Biden Yaburiye ingabo za Amerika ko zishobora kwisanga mu makimbirane n’Uburusiya.

Perezida Joe Biden yihanangirije igihugu cye cya Amerika ko cyaba gifite ibyago byo gukururirwa mu ntambara itaziguye n’Uburusiya mu gihe cyose Kreml yaba itsinze intambara na Ukraine. Aya magambo ya Biden kandi aje akurikira igitero kinini cy’Uburusiya bwaraye bugabye mu kirere cya Ukraine kuri uyu wa gatanu, Abayobozi b’ingabo zirwanira mu kirere za Kyiv bavuze […]

Continue Reading

Brazil : Imbata zasimbujwe imbwa, mu gucunga umutekano wa Gereza.

Mu gihugu cya Brazil haravugwa inkuru itangaje muri Gereza yo muri Leta ya Santa Cantarina, Nyuma yo gufata icyemezo cyo gusimbuza imbwa zacungaga uyu mutekano imbata zisanzwe zicyemangwa. Amakuru yatangajwe ku munsi wejo wo kuwa kane tariki ya 28 Ukuboza 2023, n’ubuyobozi bwaza Gereza muri iki gihugu ko yafashe icyemezo cyo kureka gukoresha imbwa mu […]

Continue Reading

Congo : Ibiza by’imyuzure n’inkangu byatewe n’imvura nyinshi byahitanye abasaga 40.

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo humvikanye inkuru y’icyiza cy’umwuzure wanahitanye ubuzima bw’abagera kuri 4 uturutse ku mvura imaze iminsi yibasiye icyirere cy’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyepfo, yavugaga ko imvura imaze iminsi igwa muri iki gihugu ndetse no mu bihugu by’abaturanyi ariyo yabaye imbarutso y’uyu mwuzure cyane ko yatumye ubutaka bworoha cyane, […]

Continue Reading

Russia : Indege y’abagenzi yisanze yaguye mu nyanja y’urubura, ku makosa y’umupirote.

Indege itwara abantu bagera kuri 34 ubu irafatwa mu ndege nke zimaze kugera ku Nyanja y’urubura mu burasirazuba bw’Uburusiya kubw’Amakosa y’umu Pirote wayo wagize uburangare. Muri iyi mpanuka y’indege ya Polar Airlines idakanganye nta muntu n’umwe wakomeretse, Ni indege yo mu bwoko bwa Polar Airline yakozwe mu gihe cy’Abasoviyeti Antonov An-24 ikaba yakoze iyi mpanuka […]

Continue Reading

Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ubyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan Dagalo uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF, nyuma yo kumwakira iwe murugo. Ibi Yoweri Kaguta Museveni, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 27 ukuboza 2023, mu butumwa yanyujije kurukuta rwe rwa X, buherekejwe n’ifoto ari kumwe nuyu mu General. Yoweri Kaguta Museveni, […]

Continue Reading

Isaha yo gukemura ibibazo mu buryo bwa dipolomasi yararangiye rwose, Hagezweho guhanahana umuriro, Benny Gantz yaburiye Hezbollah.

Isiraheli- Gaza Minisitiri wa Isiraheli Yihanangirije Hezbollah, ayibutsa ko baza kuyicanaho umuriro mu gihe cyose ikomeje ibitero byayo cyane ko isaha yo gucyemura ibibazo mu nzira ya Diporomasi yarangiye. Minisitiri wa Isiraheli yihanangirije abarwanyi ba Hezbollah ko ingabo za Isiraheli zizagira uruhare mu kuyivana ku mupaka na Libani mu gihe cyose ishatse gukomeza ibitero byayo. […]

Continue Reading

Hamuritswe Igishushanyo gikozwe mu muringa cyakorewe Shakira, Mu mujyi yavukiyemo wa Barranquilla.

Mu mujyi wa Barranquilla hamuritswe ku mugaragaro Igishusho gikozwe mu muringa cy’umuhanzi Shakira wo muri Kolombiya gihagarariye icyubahiro ahabwa n’abenegihugu be. Iki gishushanyo cyakorewe uyu muhanzi w’umunyabigwi gikozwe mu muringa ndetse kikaba gifite uburebure bwa 6.5m (21.3ft) ishusho y’uyu muhanzi iriho imwerekana azunguza ikibuno ku rubyiniro ndetse ikaba yaranagaragaye cyane muri videwo ye izwi cyane […]

Continue Reading