Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.
Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi kugeza ubu afite. Kuri uyu gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Nibwo uyu muhanzikazi yatangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, ndetse ashimangira ko abagiye bavuga ko gukundana na Yvan Muziki byatumaga adakora cyane atari […]
Continue Reading