Uruhare rw’abagore ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu mateka y’u Rwanda, urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye ku wa 1 Ukwakira 1990 rukaba rwarageze ku ntsinzi mu 1994, ubwo Ingabo za RPA-Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri urwo rugamba, abagore bagize uruhare ntagereranywa, haba ku rugamba rwa gisirikare, mu bikorwa by’ubutabazi, mu gutanga ubufasha, ndetse no mu guharanira amahoro n’ubumwe bw’Abanyarwanda. Bamwe mu […]

Continue Reading

Ambasaderi Vincent Karega yashinje Ababiligi kurema amoko mu Rwanda kugira ngo bakomeze ubukoloni

Ambasaderi w’u Rwanda wihariye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yatangaje ko amoko yagiye agaragara mu Rwanda atari ashingiye ku kamaro k’umuco cyangwa inkomoko, ahubwo yaremwe n’Ababiligi bari bagamije gukomeza ingoma y’ubukoloni no gutegeka u Rwanda binyuze mu gutanya abaturage. Amb. Karega yavuze ko ingengabitekerezo y’amoko yacengejwe mu Banyarwanda n’abakoloni b’Ababiligi, nyuma yo gusanga itandukaniro […]

Continue Reading

Rulindo: Hatangiye umuhango wo guherekeza Alain Bernard Mukuralinda, wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma

Mu Karere ka Rulindo, kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Mata 2025, hatangiye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Alain Bernard Mukuralinda, uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, witabye Imana ku itariki ya 4 Mata azize guhagarara k’umutima. Uyu muhango watangijwe n’Igitambo cya Misa cyo kumusezeraho, kirimo kubera kuri Paruwasi Gatolika ya Rulindo. Ni […]

Continue Reading

Kigali: Ubuyobozi bwiseguye ku baturage bakererejwe n’umushinga wa Green City.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwiseguye ku baturage bakererejwe n’umushinga wa Green City ugomba gushyirwa mu bikorwa mu mwaka itanu irimbere, ukazakorerwa mu Tugari tubiri two mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Ni umushinga ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko zimwe mu mpamvu zatumye utinda gushyirwa mu bikorwa harimo kuba ari bwo bwa mbere […]

Continue Reading

Perezida Kagame yirukanye bamwe mu Basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda.

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru mu ngobo z’u Rwanda, abandi bagera mu 195 amasezerano yabo araseswa. Iri tangazo ryashyizwe hanze n’Igisirikare cy’u Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, rivuga ko Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze uburenganzira bwo kwirukana no gusesa amasezerano y’abandi […]

Continue Reading

Umwana ufite ubumuga bwo kutabona yabaye uwa 5 ku rwego rw’Igihugu mu bizamini bya Leta.

Niyonzima Jean de Dieu wiga mu ishuri ry’abafite ubumuga bwo kutabona ry’i Kibeho (Education Institute for Blind Children Kibeho) yahembwe muri batanu ba mbere bagize amanota meza mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, kuri uyu wa 27 kanama 2024. Umucungamutungo w’ishuri ry’abatabona ry’i Kibeho  Sr Nicolas Nsanabo Hyacinthe, yavuze ko batewe ishema no […]

Continue Reading

Producer Frank Tamali wafashije abahanzi benshi mu Rwanda yitabye Imana.

Producer Frank Tamari wakundaga kwiyita “The Concora” yitabye Imana azize uburwayi, Nyuma yo kunyura mu buribwe bukomeye atagikora neza umwuga. Mu gito cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Kamena 2024, Nibwo Frank Tamali wamenyekanye cyane mu mwuga wo gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi {Audio Production} Yitabye Imana azize uburwayi bw’umwijima yari amaranye igihe […]

Continue Reading

Paul Kagame umukandida wa RPF Inkotanyi yavuze ko abashaka kugirira nabi u Rwanda ataribo mana.

Paul Kagame, umukandida w’Umuryango wa RPF Inkotanyi, yavuze ko urebye mu mateka abanyarwanda banyuzemo n’aho bageze, ntawashidikanya kuvuga ko hari impinduka zakozwe zigaragaza, kandi ko ntawe ukwiye guterwa ubwoba n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagambirira kurugirira nabi. Ibi yabivuze ejo hashize tariki 22 kamena mw’ ijambo yavugiye mu gikorwa cyo gutangiza gahunda yo kwamamaza umukandida wa […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ashyira mu myanya abayobozi bashya.

Umukuru w’igihugu Paul Kagame, yakoze impinduka muri Guverinoma ashyira abayobozi bashya mu myanya barimo Ambasaderi Nduhungirehe Olivier wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane. Ibi byabaye mw’ijoro ryakeye tariki 12 kamena 2024, aho hashyirwagaho abayobozi bashya mu myanya ya Guverinoma. Ambasaderi Oliver Nduhugirehe yasimbuye Dr Vincent Biruta wagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Mu bandi umukuru w’igihugu yahaye […]

Continue Reading

Platini P yashyikirije abagore ba Jay Polly inkunga ya Miliyoni 13,5 Frw, baherewe mu gitaramo cye. {Amafoto}

Kuri uyu wa 30 Mata 2024 nibwo Platini yegereye abagore ba Jay Polly abashyikiriza amafaranga amaze iminsi akusanya mu nkunga bemerewe mu gitaramo cye giherutse kubera muri Camp Kigali ku wa 30 Werurwe 2024. Muri miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda zemewe, abagore ba Jay Polly bateranyije ayo bamaze guhabwa yose yabaye miliyoni 13,5Frw, Aba bagore […]

Continue Reading