Pakisitani yagabye ibitero byo kwihorera muri Irani.

Pakisitani yagabye ibitero bya misile byo kwihorera muri Irani, nyuma y’iminsi ibiri Iran irashe ku butaka bwa Pakistan. Ibi bitero byo kwihorera Pakisitani yagabye ku butaka bwa Irani, byabaye ejo kuwa kane tariki 18 mutarama 2024. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Pakisitani yavuze ko abantu benshi biciwe mu ntara ya Sistan-Baluchistan. Mu gihe ibitangazamakuru bya leta […]

Continue Reading

Umubyeyi w’imyaka 25 yaguwe gitumo n’abagizi banabi atetse bamuca umutwe barawutwara.

Mw’ijoro ryakeye nibwo iyi nkuru y’incamugongo yamenyeka muri Kenya, aho abagizi banabi baguye gitumo umubyeyi yitekeye ubugali mu gikoni mugihe abandi bari munzu bari kuganira bamuca umutwe barawirukankana. Inkuru zubugome nkizi zabagizi banabi baca inzirakarengane imitwe zikunze kumvikana, gusa nanubu ntawe uramenya impamvu baba bashaka iyo mitwe ndetse nicyo baba bagiye kuyikoresha. Umuyobozi wako gace […]

Continue Reading

Netanyahu yanze amasezerano yo kurekura abanya Gaza

Intambara ya Isiraheli kuri Gaza – ubu ku munsi wa 104 – kugeza ubu imaze guhitana byibuze Abanyapalestina 24.448 ikomeretsa 61.504, nk’uko abategetsi ba Palesitine babivuga, nk’uko Loni iburira ko ejo hazaza h’intambara nyuma y’intambara ku Banyapalestine bagoswe muri ako gace. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo guverinoma ya Isiraheli yateguye icyifuzo cyo gutangiza imishyikirano mishya […]

Continue Reading

USA : Umugabo yisanze muri Coma, Nyuma yo kudwingwa n’igitero cy’inzuki arimo atema igiti.

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umusore witwa Austin Bellamy wariwe n’inzuki nyinshi zikamudwinga mu gihe kinini kugeza bimuguye nabi akabura umwuka bikarangira yisanze muri Coma isanzwe ijyamo abenda gupfa. Uyu musore yariwe n’izi nzuki ubwo yarimo atema igiti cy’indimu mu mu rugo rwe agerageza kwikorera amasuku, Akaza kugera ku mutiba wazo atabizi, Yaje kuwusagarira maze witura […]

Continue Reading

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w’idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu mujyi wa Malindi uri ku nkombe z’inyanja kugira ngo bakurikiranweho icyaha cyo kwica abana 191. Mackenzie n’abandi bakekwa ntibigeze bemera ibyo baregwa kubera ko umucamanza w’Urukiko Rukuru Mugure Thande yemeye icyifuzo cy’abashinjacyaha ko basuzumwa mu […]

Continue Reading

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba yayimuritse mu birori byo kumurika imideli byitwa Paris Fashion Week, ibi birori kubera mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’Ubufaransa. Paris Fashion Week yatangiye kw’itariki 16, ikaba izasozwa tariki 21 Mutarama 2024. Inzu zisaga 100 […]

Continue Reading

Pakisitani : Umubare munini w’Abana bato baguye mu gitero cya Irani.

Leta ya Pakisitani yatangaje ko abana babiri aribo byamenyekanye ko bishwe, Naho abandi batatu bakomeretse bihamabaye mu gitero cyagabwe na Irani kuri uyu wa kabiri Tariki ya 16 Mutarama 2024, igihugu cya gatatu cyibasiwe na Tehran muri iki cyumweru. Nk’uko ibiro ntaramakuru bifitanye isano n’igisirikare cy’iki gihugu bibitangaza, Irani yavuze ko yibasiye ahantu habiri hafitanye […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru yarashe misile ya Ballistic kuri Koreya y’Epfo.

Guverinoma ya Koreya y’Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru yayirasheho igisasu cya Misile yo mu bwoko bwa ballistique mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 14 Mutarama 2024. Nk’uko DW yabitangaje, ngo misile yo muri Koreya ya ruguru yamanutse mu nyanja y’Ubuyapani yahawe icyerecyezo cyo mu mujyi wa Pyongyang. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye avuga […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe barafungiwe, Kenya yongeye kwemerera Air Tanzania uburenganzira bwo gutwarayo imizigo.

Nyuma y’igihe Air Tanzania isabye uburenganzira bwo gutwara imizigo muri Kenya, inzego z’ubuyobozi muri Kenya zemereye Air Tanzania ubwo burenganzira. Air Tanzania yabonye uburenganzira bwo kujyana imizigo muri Kenya, mu gihe Kenya Airways n’ayo yongeye gukorera ingendo hagati y’umujyi wa Nairobi na Dar es Salaam, nyuma y’uko ibihugu byombi bikemuye amakimbirane byari bifitanye. Ibi bivuze […]

Continue Reading

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari, n’ihari ugasanga ibura abayijyamo nk’uko mu gihugu cya San Marino gereza ibura abayijyamo ugasanga imfungwa ari imwe cyangwa ebyiri. Muri gereza zose zo ku isi hari abantu barenga miliyoni 11 bazifungiyemo, nk’uko bigaragara muri raporo […]

Continue Reading