Perezida wa Zimbabwe, Mnangagwa, ubu ntashobora kujya muri Amerika

Guverinoma ya Amerika yakuyeho ibihano Perezida Emimberson Mnangagwa wa Perezida wa Zimbabwe kubera ibirego bya ruswa no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ibihano bishya bisimbuza gahunda yagutse yatangijwe mu myaka 20 ishize. White House yagize ati: “Dukomeje kwibonera ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwa politiki, ubukungu, n’uburenganzira bwa muntu.” Yongeyeho ati: “Kwibasira sosiyete sivile no gukumira cyane ibikorwa […]

Continue Reading

Afurika y’Epfo ivuga ko hakwiye gukoreshwa ingufu mu kurwanya Isiraheli

Ku wa kabiri, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika yepfo, Naledi Pandor, yatangaje ko ibihugu bigomba gukoresha ingufu kugira ngo Isiraheli ihagarike imfashanyo zinjira muri Gaza. Pandor yabonanaga na mugenzi we wo muri Danemarke i Pretoria. Abayobozi bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi n’intambara ya Isiraheli kuri Gaza. “Izo ngabo zikomeye ku isi zigomba guhabwa amabwiriza […]

Continue Reading

Abakunzi ba “UEFA Champions League” bashobora kuyibona mu isura nshya.

Irushanwa ry’Amakipe yabaye ayambere iwayo UEFA Champions League rishobora kugira ubundi buryohe bwihariye ku bakunzi baryo barikurikiranye kuva cyera hose cyane ko ryavuguruwe mu buryo bushya. Abakunzi ba ruhago byumwihariko ab’Irushanwa rya UEFA Champions League bagiye kongera kuryoherwa cyane n’iri rushanwa nyuma yuko Impuzamashyirahamwe ya Ruhago i Burayi (UEFA) yemeje uburyo bushya bwo gukina iri […]

Continue Reading

Ingengo y’imari shya ya Afrika yepfo iragabanya abanywa itabi, n’abanywi

Minisitiri w’imari muri Afurika yepfo yatanze ingengo y’imari 2024 ishaka gukuramo amafaranga menshi mu basoreshwa yita ku banywa itabi n’abanywa kandi ntibahindure imisoro yinjira ku ifaranga. Minisitiri w’imari, Enoch Godongwana, yavuze ko ingamba nshya z’ingengo y’imari zigamije gukusanya hafi miliyari 15 z’inyongera zikenewe mu guhuza ingengo y’imari, kuzamura umusoro ku nyungu rusange. Amafaranga menshi yiyongereyeho […]

Continue Reading

Sudani irasaba gusubizwa byimazeyo mu muryango wa Afrika Yunze Ubumwe (AU)

Umuyobozi w’ingabo z’ingabo za Sudani, Abdel Fattah al-Burhan, yasabye ko hajyaho abunzi ba AU ku kugarura abanyamuryango. Mu itangazo ryatangajwe n’Inama Njyanama y’Ubusugire bw’Ubutegetsi bw’Ikirenga ryatangaje ko, al-Burhan yagaragaje ati: “Sudani yizeye ko Umuryango w’Afurika Yunze ubumwe ushobora gukemura, ariko ari uko Leta igaruye abanyamuryango bayo bose kandi umuryango ukabifata utyo.” Ku cyumweru, Gen Burhan […]

Continue Reading

Congo : Byakomeye bigeze aho umwana arira nyina ntiyumve, RDC yatereye hejuru iratabaza amahanga.

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibyari indyo imwe byahindutse agatogo, Umukino wajemo ubukana buhambaye dore ko ubu imbunda ziremereye arizo zirimo gukora akazi no kumvikanisha neza ikitwa intambara kiri kuhabera. Imirwano ikomeye irimo imbunda ziremereye yafashe indi ntera mu bice bitandukanye byo muri Kivu ya Ruguru muri teritwari ya Masisi na Rutshuru, ibihumbi by’abaturage […]

Continue Reading

Utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe yashyinguwe nyuma y’imyaka ibiri yishwe.

Nyuma y’imyaka ibiri yishwe bunyamaswa, Moreblessing Ali utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe yaje gushyingurwa mu mujyi wa Chitungwiza mu nkengero za Harare ku munsi wo kuwa Gatandatu. Ali, umwe mu bagize ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi (CCC) yashimuswe mu mwaka wa 2022 ari hanze y’akabari i Nyatsime, hafi y’umujyi wa Chitungwiza. Umurambo we wari waciwemo ibice, […]

Continue Reading

DRC Congo: SANDF yongeye gupfusha abasirikare babiri, bicanye hagati yabo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu hamenyekanye ko hari izindi mpfu mu gisirikare cya Afurika Yepfo kiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’Amahoro, gusa bikaba byarabaye kuwa kane ushize. Amakuru yatangajwe na SANDF, Avuga ko umusirikare umwe muri iki gisirikare cya Afurika Yepfo yarashe mugenzi we akamwica ndetse nawe agaherako yirasa […]

Continue Reading

Türkiye : Dr Vicent Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama yiga ku guteza imbere ubutwererane.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta arabarizwa i Antalya mu gihugu cya Türkiye, Aho guhagararira Perezida Paul Kagame mu nama y’ihuriro rizwi nka Antalya Diplomacy Forum, isanzwe yiga ku butwererane mpuzamahanga. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’ u Rwanda yatangaje ko Dr Vicent Biruta yitabiriye iyi nama iri kuba ku nshuro yayo ya 5, kuri uyu […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Hamas yahamagariye Abanya-Palestine kuzajya i Yeruzalemu gutangirirayo Ramadan.

Umuyobozi ushinzwe ibya Politiki mu mutwe wa Hamas yahamagariye Abanya-Palestine gukora urugendo rugana i Yeruzalemu, mu rwego rw’intangiriro z’Ukwezi kw’igisibo kwa Ramadan. Urugendo rwabo rukazaba rwerekeza ku Musigiti wa Al Aqsa muri Yeruzalemu, Ibyo ngo bigakorwa mu rwego rwo kugaragaza ko hakenewe agahenge muri Gaza, muri uko kwezi kw’igisibo. Umuyobozi ushinzwe ibya politiki muri Hamas, […]

Continue Reading