DR Congo: Abashaka gukura Felix Tshisekedi ku butegetsi bagaragaje ko umugambi wabo ugikomeje.

AFC ni ihuriro rivuga ko rigamije guhindura ibintu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikaba ritanemera ko perezida Felix Tshisekedi yatsinze amatora, ryamaze gushyiraho umuhuzabikorwa wahoze mu nzego z’ubuyobozi bwa Congo (Corneille Nangaa). Corneille Nangaa wahoze ayobora Komisiyo y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, niwe muhuzabikorwa wa AFC (Alliance Fleuve Congo), Iri huriro kandi […]

Continue Reading

Mu mboni : Saleh al-Arouri wishwe yari muntu ki? Ese ni iki gikomeye, kitezwe gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Saleh al-Arouri wahitankwe n’ingabo za Islael, yari umwe mu bantu bakomeye cyane mu nzego n’ubuyobozi bwa Hamas, umuntu ukomeye kandi mu nzego za politiki ndetse n’ingabo muri rusange. Uyu mugabo w’imyaka 57 yari umuyobozi wungirije w’ibiro bya politiki bya Hamas, kandi yafashaga byinshi mu gushing abandi barwanyi bashya muri uwo umutwe w’ingabo nka Brigade ya […]

Continue Reading

Mu mboni : Bitangiye guhindura Isura, Umuyobozi wungirije wa Hamas, Saleh al-Arouri yiciwe i Beirut

Ibyari byitezwe ko Islael yahagarika intambara byahinyujwe ku rwego rwo hejuru, Ubwoba n’igishyika bikomeje kuba byinshi ko intambara ya hagati ya Hamas n’ingabo za Islael ishobora kuza mu isura nshya 2024. Aya makuru yatangajwe n’Igisirikare cya Israël ku mugioroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2023, Mi itangazo ryavugaga ko Ingabo za […]

Continue Reading

Ingabo z’U Rwanda zibukije Felix Tshisekedi ko zidakangika.

Ingabo z’ U Rwanda zahaye ubutumwa bukomeye Perezida wa Congo nyuma Perezida Tshisekedi atangaje amagambo yatangaje akanatera ubwoba benshi kuwa 18 Ukuboza 2023. Ibi bitangajwe nyuma yuko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tshilombo, mu minsi ishize ubwo yari ku kibuga cyitiriwe Sainte Therese i Kinshasa tariki 18 Ukuboza 2023, yiyamamariza kuyobora igihugu muri manda ya […]

Continue Reading

Perezida w’u Burundi Evaliste Ndayishimiye yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda.

Nyuma y’iminsi itari myinshi humvikana umwuka utari mwiza hagati y’u Burundi n’u Rwanda, Evaliste Ndayishimiye Perezida w’u Burundi, yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda. Perezida Evariste Ndayishimiye mw’ijambo rye risoza umwaka wa 2023, yagejeje ku Barundi,  yashiNJIJE u Rwanda gufasha umutwe wa RED-Tabara urwanya leta y’u Burundi. Aya magambo yatangajwe nyuma y’igitero […]

Continue Reading

Lt Col Simon Kabera yahumurije abanyarwanda ko batagomba guterwa ubwoba n’amagambo atera ubwoba igihugu.

Lt Col Simon Kabera, umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda aho bari bakwiriye kumva batekanye ndetse bagakomeza imirimo yabo, ntibakurwe umutima n’amagambo atera ubwoba igihugu kuko ingabo zacyo ziteguye kandi zidakangwa n’ibivuzwe byose kuko zanyuze muri byinshi bikomeye. Ibi bitangajwe nyuma yuko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tshilombo, mu […]

Continue Reading

Etiyopiya yamaze kumvikana no kugirana amasezerano yo gukoresha icyambu kinini muri Somaliland

Ku wa mbere, abayobozi bavuze ko Etiyopiya yagiranye amasezerano yo gukoresha icyambu kinini mu karere ka Somaliya gatandukanijwe na Somaliland, kubera ko iki gihugu kidafite inkombe gishakisha inzira nyinshi zo mu nyanja. Amasezerano ku cyambu cya Berbera cya Somaliland aje nyuma y’amezi make Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed, avuze ko igihugu cye kizarengera uburenganzira […]

Continue Reading

Mu mboni : Ese umwaka wa 2023 urangiye U Rwanda ruhagaze rute mu bubanyi n’amahanga na Dipolomasi ?

Muri uyu mwaka wa 2023, mu bijyanye n’ububanyi n’amahanga na dipolomasi hagati y’u Rwanda n’amahanga, hagiye hagaragara isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu byinshi byiganjemo ibyo ku mugabane wa Afurika. Ku ikubitiro Tariki 4 Mata, Perezida William Ruto wa Kenya yagiriye uruzinduko i Kigali ndetse yakirwa na mugenzi we Perezida […]

Continue Reading

DRC: Ibyiyumvo by’abashyigikiye Dr. Mukwege nyuma y’ibyavuye mu matora

I Bukavu, abashyigikiye Dr. Denis Mukwege na we wiyamamarije umwanya wa perezida, na bo bagaragaje ibyiyumvo byabo, nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora ya perezida. Yicaye imbere ya televiziyo, Honoré Imani, umwe mu bashyigikiye Dr. Mukwege i Bukavu, amaze igihe kinini ababazwa no gutangaza ibyavuye mu matora. “Ndababaye cyane kuko tutabonye amatora nyayo mu gihugu […]

Continue Reading

Isiraheli ikomeje intambara yo kurwanya Hamas mu mwaka wa 2024, Ivuga ko izamara amezi menshi.

Umuvugizi w’ingabo z’igihugu cya Isiraheli, Daniel Hagari, mu butumwa bwe bw’umwaka mushya, yasobanuye ko abagera ku bihumbi magana atatu baba sirikare babo bazaruhuka kugira ngo bitegure urugamba rurerure no kongera kwiyubaka. Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas ivuga ko kugeza ubu, muri Gaza hapfuye abantu barenga 21.800, abenshi muri bo bakaba ari abana n’abagore. Ibi biraba […]

Continue Reading