Ibya Chriss Easzy na Miss Pascaline Umuhoza byafashe indi ntera.

Umuhanzi Chriss Eazy yaruciye ararumira ubwo yabazwaga iby’urukundo rwe na Miss Umuhoza Pascaline, rumaze igihe rugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga. Iyi nkuru yavuzwe kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2023 mu bakoresha imbuga nkoranyambaga badasiba guhamya ko urukundo rumaze gushinga imizi hagati y’uyu muhanzi n’uyu mukobwa wahataniye ikamba rya Miss Rwanda mu 2022. Kugeza ubu nta ruhande […]

Continue Reading

Umukinnyi wa filime Mutoni Assia yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umukinnyi, akaba n’umuyobozi wa filime Nyarwanda Mutoni Assia yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda Day, bikazabera i Washington. Ibi birori biteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC kuva tariki 2 kugeza kuri tariki 3, Gashyantare muri uyu mwaka wa 2024. Ally Soudy, Umunyamakuru, akaba n’umushyushyarugamba […]

Continue Reading

Bitunguranye ku myaka 102 Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana.

Pastor Ezra Mpyisi wari wigeze kubikwa ko yitabye Imana ari ibinyoma, Yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 ku myaka 101 yose. Uyu musaza wakunzwe n’abatari bacye ahanini kubera urwenya rwamuranze kuva cyera hose ndetse n’amagambo y’ubwenge, Yitabye Imana azize uburwayi ndetse akaba yarakoze umurimo w’Imana kuva cyera ku myaka ye mito […]

Continue Reading

Umuhanzi Okkam aritegura gushyira hanze EP yise “AHWII”.

Umuhanzi Okkama, agiye gusohora EP (Extended Play) y’indirimbo eshanu yakoze mu mwaka wa 2023, umwaka ahamya ko wamubereye indyankurye n’ubwo washyize ukarangira. Okkama wamamaye mu ndirimbo nka Puculi, Lotto yakortanye na Kenny Sol, No, n’izindi zitandukanye, mu minsi ibiri ishize nibwo yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ze ko agiye gushyira hanze EP (Extended Play) y’indirimbo eshanu. […]

Continue Reading

Abana ba Mr Ibu batawe muri yombi bazira gushaka kumuriganya ngo bamurye amafaranga ye.

Abapolisi bo mu gace ka Ikoyi, muri Leta ya Lagos bataye muri yombi abana b’umukinnyi wa filime, John Okafor uzwi ku izina rya Mr Ibu bakekwaho kumushuka bagamije gushaka gutwara amafaranga ye agera kuri miliyoni 55 (Naira – Ni ukuvuga arenga miliyoni 78 z’amanyarwanda) Polisi yavuze ko ku ya 6 Nzeri 2023, icyifuzo cyakiriwe ku […]

Continue Reading

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda Day, bikazabera i Washington. Ibi birori biteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC kuva tariki 2-3 Gashyantare muri uyu mwaka wa 2024. Umunyamakuru, akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy, niwe wateguye ibi birori binyuze muri kampani ye yise “Salax […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe kinini, Green P yirekuye avuga kuri Jay Polly witabye Imana no kuri Ise umubyara.

Umuraperi Green P wamamaye cyane mu itsinda rya Tuff Gangs ryakanyujijeho mu myaka ya za 2008 kuzamura mu njyana ya Hip Hop yongeye kugaragara mu itangazamakuru nyuma y’iminsi myinshi atavuga. Uyu muraperi usanzwe witwa Rukundo Elie agakoresha Green P muri Muzika, Ni umuvandimwe w’umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane nka The Ben yatangaje byinshi bijyanye n’ibikorwa […]

Continue Reading

Bruce Melodie yavuze uko King James yatumye afata umwanzuro wo gushora imari mu bitari umuziki.

Itahiwavu Bruce, wamamaya nka Bruce Melodie muri muzika, yavuze ko ibiganiro yagiranye na King James ubwo bahuriraga muri Rwanda Day ari byo byatumye yiyumvamo gushora imari. Ibi umuhanzi Bruce Melodie yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, cyabereye muri BK Arena, agaruka ku bucuruzi bwa siporo yinjiyemo we n’itsinda risanzwe rimufasha […]

Continue Reading

Ese koko, Bahavu Jeannette uzanasohora Season ya 9 ya “Impanga Series” kuri uyu wa mbere, Yaba yinjiye mu ivugabutumwa?

Icyamamarekazi muri Cinema nyarwanda Bahavu Jeannette akomeje gutanga ihurizo ku bakunzi be, niba koko yaba yinjiye mu ivugabutumwa nk’uko bikomeje gututumba mu itangazamakuru ndetse no ku mbugankoranyambaga. Amakuru aravuga ko Bahavu Jeannette uri mu bakinnyi ba Firime Nyarwanda bakunzwe cyane ko kuri uyu wa kane tariki ya 18 Mutarama 2024, yaba yashimangiye ko yinjiye mu […]

Continue Reading

Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi kugeza ubu afite. Kuri uyu gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Nibwo uyu muhanzikazi yatangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, ndetse ashimangira ko abagiye bavuga ko gukundana na Yvan Muziki byatumaga adakora cyane atari […]

Continue Reading