Urukiko rw’Ikirenga rwemeye gutanga umwanzuro, niba Trump ashobora kubuzwa gukomeza imirimo yo kwiyamamaza.
Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Amerika rwavuze ko ku wa gatanu ruzasuzuma icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga rwa Colorado kidasanzwe cyo gukuraho uwahoze ari Perezida Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza muri iyo ntara. Nyuma na nyuma Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwamaze kwemeza ko rugiye gusuzuma ubujurire bwa Perezida Donald Trump, Nyuma y’uko yari […]
Continue Reading