Ngizi Gereza nziza ku isi, zirusha ubwiza Hotel nyinshi.

Imiryango itegamiye kuri Leta yavuze ko amagereza yo muri iki gihe atera abagororwa kwiheba, harimo no gufungirwa ahantu bitoroshye kubona ibyo kurya bihagije ndetse hamwe na hamwe ugasanga bigoranye ko umuntu ufunzwe abona urumuri, ibyo iyi miryango ivuga ko ari bibi byagiza ikiremwamuntu. Rama Ramanathan, umuvugizi w’abaturage barwanya imibereho mibi mu magereza, yavugiye ku rubuga […]

Continue Reading

U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w’amata.

Ibihugu by’u Rwanda na Tanzania, byasinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w’amata. Ku munsi w’ejo tariki 12 Mutarama 2024, nibwo aya masezerano yashyiriweho umukono, byabereye muri Zanzibar. Aya masezerano yashyizweho umukono Gen (Rtd) James Kabarebe, umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ndetse na Abdallah Hamis Ulega, Minisitiri […]

Continue Reading

Amerika yananiwe gukurikirana miliyari imwe y’amadolari y’inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo ntiyigeze ibika neza ibisasu bifite agaciro karenga miliyari imwe y’amadolari, murizo ntwaro harimo misile zirasa ibitugu, indorerwamo zo kureba nijoro, indege zitagira abadereva n’ibindi bikoresho byoroshye Amerika yahaye Ukraine mu kurwanya Uburusiya. Ibyavuye mu bushakashatsi, bitera kwibaza ku bushobozi Amerika ifite bwo kureba niba intwaro zayo zitibwe cyangwa niba ibyatangajwe bitari byitezwe ko […]

Continue Reading

Bivugwa ko ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya bwiyongereye kuva intambara muri Ukraine yatangira

Ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya mu 2023 byavuzwe ko bwiyongereye nk’uko imibare yashyizwe ahagaragara uyu munsi na Beijing, mu gihe ubucuruzi n’Amerika bwagabanutse bwa mbere mu myaka 4, mu gihe amakimbirane yo mu karere na politiki akomeje kwiyongera. Bivugwa ko ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya bugera kuri miliyari zisaga 240 z’amadolari, nk’uko imibare y’ishami ry’imisoro ibivuga, yarenze […]

Continue Reading

Byinshi wamenya kuri Pasiteri ushinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida wa Haiti.

Amayobera aracyari yose ajyanye n’iyicwa rya perezida wa Haiti, Jovenel Moïse, yarushijeho kwiyongera ubwo abapolisi bo muri Hayiti bataga muri yombi umupasitori w’ivugabutumwa ukomoka uba muri Amerika, amushyira hagati y’umugambi mubi urimo ubwicanyi bwatangaje Abanyahayiti ndetse n’indorerezi mpuzamahanga. Polisi ivuga ko Christian Emmanuel Sanon, wavukiye muri Hayiti, ufite imyaka 62 y’amavuko, umaze imyaka isaga makumyabiri […]

Continue Reading

Ibyibanze wamenya ku munyamategeko uburanira Kazungu Denis

Abantu benshi cyane ku isi bumvise inkuru y’uwitwa Kazungu Denis, uwo urubuga rwa Wikipedia n’ibinyamakuru mpuzamahanga byise umwicanyi ruharwa, Uyu mugabo yanditse amateka mabi kuko we yemera ko yishe abantu bagera kuri 14 cyane biganjemo igitsinagore. Mu banyarwanda biragoye cyane ku batajya bakurikirana amategeko cyane b’abaturage kumva ko hari umuntu umuburanira cyangwa ko yagira umunyamategeko […]

Continue Reading

Aba Houthis ni bande, ese ubundi ibitero by’Amerika n’Ubwongereza kuri Yemeni byaje bite?

Iki gitero ni igisubizo gikomeye cya gisirikare ku gikorwa cy’Aba Houtis gikomeje ibikorwa byo kugaba ibitero bya drone na misile ku mato y’ubucuruzi mu nyanja itukura, byatangiye nyuma y’intambara ya Isiraheli muri Gaza. Dore uko twageze hano: Aba Houthis ni bande? Aba Houthis ni umutwe w’ingabo witwara gisirikare wo muri Yemeni witiriwe uwawushinze, Hussein Badreddin […]

Continue Reading

Yemen : Aba Houthis bahize kwihorera no gutanga ibihano bihambaye kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo.

Aba Houthis bahize ko hagomba kubaho ibihano bihambaye cyangwa kwihorera kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo muri Yemeni bakoresheje ikirere n’inyanja. Amakuru yanditswe n’ibinyamakuru byinshi bya hariya mu bwongereza na Amerika byatangaje ko Amerika n’ubwongereza ijoro ryose byagabye ibitero bya gisirikare mu kirere n’inyanja bikibasira ibirindiro 16 bya Houthi, birimo ibigo bishinzwe kuyobora […]

Continue Reading

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze muri Leta ya Zanzibar mu ruzindiko.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze mu Leta ya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge bea Zanzibar. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, nibwo umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yageze muri Zanzibar. Biteganyijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame […]

Continue Reading

Uko abaturage bo mu Burundi nabo mu Rwanda babona mu gufunga imipaka y’ibihugu byombi.

Kuwa 11 Mutarama 2024 nibwo ubuyobozi bw’igihugu cy’u Burundi cyatangaje mu itangazamakuru ko bafunze imipaka yose igihuuza n’u Rwanda. Mu mipaka yose yahanaga imbibi n’u Rwanda yahise ifungwa harimo Nemba, Gasenyi na Kanyaru nkuko byatangajwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’Uburundi, Martin Niteretse. Abantu batandukanye bo muri ibi bihugu byombi bakomeje kubivugaho mu buryo butandukanye, Gusa nanone […]

Continue Reading