Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko

Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy’undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo. Ibi ni ibintu bije nyuma yaho hakunze kubaho ko ushobora guta ikintu maze undi akagitora, Icyo gihe yamara kugitora akakijyana yakigize icye kandi nyamara azi nyiracyo ariko akanga akagihindura icye dore ko hari n’imvugo mu […]

Continue Reading

Biden Yaburiye ingabo za Amerika ko zishobora kwisanga mu makimbirane n’Uburusiya.

Perezida Joe Biden yihanangirije igihugu cye cya Amerika ko cyaba gifite ibyago byo gukururirwa mu ntambara itaziguye n’Uburusiya mu gihe cyose Kreml yaba itsinze intambara na Ukraine. Aya magambo ya Biden kandi aje akurikira igitero kinini cy’Uburusiya bwaraye bugabye mu kirere cya Ukraine kuri uyu wa gatanu, Abayobozi b’ingabo zirwanira mu kirere za Kyiv bavuze […]

Continue Reading

Anne Rwigara, Umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana.

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana azize urupfu rutunguranye aho yabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ku myaka 41 y’amavuko. Hari hashize igihe kinini Anne Rwigara ataba mu Rwanda, kuko asanganywe ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Inshuro nyinshi yabaga ari muri Amerika cyangwa se mu Bubiligi aho […]

Continue Reading

Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ubyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan Dagalo uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF, nyuma yo kumwakira iwe murugo. Ibi Yoweri Kaguta Museveni, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 27 ukuboza 2023, mu butumwa yanyujije kurukuta rwe rwa X, buherekejwe n’ifoto ari kumwe nuyu mu General. Yoweri Kaguta Museveni, […]

Continue Reading

Isaha yo gukemura ibibazo mu buryo bwa dipolomasi yararangiye rwose, Hagezweho guhanahana umuriro, Benny Gantz yaburiye Hezbollah.

Isiraheli- Gaza Minisitiri wa Isiraheli Yihanangirije Hezbollah, ayibutsa ko baza kuyicanaho umuriro mu gihe cyose ikomeje ibitero byayo cyane ko isaha yo gucyemura ibibazo mu nzira ya Diporomasi yarangiye. Minisitiri wa Isiraheli yihanangirije abarwanyi ba Hezbollah ko ingabo za Isiraheli zizagira uruhare mu kuyivana ku mupaka na Libani mu gihe cyose ishatse gukomeza ibitero byayo. […]

Continue Reading

Muri DR Congo imyigaragambyo yo kwamagana ibyavuye mu matora yakamejeje.

Abaturage bo muri Congo bashyigikiye abakandida batishimiye ibiri kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu, batangiye kwigaragambya babyamagana, aho bamwe badatinya kuvuga ko barambiwe kwibira amajwi Perezida Felix Tshisekedi. Iyi myigaragambyo yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Ukuboza 2023, nyuma y’amasaha macye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangaje ko abaribwigaragabye bitari bubagwe amahoro. Peter […]

Continue Reading

Imanza eshanu za mbere mu nkiko zagaragaye muri 2023 zikumvikanamo amajwi n’ubusabe bwa rubanda..

Umwaka wa 2023 ni umwe mu mwaka wabonetsemo imanza nyinshi z’urukiko zashishikaje rubanda, zishingiye ku bibazo bikomeye nk’icyaha bihambaye cyangwa guhindura amategeko bavugaga ko “anyuranyije n’itegeko nshinga. Urugero, abantu benshi bakurikiranye bitonze ikibazo cya Denis Kazungu, umugabo bivugwa ko yishe abantu icumi. Icyakora, hari n’zindi manza nyinshi zikomeye zaciwe muri 2023 zahagurukije rubanda rugashyira hejuru […]

Continue Reading

Muri D R Congo Guverinoma yaburiye abapanze imyigaragambyo ko bashobora guhura n’akaga gakomeye.

Abaturage bo muri D R Congo bashyigikiye abakandida batari kwishimira ibiri kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu, bateguye imyiragarambyo bahamagariwemo n’abakandida babo, mu gihe Guverinoma yo yababuriye ko ujya mu muhanda kwigaragambya wese araza guhura n’akaga gakomeye. Iyi myigaragambyo biteganijwe ko iza kuba kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Ukuboza 2023, nyuma y’uko itumijwe na bamwe […]

Continue Reading

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Félix Tshisekedi ashaka gushoza.

Brig Gen Ronald Rwivanga, umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, amaze iminsi avuga ko ashobora kuyishoza. Mu kiganiro kitwa ‘The Long Form with Sanny Ntayombya’ Brig. Gen. Ronald Rwivanga, , yabajijwe icyakorwa mu gihe ibyo Perezida Tshisekedi yavuze yabishyira mu bikorwa, […]

Continue Reading

UN Yemeje ko nta bitero by’indege z’intambara bizongera kugabwa kuri Gaza.

Nta guhagarika umutima kundi kwatezwaga n’ibitero by’indege z’intambara za Isiraheli kuri Gaza, nk’uko umuyobozi w’umuryango wa Loni yabitangarije itangazamakuru. Nyuma yo gusura ibitaro bisanzwe byita ku nkomere z’intambara kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Ukuboza 2023, Gemma Connell wo mu kigo cy’umuryango w’abibumbye cyita ku bantu Ocha yabwiye itangazamakuru ko ibyo yabonye mu bitaro […]

Continue Reading