Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko
Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy’undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo. Ibi ni ibintu bije nyuma yaho hakunze kubaho ko ushobora guta ikintu maze undi akagitora, Icyo gihe yamara kugitora akakijyana yakigize icye kandi nyamara azi nyiracyo ariko akanga akagihindura icye dore ko hari n’imvugo mu […]
Continue Reading