Ibyibanze wamenya ku munyamategeko uburanira Kazungu Denis

Abantu benshi cyane ku isi bumvise inkuru y’uwitwa Kazungu Denis, uwo urubuga rwa Wikipedia n’ibinyamakuru mpuzamahanga byise umwicanyi ruharwa, Uyu mugabo yanditse amateka mabi kuko we yemera ko yishe abantu bagera kuri 14 cyane biganjemo igitsinagore. Mu banyarwanda biragoye cyane ku batajya bakurikirana amategeko cyane b’abaturage kumva ko hari umuntu umuburanira cyangwa ko yagira umunyamategeko […]

Continue Reading

Aba Houthis ni bande, ese ubundi ibitero by’Amerika n’Ubwongereza kuri Yemeni byaje bite?

Iki gitero ni igisubizo gikomeye cya gisirikare ku gikorwa cy’Aba Houtis gikomeje ibikorwa byo kugaba ibitero bya drone na misile ku mato y’ubucuruzi mu nyanja itukura, byatangiye nyuma y’intambara ya Isiraheli muri Gaza. Dore uko twageze hano: Aba Houthis ni bande? Aba Houthis ni umutwe w’ingabo witwara gisirikare wo muri Yemeni witiriwe uwawushinze, Hussein Badreddin […]

Continue Reading

Yemen : Aba Houthis bahize kwihorera no gutanga ibihano bihambaye kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo.

Aba Houthis bahize ko hagomba kubaho ibihano bihambaye cyangwa kwihorera kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo muri Yemeni bakoresheje ikirere n’inyanja. Amakuru yanditswe n’ibinyamakuru byinshi bya hariya mu bwongereza na Amerika byatangaje ko Amerika n’ubwongereza ijoro ryose byagabye ibitero bya gisirikare mu kirere n’inyanja bikibasira ibirindiro 16 bya Houthi, birimo ibigo bishinzwe kuyobora […]

Continue Reading

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze muri Leta ya Zanzibar mu ruzindiko.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze mu Leta ya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge bea Zanzibar. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, nibwo umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yageze muri Zanzibar. Biteganyijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame […]

Continue Reading

Uko abaturage bo mu Burundi nabo mu Rwanda babona mu gufunga imipaka y’ibihugu byombi.

Kuwa 11 Mutarama 2024 nibwo ubuyobozi bw’igihugu cy’u Burundi cyatangaje mu itangazamakuru ko bafunze imipaka yose igihuuza n’u Rwanda. Mu mipaka yose yahanaga imbibi n’u Rwanda yahise ifungwa harimo Nemba, Gasenyi na Kanyaru nkuko byatangajwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’Uburundi, Martin Niteretse. Abantu batandukanye bo muri ibi bihugu byombi bakomeje kubivugaho mu buryo butandukanye, Gusa nanone […]

Continue Reading

Guverinoma y’U Rwanda yanenze cyane icyemezo gitunguranye cy’U Burundi, cyo kongera gufunga Imipaka.

Guverinoma y’u Rwanda ntiyishimiye nagato ko icyemezo cyafashwe kikanashyirwa mu bikorwa na Leta y’U Burundi cyo gufunga imipaka ihuza Ibihugu byombi cyane ko cyafashwe bitunguranye ndetse hakaba na nyungu yari igambiriwe. Leta y’U Rwanda yavuze uko ibyumva ku ruhande rwayo, ivuga ko ari icyemezo gitunguranye kandi gihabanye n’amahame y’Umuryango ibi Bihugu bihuriyemo, Ifungwa ry’imipaka ihuza […]

Continue Reading

Ese Moïse Katumbi uhanganye na Tshisekedi ni muntu ki?

Moïse Katumbi yavutse ku ya 28 Ukuboza 1964, yavutse kuri nyina w’Umukongomani witwa Virginie Katumbi ndeste no kuri se witwa Nissim Soriano ufitanye isano rya hafi n’Abayahudi ariko ukomoka mu Bugereki. Ni umwe mu bantu bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo – umuntu utigeze ashidikanya ku kuba yaba perezida. Nyamara inzitizi zakomeje kuba nyinshi […]

Continue Reading

Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda rigiye gusubizwa mu nteko kugira ngo rirusheho kunozwa neza.

Umushinga w’Itegeko rishyigikira gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, rigiye gusubizwa mu Nteko Ishinga Amategeko kugira ngo rirusheho kunozwa ndetse no kurinonosora neza. Rishi Sunak minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, yemeye ko uwo mushinga usubira mu Nteko Ishinga Amategeko nyuma y’uko wari wemejwe ukaza kuzamura impaka mu Badepite na bamwe mu bagize […]

Continue Reading

Kuki Yorodani ari kimwe mu bihugu bigifite ubwami? Ni gute ubu bwami bukora?

Politiki ya Yorodani ibera mu rwego rw’ubwami bw’abadepite, aho Minisitiri w’intebe wa Yorodani ari umuyobozi wa guverinoma, ndetse n’amashyaka menshi. Yorodani ni ubwami bugendera ku itegekonshinga bushingiye ku itegeko nshinga ryatangajwe ku ya 8 Mutarama 1952. Umwami akoresha ububasha bwe abinyujije muri guverinoma yashyizeho ishinzwe Inteko Ishinga Amategeko. Bitandukanye n’ubwami bwinshi bw’abadepite, ubwami bwa Yorodani […]

Continue Reading

Perezida wa Nigeriya yahagaritse minisitiri w’ubutabazi kubera ikibazo cya ruswa.

Betta Edu n’abamubanjirije barimo gukorwaho iperereza ku bijyanye n’imikoreshereze y’imari ikekwa muri minisiteri y’ubutabazi. Kuri uyu wa mbere, perezida wa Nigeriya yahagaritse minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi no kurwanya ubukene kubera gukoresha konti ya banki yigenga mu bikorwa by’imari ya minisiteri muri gahunda y’imibereho myiza ya guverinoma. Umuvugizi wa perezida, Ajuri Ngelale, mu ijambo rye yagize ati: […]

Continue Reading