Mu mboni : Saleh al-Arouri wishwe yari muntu ki? Ese ni iki gikomeye, kitezwe gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Saleh al-Arouri wahitankwe n’ingabo za Islael, yari umwe mu bantu bakomeye cyane mu nzego n’ubuyobozi bwa Hamas, umuntu ukomeye kandi mu nzego za politiki ndetse n’ingabo muri rusange. Uyu mugabo w’imyaka 57 yari umuyobozi wungirije w’ibiro bya politiki bya Hamas, kandi yafashaga byinshi mu gushing abandi barwanyi bashya muri uwo umutwe w’ingabo nka Brigade ya […]

Continue Reading

ibihumbi 33,000 by’abimukira mu bwongereza bagiye koherezwa mu Rwanda.

Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko yifuza cyane kohereza abimukira basaga ibihumbi 33,000 by’agateganyo bakaza kuba batuye mu Rwanda. Ibi Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, ihamya ko Guverinoma yiteguye kohereza by’agateganyo mu Rwanda abimukira barenga 33,000, Amakuru avuga ko Iyi mibare yatangajwe igaragaza ko hamaze kuboneka […]

Continue Reading

Mu mboni : Bitangiye guhindura Isura, Umuyobozi wungirije wa Hamas, Saleh al-Arouri yiciwe i Beirut

Ibyari byitezwe ko Islael yahagarika intambara byahinyujwe ku rwego rwo hejuru, Ubwoba n’igishyika bikomeje kuba byinshi ko intambara ya hagati ya Hamas n’ingabo za Islael ishobora kuza mu isura nshya 2024. Aya makuru yatangajwe n’Igisirikare cya Israël ku mugioroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2023, Mi itangazo ryavugaga ko Ingabo za […]

Continue Reading

Wayne Rooney wari umutoza wa Birmingham City yirukanywe nyuma y’iminsi 83 gusa ayigezemo.

Wayne Rooney wari Umutoza Mukuru wa Birmingham City yo mu cyikiro cya kabiri mu gihugu cy’u Bwongereza, yirukanywe muri iyi kipe nyuma y’iminsi 83 atangiye kuyitoza kubera umusaruro muke yatanze. Uyu mugabo ukomoka mu Bwongereza tariki 11 Nzeri 2023, ni bwo yasimbuye umutoza John Eustace, nyuma y’uko umuherwe witwa Tom Wagner na companyi ye yitwa […]

Continue Reading

Perezida w’u Burundi Evaliste Ndayishimiye yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda.

Nyuma y’iminsi itari myinshi humvikana umwuka utari mwiza hagati y’u Burundi n’u Rwanda, Evaliste Ndayishimiye Perezida w’u Burundi, yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda. Perezida Evariste Ndayishimiye mw’ijambo rye risoza umwaka wa 2023, yagejeje ku Barundi,  yashiNJIJE u Rwanda gufasha umutwe wa RED-Tabara urwanya leta y’u Burundi. Aya magambo yatangajwe nyuma y’igitero […]

Continue Reading

Uganda: Umugore wa Perezida Museveni, Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi 7 ari mu kato.

Yoweri Kaguta Museveni Perezida wa Uganda, yatangaje ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi isaga irindwi yarashyizwe mu kato. Ibi Perezida Museveni yabitangaje anyuze ku rubuga rwa X yahoze ari twitter, aho yatangaje ko Janet Museveni nyuma y’iminsi irindwi ari mu kato kuri ubu yakize COVID-19. Perezida Yoweri Kaguta Museveni  yagize  ati “Bavandimwe […]

Continue Reading

Byemejwe ko Perezida Felix Tshisekedi ariwe watsinze mu matora yo muri DR Congo.

Perezida Félix Tshisekedi yatangajwe ko yatsinze amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nubwo kandi hari ababyamaganye bavuga ko habayeho kuba amajwi bivugwa cyane n’abakandida benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi basaba ko amatora yasubirwamo. Abayobozi bavuga ko perezida yatsinze ku majwi agera kuri 73%, mu gihe mukeba we wa hafi, Moise Katumbi, yabonye 18%. Amatora […]

Continue Reading

Mu mboni : Ese koko intambara ya Ukraine n’UBurusiya yaba izakomeza kujya mbere muri 2024.

Urujijo rukomeje kuba rwinshi niba intambara hagati ya Ukraine ndetse n’Uburusiya mu gihe Isi yose irangariye mu birori n’ibyishimo byo kwinjira mu mwaka mushya wa 2024 hasozwa uwa 2023 wabayemo byinshi bitandukanye ibyiza n’ibibi. Amakimbirane n’intambara muri Ukraine biri hafi kwinjira mu mwaka wa gatatu, mu mezi yose ashize y’umwaka wa 2023 kongeraho uwawubanjirije imirwano […]

Continue Reading

Abanyakoreya yepfo bari barashimutiwe muri Nigeria bararekuwe.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Seoul yatangaje ko Abanyakoreya yepfo babiri bashimuswe n’abitwaje imbunda muri Nigeria mu ntangiriro zuku kwezi bararekuwe nta nkomyi. Nk’uko ibiro ntaramakuru Reuters bibitangaza ngo aba bantu bashimuswe nyuma y’uko abantu bitwaje imbunda bagabye igitero ku modoka yabo muri Delta ikungahaye kuri peteroli, ku ya 12 Ukuboza, aho abasirikare bane babarindaga bo […]

Continue Reading

Uburusiya bwatangije ikindi gitero kinini kuri Ukraine.

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ukraine bwavuze ko ibitero by’indege z’Uburusiya byagaragaye mu kirere cyabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2023 nyuma y’iminsi micye y’akaruhuko ibihugo byombi byari bimazemo. Amakuru avuga ko bi bitero byibasiye ikirere cya Ukraine ku gitondo cyo kuri uyu wa kane ngo cyari cyoherejwe kwangiza ibikorwa birimo amasoko y’ubucuruzi, ibitaro […]

Continue Reading