Guha umugisha abashakana bahuje Ibitsina: Papa ati Ibyo Afurika ivuga ni “umwihariko”

Papa Francis mu kiganiro cyasohotse ku wa mbere (29 Mutarama) yavuze ko ikibazo cy’Itorero muri Afurika “kidasanzwe”, ku byerekeye imigisha idasanzwe ya liturujiya yatanzwe ku bahuje ibitsina. Yatangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani La Stampa ko “kuryamana kw’abahuje igitsina ari ikintu kibi” duhereye ku muco “ku Banyafurika. Yabazwaga kuri opposition inyandiko ashyigikiye yakwegereye. Itangazo ry’abasaba Fiducia, […]

Continue Reading

Perezida Touadéra yahuye na Papa Francis kugira ngo baganire ku bufatanye na diplomasi

Mu nama ikomeye ya dipolomasi, Perezida Faustin-Archange Touadéra wo muri Repubulika ya Centrafrique yagiranye ibiganiro na Papa Francis mu ruzinduko rwe i Vatikani ku wa gatandatu. Iyi nama yibanze ku mibereho, politiki, n’ubutabazi mu gihugu cya Afurika yo hagati, hibandwa ku kuzamura ubufatanye mpuzamahanga ku nyungu rusange z’igihugu. Umubano wera n’ububanyi n’igihugu cya Afurika yo […]

Continue Reading

Bitunguranye ku myaka 102 Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana.

Pastor Ezra Mpyisi wari wigeze kubikwa ko yitabye Imana ari ibinyoma, Yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 ku myaka 101 yose. Uyu musaza wakunzwe n’abatari bacye ahanini kubera urwenya rwamuranze kuva cyera hose ndetse n’amagambo y’ubwenge, Yitabye Imana azize uburwayi ndetse akaba yarakoze umurimo w’Imana kuva cyera ku myaka ye mito […]

Continue Reading

ADEPER yakije umuriro rwihishwa Kuri ya korali yumvikanye iririmba Hip pop.

Byabaye nkibitunguranye kumva korali yadukanya injyana itarimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Mu Minsi yashize nibwo twumvise korali yitwa Umucyo yasohoye indirimbo uri munjyana ya hip Hop, yaje kugaragaramo umukecuru watangaje abantu cyane ubwo yazengurukaga arapa mbese bantu baranezerwa cyane. Gusa ibi ntago Abantu babyakiriye kimwe harimo n’itorero rya ADEPR iyo korali ibarizwamo, […]

Continue Reading

Ese koko, Bahavu Jeannette uzanasohora Season ya 9 ya “Impanga Series” kuri uyu wa mbere, Yaba yinjiye mu ivugabutumwa?

Icyamamarekazi muri Cinema nyarwanda Bahavu Jeannette akomeje gutanga ihurizo ku bakunzi be, niba koko yaba yinjiye mu ivugabutumwa nk’uko bikomeje gututumba mu itangazamakuru ndetse no ku mbugankoranyambaga. Amakuru aravuga ko Bahavu Jeannette uri mu bakinnyi ba Firime Nyarwanda bakunzwe cyane ko kuri uyu wa kane tariki ya 18 Mutarama 2024, yaba yashimangiye ko yinjiye mu […]

Continue Reading

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w’idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu mujyi wa Malindi uri ku nkombe z’inyanja kugira ngo bakurikiranweho icyaha cyo kwica abana 191. Mackenzie n’abandi bakekwa ntibigeze bemera ibyo baregwa kubera ko umucamanza w’Urukiko Rukuru Mugure Thande yemeye icyifuzo cy’abashinjacyaha ko basuzumwa mu […]

Continue Reading

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba yayimuritse mu birori byo kumurika imideli byitwa Paris Fashion Week, ibi birori kubera mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’Ubufaransa. Paris Fashion Week yatangiye kw’itariki 16, ikaba izasozwa tariki 21 Mutarama 2024. Inzu zisaga 100 […]

Continue Reading

Pasiteri washinze Amazing Grace Radio, wirukanywe mu Rwanda Ubu Akorera muri Uganda

Gregg Schoof, umushumba w’ivugabutumwa utavugwaho rumwe yirukanywe mu Rwanda umwaka ushize, ubu atuye kandi akorera muri Uganda. Gregg Schoof ni umushumba cyangwa Pasiteri ukomoka muri Leta Zunze Umbwe za Amerika, akaba yaranafite radiyo ya gikiristo yitwaga “Amazing Grace Christian Radio) cyangwa se Radiyo Ubuntu butangaje. Iyi radiyo ikaba yarahagaritswe mu Rwanda ndetse na Gregg Schoof […]

Continue Reading

Mu ndirimbo ye nshya, Meddy yavuye ku bwiza bw’Imana ndetse n’ibitangaza yamukoreye.

Umuhanzi Meddy yatakambiye Imana ye mu ndirimbo ye nshya yise “Niyo Ndirimbo” afatanije na Adrien Misigaro, Indirimbo yavuzemo ubwiza butangaje bw’Imana ndetse ko yabonye ibitangaza byayo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi adakora indirimbo cyangwa se […]

Continue Reading

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be indirimbo nshya yo guhimbaza Imana nk’uko ariwo muziki asigaye abarizwamo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi […]

Continue Reading