UWIDUHAYE Theos wa Igihe.com yakoze ku marangamutima ya Shaddy Boo, maze nawe amukorera mu nganzo.

Icyamamarekazi MBABAZI Chadia wamamaye nka Shaddy Boo mu myidagaduro yo mu Rwanda byumwihariko ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yongeye kwivuga imyato abitewe n’igitangazamakuru cyamwanditse kivuga ko acyuye igihe. Uyu mukobwa wiyita umwamikazi w’U Rwanda mu buranga yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga ze avuga ko bikigoye kubona umusimbura kuri ubwo bwamikazi cyane ko hanatanzwe hatangwa abakandida barenze umwe […]

Continue Reading

Umuhanzikazi Bwiza, Muyoboke Alex n’abandi bari mu begukanye ibihembo bya Karisimbi Entertainment Award 2023.

Ibyamamare bitandukanye bibariza mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda byegukanye ibihembo bya ‘Karisimbi Entertainment Awards 2023’. Ni mu birori byabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Ukuboza 2023, bikabera muri Onomo Hotel mu rwego rwo gushimira abafite aho bahurira n’imyidagaduro mu Rwanda. Umwe mu bategura bino bihembo, Mugisha Emmanuel mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yagize ati “Twishimiye uko igikorwa cyagenze […]

Continue Reading

Bruce Melodie akomeje kuzamura Ibendera ry’U Rwanda mu mahanga.

Umuhanzi Bruce Melodie uzwi nka Bruce Melodie akomeje kwigarurira imitima y’abanyamahanga nkuko yabikoze mu karere ka Afurika y’uburasirazuba ndetse no mu Rwanda avukamo ku myaka ye inakiri mito cyane. Bruce Melodie uwavuga ko ari mu bahanzi bahiriwe cyane bidasubirwaho n’umwaka turi gusoza wa 2023 ntiyaba abeshya kuko bigaragarira amaso. Ikindi cyiza kibirimo nuko yahiriwe mu […]

Continue Reading

Ibintu wakora bikagufasha kugira ijwi ryiza riryoheye amatwi yaburi wese.

Abantu benshi cyane cyane urubyiruko usanga bakunda umuziki kurwego rwohejuru ,kuburyo umubwiye uti niki mubuzima wumva ukunda akubwira atanatekereje ati ni umuziki . Murino minsi mubihugu byohanze byaroroshe Aho umwana ukirimuto impano azamukanye cyangwa icyo akunda kurusha ibindi aricyo bamushiramo kugira akige neza bizamubere umwuga uzamufasha mubuzima bwohanze. Uyumunsi rero tugiye kureba ibintu wakora kugira […]

Continue Reading

Mu mashusho meza arimo Umugore we, The Ben yongeye gukora mu Nganzo aha abakunze be impano yise “Ni Forever”.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa. Uyu muhanzi akoresheje amasaha macye cyane agize iminsi ibiri maze yongera kwigarurira amarangamutima ya benshi, Nyuma y’amasaha make The Ben asabye ndetse anakwa, […]

Continue Reading

Dore ibyiza utari uzi byo kumva umuziki.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha  mubirori nk’ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo, iwawe murugo ukawumva ndetse n’ahandi hatandukanye. Mu mico yose mu bihugu bitandukanye, mu ndimi zose, amoko yose turaririmba, twumva indirimbo ndetse turanazibyina. Umugabo witwa […]

Continue Reading

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zimaze kurebwa cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo, iwawe murugo ukawumva ndetse n’ahandi hatandukanye. Hariho imiziki iba ikoze muburyo bw’amajwi gusa (Audio), hakaba n’imiziki iba ikozwe muburyo bw’amajwi n’amashusho (Audio and […]

Continue Reading

Dore urutonde rw’abahanzikazi bo muri Afrika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuziki w’Afrika ukomeje gutera imbere mu buryo butangaje ugereranije n’imyaka yatambutse, aho byari bigoye ko wabona cyangwa ukumva umuhanzikazi ukorera umuziki muri Afrika yarenze umutaru akavugwa kuruhando mpuzamahanga. Kuri ubu ku mugabane w’Afrika hari umubare munini w’abaririmbyikazi bakora umuziki mwiza kandi ukanacurangwa ahantu henshi hatandukanye ntibumve mu bihugu bakomokamo gusa. Bamwe muri abo bahanzikazi twavugamo […]

Continue Reading

Ariel Wayz yahesheje ishema injyana ya Hip-Hop mu gitaramo cya Move Afrika.

Hashize iminsi abantu bamwe na bamwe cyane cyane abakunda injyana ya Hip-Hop bintubira cyane imitegurire y’igitaramo cyaraye kibereye i Kigali muri BK Arena cyari kirimo umuraperi mpuzamahanga Kendrick Lamar. Ni ibintu abantu bagiye bajyaho impaka nyinshi ko biteye agahinda ko uyu muraperi aje mu Rwanda mu gitaramo ataraza kubonamo uko Hip-Hop nyarwanda imeze, kuko abenshi […]

Continue Reading

Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.

Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6 Ukuboza 2023 nibwo uyu muraperi ukunzwe na benshi yataramiye muri BK Arena, Igitaramo Move Afrika cyanitabiwe na Perezida Kagame Paul ndetse n’umufasha we. Ku binyamakuru byandikira mu gihugu cy’ u Rwanda uyu munsi byose biri […]

Continue Reading