Nyuma y’igihe barafungiwe, Kenya yongeye kwemerera Air Tanzania uburenganzira bwo gutwarayo imizigo.

Nyuma y’igihe Air Tanzania isabye uburenganzira bwo gutwara imizigo muri Kenya, inzego z’ubuyobozi muri Kenya zemereye Air Tanzania ubwo burenganzira. Air Tanzania yabonye uburenganzira bwo kujyana imizigo muri Kenya, mu gihe Kenya Airways n’ayo yongeye gukorera ingendo hagati y’umujyi wa Nairobi na Dar es Salaam, nyuma y’uko ibihugu byombi bikemuye amakimbirane byari bifitanye. Ibi bivuze […]

Continue Reading

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari, n’ihari ugasanga ibura abayijyamo nk’uko mu gihugu cya San Marino gereza ibura abayijyamo ugasanga imfungwa ari imwe cyangwa ebyiri. Muri gereza zose zo ku isi hari abantu barenga miliyoni 11 bazifungiyemo, nk’uko bigaragara muri raporo […]

Continue Reading

Abuja: Ba rushimusi bishe 3 muri 10 bashimuswe, baburira bene wabo ko niba incungu ya Milliyoni 700 itabonetse bica n’abasigaye bose

Muri Nigeria abagizi ba nabi bashimuse abaturage bagera kuri 10 barimo n’abana bato bakaka amafaranga bamaze kwicamo abagera kuri 3 muri 10 bashimuswe banazamura umubare w’amafaranga y’inshungu bari batse. Ikinyamakuru Vanguardngr cyatangaje ko abashimusi bashimuse abantu bagera kuri 10 mu isambu yitwa Sagwari Layout, Dutse iherereye mu mujyi wa Abuja, kuwa 7 Mutarama bikanavugwa ko […]

Continue Reading

Real Madrid yaraye ihaye Barcelona isomo rya Ruhago itwara igikombe cya 13.

Ijoro ryakeye nibwo muri Espagne umuriro wari watse dore ko abafana bose baba baryamye ku makipe yabo mbese babukereye stade yuzuye baje gushigikira amakipe yobo, iri joro rero ntiryahiriye abakunzi ba Fc Barcelona kuko Real Madrid yayinyagiye ibitego 4 kuri 1. Ikipe ya Real Madrid, ibifashijwemo n’umukinnyi ukiri muto, Vinicius Jr byarangiye yegukanye igikombe cya […]

Continue Reading

Umugabo n’umugore we baguze umunara wo mu Butaliyani umaze imyaka 400. Dore uko byagenze.

Umugabo n’Umugore bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bitwa Aileen na Tom Winter baciye agahigo ko kugura umunara wubashywe kandi unamaze igihe kirekire ubayeho. Mbere yuko bakondana aba bombi bari bahuriye kukuba bose bakunda cyane igihugu cy’Ubutaliyani, Aba bashakanye bo muri Amerika, bamaze imyaka igera kuri 18 basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo, Bagiye batemberana kenshi […]

Continue Reading

Ingo zirenga 60 zahiye, 10% by’abaturage bimuwe, Ingaruka z’Ikirunga cyarutse mu mujyepfo ya Islande zikomeje kwiyongera.

Abaturage bo mu majyepfo y’Uburayi baturiye ikirwa cya Islande bibasiwe n’ingaruka z’ikirunga cyarutse cyangiza byinshi birimo amazu y’abaturage, nyuma y’imyaka igera kuri 2 kitaruka. Kuri iki cyumweru, tariki ya 13 Mutarama, Nibwo iki kirunga cyo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Isilande cyarutse, ibiro bishinzwe ubumenyi bw’ikirere muri iki gihugu bivuga ko bibaye ku nshuro ya gatanu […]

Continue Reading

Ibyo Afurika y’Epfo ishinja Israel yakoze muri Gaza yabihakanye.

Igihugu cya Israel cyavuze ko Afurika y’Epfo yavuze ibintu uko bitari mu rubanza yarezemo Israel mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha [ICJ]. Afurika y’Epfo yatanze ikirego yemeza ko Israel irimo gukora Jenoside ku baturage ba Palestine mu ntambara irimo kubera muri Gaza, kandi ko Israel ifite umugambi wo kurimbura Gaza, uwo mugambi ukaba uturuka mu bategetsi bo […]

Continue Reading

Uganda : Umuganga gakondo yatawe muri yombi, Nyuma yo kwibisha inzuki (Video)

Nk’uko amakuru abitangaza, umuganga kavukire yambitswe amapingu n’inzuki ze asanzwe akoresha mu kazi ke ka buri munsi azira kwiba mu gace ka Koboko muri Uganda. Uyu mugabo utatangajwe izina ngo yafashwe yagiye kwiba akoresha inzuki maze ngo arahururizwa atabizi, Niko kwisanga yafashwe na Polisi yo muri ako gace ka Koboko, Uyu mugabo ngo usanzwe ari […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa werura ubwe ko ari “Umutinganyi”

Kuri iki cyumweru, Ubufaransa bwabaye igihugu gikomeye ku isi gifite umukuru w’ubutegetsi w’umutinganyi mu mateka y’isi. Nubwo bimeze gutyo, Abafaransa ntacyo bashaka kubivugaho. Ibitangazamakuru byo mu Bufaransa byatangaje ko Gabriel Attal ari minisitiri w’intebe ukiri muto ubayeho muri icyo gihugu; afite imyaka 34, urebye ninkuko byagenze kuri Perezida Emmanuel Macron kuko bivugwa ko ari we […]

Continue Reading

Ngizi Gereza nziza ku isi, zirusha ubwiza Hotel nyinshi.

Imiryango itegamiye kuri Leta yavuze ko amagereza yo muri iki gihe atera abagororwa kwiheba, harimo no gufungirwa ahantu bitoroshye kubona ibyo kurya bihagije ndetse hamwe na hamwe ugasanga bigoranye ko umuntu ufunzwe abona urumuri, ibyo iyi miryango ivuga ko ari bibi byagiza ikiremwamuntu. Rama Ramanathan, umuvugizi w’abaturage barwanya imibereho mibi mu magereza, yavugiye ku rubuga […]

Continue Reading