ko na we bazabigaragaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri uyu mwaka wa 2024. Perezida Paul Kagame ibi yabitangarije mu kiganiro yatangiye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kuri uyu wa Mbere tariki 12 […]

Continue Reading

Nyarugenge: Habaye impanuka y’imodoka, irashya irakongoka.

Mu karere ka Nyarugenge, imodoka ntoya yo mu bwoko bwa Toyota Corolla yafashwe n’inkongi y’umuriro mw’ijoro ryakeye, irashya irakongoka. Mw’ijoro ryakeye tariki 10 gashyantare 2024, nibwo ibi byabaye mu masaha ya saa moya z’ijoro, bikaba byabereye mu Mudugudu w’Amajyambere mu Kagari k’Agatare mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge. Ubwo twageraga ahabereye iyi mpanuka, […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kazungu Denis rwari rutegerejwe rwongeye gusubikwa.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza uwitwa Kazungu Denis aregwamo n’Ubushinjacyaha ku nshuro ya gatatu ku bw’impamvu z’Inama. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024, Nibwo Urubanza rwa Kazungu Denis rwagombaga kuba ariko rwongera gusubikwa kubera impamvu z’inama y’abakozi b’inkiko yabaye n’ubundi ku munsi nyirizina w’urubanza. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continue Reading

Umucamanza wo mu rwego rwo hejuru mu Burayi araburira Guverinoma y’Ubwongereza kutirengagiza ibyemezo by’urukiko.

Rishi Sunak yaburiwe ko adakwiye kurenga ku itegeko ry’uburenganzira bwa muntu mu Burayi aramutse yirengagije icyemezo cy’urukiko cyihutirwa kigamije guhagarika abasaba ubuhungiro ko boherezwa mu Rwanda. Minisitiri w’intebe yiyemeje kenshi ko atazemera ko “inkiko z’amahanga” zihagarika gahunda yo kohereza abimukira bamwe mu rugendo rumwe mu gihugu cya Afurika. Umushinga w’umutekano w’u Rwanda (Ubuhunzi n’abinjira n’abasohoka) […]

Continue Reading

Umushyikirano19: H.E Perezida Kagame ati “ntawe ndumva wahiriwe no kuvuga nabi u Rwanda.

Mu nama y’umushyikirano H.E Paul Kagame yagarutse kubantu biha gusebya u Rwanda, baba ari abenegihugu bashukishwa uduhendabana ngo bakunde basebye u Rwanda. Yakomoje kubantu bamwe bari bafite akazi keza mu Rwanda, ari abaporofeseri, nyamara ntibanyurwe bagatoroka igihugu bakajya kuba abashoferi b’amakamyo nayo atari ayabo. Yakomeje asaba Abanyarwanda kuryama bagaturiza iwabo ngo kuko ntakintu kibi nko […]

Continue Reading