Aba Houthis ni bande, ese ubundi ibitero by’Amerika n’Ubwongereza kuri Yemeni byaje bite?

Iki gitero ni igisubizo gikomeye cya gisirikare ku gikorwa cy’Aba Houtis gikomeje ibikorwa byo kugaba ibitero bya drone na misile ku mato y’ubucuruzi mu nyanja itukura, byatangiye nyuma y’intambara ya Isiraheli muri Gaza. Dore uko twageze hano: Aba Houthis ni bande? Aba Houthis ni umutwe w’ingabo witwara gisirikare wo muri Yemeni witiriwe uwawushinze, Hussein Badreddin […]

Continue Reading

Yemen : Aba Houthis bahize kwihorera no gutanga ibihano bihambaye kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo.

Aba Houthis bahize ko hagomba kubaho ibihano bihambaye cyangwa kwihorera kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo muri Yemeni bakoresheje ikirere n’inyanja. Amakuru yanditswe n’ibinyamakuru byinshi bya hariya mu bwongereza na Amerika byatangaje ko Amerika n’ubwongereza ijoro ryose byagabye ibitero bya gisirikare mu kirere n’inyanja bikibasira ibirindiro 16 bya Houthi, birimo ibigo bishinzwe kuyobora […]

Continue Reading

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze muri Leta ya Zanzibar mu ruzindiko.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze mu Leta ya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge bea Zanzibar. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, nibwo umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yageze muri Zanzibar. Biteganyijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame […]

Continue Reading

Guverinoma y’U Rwanda yanenze cyane icyemezo gitunguranye cy’U Burundi, cyo kongera gufunga Imipaka.

Guverinoma y’u Rwanda ntiyishimiye nagato ko icyemezo cyafashwe kikanashyirwa mu bikorwa na Leta y’U Burundi cyo gufunga imipaka ihuza Ibihugu byombi cyane ko cyafashwe bitunguranye ndetse hakaba na nyungu yari igambiriwe. Leta y’U Rwanda yavuze uko ibyumva ku ruhande rwayo, ivuga ko ari icyemezo gitunguranye kandi gihabanye n’amahame y’Umuryango ibi Bihugu bihuriyemo, Ifungwa ry’imipaka ihuza […]

Continue Reading

Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda rigiye gusubizwa mu nteko kugira ngo rirusheho kunozwa neza.

Umushinga w’Itegeko rishyigikira gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, rigiye gusubizwa mu Nteko Ishinga Amategeko kugira ngo rirusheho kunozwa ndetse no kurinonosora neza. Rishi Sunak minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, yemeye ko uwo mushinga usubira mu Nteko Ishinga Amategeko nyuma y’uko wari wemejwe ukaza kuzamura impaka mu Badepite na bamwe mu bagize […]

Continue Reading

Polisi ya Nigeria iri gukurikirana Davido, nyuma y’uko Tiwa Savage amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho.

Nyuma y’uko Tiwa Savage wahoze ari inshuti magara na Davido, amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho, Polisi ya Nigeria ikomeje gukora iperereza ryimbitse ku muhanzi Davido ngo barebe koko niba ibyo ashinjwa na Tiwa Savage ari ukuri. Umwiryane n’amakimbirane hagati y’ibi byamamare bivugwa ko yatangiye tariki 23 Ukuboza 2023, nyuma y’uko umuhanzikazi Tiwa Savage, yashyize […]

Continue Reading

Polisi yo muri Kenya ikeka ko umugabo yatewe n’intare ubwo yari atwaye moto

NAIROBI, Kenya – Ku wa mbere, abapolisi bo muri Kenya bakuye umurambo w’umugabo ukekwaho kuba yaratewe n’intare ubwo yari atwaye moto hafi y’ikigo cy’igihugu giherereye mu majyepfo y’igihugu. Abapolisi babimenyeshejwe n’abaturage kubera kubona moto yataye ku muhanda hafi y’ishyamba rya Marere hafi y’ikigo cy’igihugu cya Shimba. Raporo ya polisi ivuga ko abapolisi babonye ibirenge by’intare […]

Continue Reading

Gutakaza urugi kwa Alaska Airlines Boeing 737 Max 9, byatumye hahagarikwa ingendo zisaga 200 z’indege ndetse zishobora kwiyongera.

Ingendo zakorwaga n’Indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zabaye zihagaritswe by’Agateganyo nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi bukagaragaza ko zikeneye gufungwa neza mu mpande zose. Kugeza ubu indege zose zo bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zakumiriwe kuba zitwara abantu n’ibintu nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi n’abahanga cyane muby’Indege maze bakagaragaza ko hari ibice byazo […]

Continue Reading

Dore amafoto utabonye y’ubukwe bwa Sadio Mane wakoze ubukwe mw’ibanga {AMAFOTO}

Sadio Mane, ni rutahizamu ukomoka muri Senegal ku mugabane w’Afrika, akaba akinira Ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia, yanyuze no mw’ikipe ya Liverpool, uyu mukinnyi yakoze ubukwe mw’ibanga ibintu byatunguye abantu benshi. Sadio Mane yigeze kuvugwaho umubano wihariye n’Umunyarwandakazi witwa Kate Bashabe, yamaze kurushinga na Aisha Tamba, basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo. N’ubukwe bwabaye tariki […]

Continue Reading

Urugi rw’Indege Boeing 737 MAX 9 yataye iri mu kirere igasubira guparika ikitaraganya rwamaze kuboneka.

Abashinzwe iby’indege barimo gukora iperereza ku mpanvu indege ya Alaska Airlines Boeing 737 MAX 9 yatakaje igice cyayo cy’urugi rwa fuselage, Nyuma y’iminota itandatu ihagurutse i Portland, Oregon, ikananirwa guhagarara bikarangira itegetswe kwihutira kumanuka ngo iparikike ku kibuga. Ibi byabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, Ubwo iyi ndege yahagurukaga ku kibuga […]

Continue Reading