Ni ikihe kibazo DR Congo ifite? Kuki iki gihugu kirirwa mu makimbirane?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahuye yahuye n’ibibazo byinshi mu mwaka dusoje wa 2023, ndetse na nyuma yuyu mwaka niko bikomeje kumera nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu aho bamwe batemera ibyayavuyemo. Imirwano irimo imitwe yitwara gisirikare ku butaka n’umutungo kamere, ubwicanyi ndengakamere bw’inzego zishinzwe umutekano, ihohoterwa rya politiki, n’ubwimvikane bucye n’igihugu cy’ u Rwanda bituranye (ahanini […]

Continue Reading

Umuhungu w’umuyobozi mukuru wa Al Jazeera, Hamza al-Dahdouh ari mu banyamakuru biciwe muri Gaza.

Umuhungu w’imfura w’umuyobozi w’ibiro bya Al Jazeera muri Gaza yiciwe mu gitero cya Isiraheli mu majyepfo ya Gaza, Hamza al-Dahdouh, umunyamakuru wari ukiri umusore w’ingaragu wa Al Jazeera yicanwe n’abandi banyamakuru bari kumwe. Uyu musore wa Al Jazeera wari ukiri ingaragu yishwe kuri iki cyumweru ari kumwe n’abandi banyamakuru mu muhanda uhuza Khan Younis na […]

Continue Reading

Umwami wa Jordanie, Abdullah II bin Al-Hussein, ari mu ruzinduko mu Rwanda.

 Abdullah II bin Al-Hussein, Umwami wa ari mu Rwanda kuri iki cyumweru tariki 07 Mutarama 2024, Mu ruzinduko arimo rw’akazi rugamije gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi. Umwami Abdullah II bin Al-Hussein, yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe kuri iki cyumweru, tariki ya 7 Mutarama 2024 yakiriwe na Perezida Paul Kagame, Muri uru ruzinduko […]

Continue Reading

Urukiko rw’Ikirenga rwemeye gutanga umwanzuro, niba Trump ashobora kubuzwa gukomeza imirimo yo kwiyamamaza.

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Amerika rwavuze ko ku wa gatanu ruzasuzuma icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga rwa Colorado kidasanzwe cyo gukuraho uwahoze ari Perezida Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza muri iyo ntara. Nyuma na nyuma Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwamaze kwemeza ko rugiye gusuzuma ubujurire bwa Perezida Donald Trump, Nyuma y’uko yari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, uyobora umutwe wa RSF wo muri Sudani bagirana ibiganiro.

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda avuga ko Jenerali yahuye na Perezida Kagame kuri uyu wa 5 Mutarama 2024 i Kigali. Umuyobozi wa RSF, uri mu ruzinduko mu karere k’ibihugu bya Afurika y’Uburasirazuba, yasobanuriye Perezida Kagame ibijyanye na politiki n’umutekano muri Sudani ndetse na gahunda z’amahoro zikomerejeyo. Perezida Paul Kagame yemeye inkunga […]

Continue Reading

Perezida wa Kenya William Ruto ntiyumva ukuntu ubucamanza bushaka kuburizamo ibikorwa bifitiye abaturage akamaro.

Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya, ntibucana uwaka na Perezida William Ruto nyuma y’aho atangaje ko arikubangamirwa n’ubucamanza kandi akeneye gukora ibikorwa bifitiye abaturage akamaro. Tariki ya 2 Ukuboza 2023 nibwo Perezida William Ruto, yatangaje ko hari ibyemezo by’inkiko bitinza gahunda ze zo guteza imbere igihugu zirimo kubaka ibikorwaremezo, ubwisungane mu kwivuza n’iyo gushakira Abanya-kenya bose […]

Continue Reading

Islael yagaragaje imigambi mishya ifite kuri Gaza, Nyuma y’Intambara.

Minisitiri w’ingabo muri Isiraheli, Yoav Gallant, yagaragaje ibyifuzo bishya by’imiyoborere y’ahazaza kuri Gaza, Mu gihe intambara hagati ya Isiraheli na Hamas izaba irangiye. Yohav Gallant yavuze ko ku butaka bwa Gaza hazabaho ubutegetsi bwa Palesitine budashira, Yongeyeho ko Hamas itazongera kuyobora Gaza ukundi kandi ko Isiraheli izakomeza kugenzura umutekano muri w’ako gace rusange. Ni mu […]

Continue Reading

Ibyihishe inyuma y’imikoranire y’ingabo z’u Burundi, FARDC na FDLR byashyizwe hanze.

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, zagaragaje imikoranire idashidikanywaho y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’Ingabo z’u Burundi mu ntambara imaze iminsi mu burasirazuba bwa Congo, ndetse inavuga umubare w’ingabo ziriyo, n’uko zagezeyo. Iyi raporo yashyizwe hanze n’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, bigaragara ko yagiye hanze tariki 30 Ukuboza 2023, ariko ikaba yashyizwe ku rubuga kuri uyu […]

Continue Reading

RDF n’ingabo za Pakisitani mu nzira zo gushimangira ubufatanye.

Ku wa gatatu, tariki ya 3 Mutarama, Umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda (RDF) akaba n’Umugaba mukuru w’ingabo, Gen Mubarakh Muganga yakiriwe na Gen Sahir Shamshad Mirza, Umuyobozi mukuru w’ingabo z’igihugu cya Pakisitani ku cyicaro gikuru cy’abakozi i Islamabad. Gen Mubarakh na Minisitiri Jalil Abbas, Ambasade ya Pakistan mu Rwanda yatangaje ko ibiganiro bagiranye byibanze ku […]

Continue Reading

Iran : Abaturage bagera kuri 103 nibo bahitanwe n’ibisasu byaturikiye hafi y’imva ya General Qasem Soleimani.

Nk’uko ibitangazamakuru bya leta ya Irani bibitangaza ngo byibuze abantu bagera kuri 103 nibbo bemejwe ko bahitanywe n’ibisasu bibiri byaturikirijwe hafi y’imva ya jenerali wa Irani Qasem Soleimani ku isabukuru y’imyaka ine yishwe na Amerika. Umunyamakuru wa Leta ya Irib yavuze ko abandi bantu benshi bataratangarizwa imibare bakomeretse cyane, Ubwo ibyo bisasu byibasiraga abakoraga umutambagiro […]

Continue Reading