Amerika: Nadia Mohamed, umugore wa mbere wo muri Somaliya watorewe kuba umuyobozi muri Minnesota

Nadia Mohamed yatorewe kuba umuyobozi mu mujyi wa St. Louis Park , aba umuyobozi wa mbere w’Umwirabura muri uyu mujyi mu myaka 170 ishize, umuyobozi wa mbere w’umunyamerika ariko ufite inkomoko muri Somaliya utuye unafite ubwenegihugu bwa Minnesota, n’umuyobozi wa kabiri uzwi ukomoka muri Somaliya mu mateka y’Amerika. Nadia Mohamed yabonye amajwi 58% ahanganye na […]

Continue Reading

Umuyobozi mukuru wa Hezbollah, nawe yiciwe mu gitero cy’Ingabo za Isiraheli.

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa Islamu Hezbollah biravugwa ko yaba yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote muri cyagabwe n’ingabo za Isiraheli mu majyepfo ya Libani mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere. Amakuru avuga ko imodoka yari itwaye uyu muyobozi wa Hezbollah ngo yari yashyizwe mu gipima n’ingabo za Islael kuva kare mu gace ka Khirbet […]

Continue Reading

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali. {Amafoto}

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, Aho yunamiye byimazeyo abishwe na Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwo rwibutso rukaba ruruhukiyemo imibiri y’Abazize Jenoside barenga 250.000 bo mu bice bitandukanye bya Kigali, Ku wa mbere, ubwo Umwami Abdullah II yagendaga anyura ku rwibutso, aherekejwe n’abayobozi […]

Continue Reading

Museveni yongeye kwamagana abo mu bihugu by’abazungu kubera ‘gushaka gushyigikra abaryamana bahuje ibitsina’ muri Afrika.

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze icyo yise kugerageza ibihugu by’iburengerazuba (Abanyaburayi n’abanyamerika) kubera gushaka gushyira imyizerere yabo ku bantu bo mu bihugu by’amahanga. Kuwa Kane, ubwo yavuganaga n’intumwa zirenga 33 zitabiriye inama y’abavuga rikijyana mu muryango wa Commonwealth hamwe n’abayobozi bayobora – (CSPOC 2024) muri Speke Resort Munyonyo i Kampala, Museveni yavuze ko Uburengerazuba […]

Continue Reading

Ubutaliyani bwafashe ingamba zo guca abimukira bava muri Afrika bajya mu Burayi.

Mu gihe Ubutaliyani bwiyemeza kuyobora igice cy’ibihugu birindwi by’inganda zikomeye, Minisitiri w’intebe Giorgia Meloni yavuze kuri iki cyumweru ko kwibanda ku guteza imbere ubufatanye bufatika na Afurika, aho gutanga ubufasha, bizaba ingenzi mu gihe cy’umwaka umwe. Yavuze ko guteza imbere ubukungu bwaho no kuzamura imibereho muri Afurika, bishobora kubuza abashaka kwimuka gushaka ubuhungiro mu Burayi. […]

Continue Reading

Ni ikihe kibazo DR Congo ifite? Kuki iki gihugu kirirwa mu makimbirane?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahuye yahuye n’ibibazo byinshi mu mwaka dusoje wa 2023, ndetse na nyuma yuyu mwaka niko bikomeje kumera nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu aho bamwe batemera ibyayavuyemo. Imirwano irimo imitwe yitwara gisirikare ku butaka n’umutungo kamere, ubwicanyi ndengakamere bw’inzego zishinzwe umutekano, ihohoterwa rya politiki, n’ubwimvikane bucye n’igihugu cy’ u Rwanda bituranye (ahanini […]

Continue Reading

Umuhungu w’umuyobozi mukuru wa Al Jazeera, Hamza al-Dahdouh ari mu banyamakuru biciwe muri Gaza.

Umuhungu w’imfura w’umuyobozi w’ibiro bya Al Jazeera muri Gaza yiciwe mu gitero cya Isiraheli mu majyepfo ya Gaza, Hamza al-Dahdouh, umunyamakuru wari ukiri umusore w’ingaragu wa Al Jazeera yicanwe n’abandi banyamakuru bari kumwe. Uyu musore wa Al Jazeera wari ukiri ingaragu yishwe kuri iki cyumweru ari kumwe n’abandi banyamakuru mu muhanda uhuza Khan Younis na […]

Continue Reading

Umwami wa Jordanie, Abdullah II bin Al-Hussein, ari mu ruzinduko mu Rwanda.

 Abdullah II bin Al-Hussein, Umwami wa ari mu Rwanda kuri iki cyumweru tariki 07 Mutarama 2024, Mu ruzinduko arimo rw’akazi rugamije gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi. Umwami Abdullah II bin Al-Hussein, yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe kuri iki cyumweru, tariki ya 7 Mutarama 2024 yakiriwe na Perezida Paul Kagame, Muri uru ruzinduko […]

Continue Reading

Urukiko rw’Ikirenga rwemeye gutanga umwanzuro, niba Trump ashobora kubuzwa gukomeza imirimo yo kwiyamamaza.

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Amerika rwavuze ko ku wa gatanu ruzasuzuma icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga rwa Colorado kidasanzwe cyo gukuraho uwahoze ari Perezida Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza muri iyo ntara. Nyuma na nyuma Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwamaze kwemeza ko rugiye gusuzuma ubujurire bwa Perezida Donald Trump, Nyuma y’uko yari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Gen Mohamed Hamdan Dagalo, uyobora umutwe wa RSF wo muri Sudani bagirana ibiganiro.

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda avuga ko Jenerali yahuye na Perezida Kagame kuri uyu wa 5 Mutarama 2024 i Kigali. Umuyobozi wa RSF, uri mu ruzinduko mu karere k’ibihugu bya Afurika y’Uburasirazuba, yasobanuriye Perezida Kagame ibijyanye na politiki n’umutekano muri Sudani ndetse na gahunda z’amahoro zikomerejeyo. Perezida Paul Kagame yemeye inkunga […]

Continue Reading