Ihere ijisho uburanga n’imiterere bya Keza Nabrizza wasajije Niyo Bosco mu rukundo. +[AMAFOTO]

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga, Umuhanzi Niyo Bosco yagiye agaragaza ibyiyumviro bidasanzwe afitiye umukobwa witwa Keza Nabrizza, aho yanashyize amashusho abagaragaza bombi kuri Instagram nyuma akaza kuyasiba. Iyi nkuru yasakaye cyane ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki 16 mutarama 2024, ibwo Niyo Bosco yashyiraga kuri Instagram ye amashusho ari gusangira nuyu mukobwa, agaherekezwa n’amagambo […]

Continue Reading

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n’umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa Keza Nabrizza bivugwa ko ari mu rukundo n’uyu muhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera ibihangano bye. Aya makuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ry’ejo hashize tariki 16 Mutarama 2024, nyuma y’uko uyu muhanzi […]

Continue Reading

Platini P yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Jirewu”. +{Video}

Nemeye Platini wamamaya nka Platini P muri muzika Nyarwanda, yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise “Jirewu”, iri kuri EP ye yose BABA, aherutse gushyira hanze. Uyu mwaka utangiranye byinshi mu myidagaduro byumwihariko mu bahazi Nyarwanda, aho bakomeje gusanhiza abakunzi babo ibyo babijeje mu mwaka ushize wa 2023. Nyuma yuko kumunsi w’ejo tariki 15 Mutarama 2024, […]

Continue Reading

Ally Soudy yateguye ibirori bizaherekeza Rwanda Day I Washington.

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy yatangaje ko amaze igihe ashinze kompanyi yise (Salax Entertainment) yanyujijemo gutegura ibirori bya (Rwanda Day After Party) bizaherekeza Rwanda Day. Rwanda Day isobanurwa nk’igikorwa gihuza abanyarwanda batuye mu mahanga n’ababa mu Rwanda. Abitabira iri huriro babona amahirwe yo kuganira na Perezida wa Repubulika ku ngingo zitandukanye z’iterambere ry’Igihugu n’ibindi. Rwanda […]

Continue Reading

Mu ndirimbo ye nshya, Meddy yavuye ku bwiza bw’Imana ndetse n’ibitangaza yamukoreye.

Umuhanzi Meddy yatakambiye Imana ye mu ndirimbo ye nshya yise “Niyo Ndirimbo” afatanije na Adrien Misigaro, Indirimbo yavuzemo ubwiza butangaje bw’Imana ndetse ko yabonye ibitangaza byayo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi adakora indirimbo cyangwa se […]

Continue Reading

Umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko ibibazo bye na Shaddyboo byakemutse batakiyambaje inkiko.

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Uncle Austin, yavuze ko nyuma yo kuganira na Shaddyboo, ibibazo bari bafitanye byarangiye ku buryo batakigiye mu byo kwiyambaza amategeko. Uyu muhanzi usanzwe ari n’umunyamakuru kuri Radio ikunzwe na benshi ya Kiss FM, yavuze ko bashyize imbere gukemura ibibazo mu mahoro hatabayeho kwiyambaza inkiko. Ni intambara y’amagambo yari imaze iminsi hagati y’umuhanzi […]

Continue Reading

M Irene yasubije abanyamakuru b’i Burundi bamwishyizemo.

Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Irene Murindahabi, yasubije abanyamakuru b’i Burundi biganjemo abakoresha umuyoboro wa YouTube bamwijunditse, bavuga ko yabahemukiye nyuma y’igitaramo cya Vestine na Dorcas. Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baherutse gukorera igitaramo I Burundi. N’igitaramo kitabiriwe cyane n’ubwo mbere y’uko kiba byabanje kugorana. Iki gitaramo cyabaye mu ijoro […]

Continue Reading

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be indirimbo nshya yo guhimbaza Imana nk’uko ariwo muziki asigaye abarizwamo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi […]

Continue Reading

Leta ya Illinois yo muri Amerika yaciye agahigo ko kugurisha urumogi rwinshi muri 2023

Igurishwa ry’urumogi mu buryo bwo kwidagadura muri leta ya Illinois umwaka ushize ryinjije amadolari arenga miliyari 1.6, umwaka wa gatatu wikurikiranya kuva leta yemerera kuntwa urumogi mu buryo bwo kwidagadura mu 2020. Inyandiko z’amafaranga yagiye yinjira zabanjirije iyi nuko binjije miliyari 1.5 rwagurishijwe muri 2022. Kugurisha urumogi mu buryo bwo kurinywa mu kwishimisha cyangwa kwidagadura […]

Continue Reading

Kenny Sol yasubije abibaza niba azajya gutura muri Canada koko.

Rusanganwa Norbert, umuhanzi Nyarwanda wamamaye kw’izina rya Kenny Sol, yamaze impungenge abakunzi be ndetse n’abandi bakomeje kw’ibaza niba we n’umugore we bazajya gutura ku mugabane w’Amerika mu gihugu cya Canada. Uyu muhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri muzika nyarwanda, abikesha ibihangano bye (indirimbo) zikunzwe na benshi harimo nka; Joli, One More Time yakoranye na […]

Continue Reading