Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’Amategeko na Kunda Alliance Yvette {Amafoto}

Mu ibanga rikomeye cyane, Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi  we bitegura kurushinga Kunda Alliance Yvette kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, Nibwo Rusanganwa Norbert wamamaye cyane nka Kenny Sol yasezeranye imbere y’Amategeko n’Umukunzi we Tunga Alliance Yvette nyuma […]

Continue Reading

Tonzi wakunzwe cyane mu ndirimbo “Humura” Yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9, yitegura kumurika.

Tonzi yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9 yitegura kumurika mu minsi iri imbere, Iyi alubumu inahuriweho n’abahanzi bagera kuri 15 bose yayise “Respect”. Uwitonzi Clementine Wamenyekanye nka Tonzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Mutarama 2024, yasogongeje abanyamakuru Album ye ya 9 yise “Respect” izaba […]

Continue Reading

Uwase Muyango na Kimenyi Yves basezeranye imbere y’Amategeko Mu Mujyi wa Kigali {Amafoto}

Miss Uwase Muyango Claudine wahize abandi muri 2019 mu cyiciro cy’ikamba rya Miss Photogenic mu irushanwa rya Miss Rwanda, Yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kimenyi Yves nawe uzwicyane mu mupira w’Amaguru mu Rwanda. Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Mutarama 2024, Ku isaha ya 1: 00 Pm Nibwo aba bombi bazwi mu myidagaduro yo […]

Continue Reading

Selana Gomez yahishuye ko ashobora kuba agiye gusimbuza umuziki gukina filime.

Selena Gomez yagaragaje ko yaba agiye guhagarika ibijyanye na muzika yakoraga akaba yakomereza mu mwuga wo gukina Firime ndetse ko nta gihindutse yabitangira nyuma yo gusohora alubumu imwe yumv ko asigaranye. Umuhanzikazi Selena Marie Gomez w’Umunya Amerikakazi Wamamaye cyane nka Selena Gomez mu muziki ndetse no mu mwuga wo gukina Firime yatangaje ko ashobora kuba […]

Continue Reading

Miss Naomie NISHIMWE yatangiye umwaka yambikwa impeta. {Amafoto}

Miss Nishimwe Naomie yatangiye umwaka mu mavuta y’urukundo rurambye ruganisha kukubana nyuma y’igihe we n’umukunzi we bakundana mu ibanga rikomeye. Naomie NISHHIMWE wabaye nyampinga w’U Rwanda wa 2020 yamaze kwambikwa impeta ihamya urukundo afitiwe na Michael Tesfay, umukunzi we bamaze igihe bakundana nyuma yo kuvugwa mu nkundo n’abandi basore benshi ariko we akicececyera. Nyuma y’inkuru […]

Continue Reading

Mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali harashwe ibishashi by’umwaka mushya wa 2024.

Mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali harashwe ibishashi by’umwaka mushya wa 2024, abaturage benshi bari batararyama bategereje ko haraswa ibishashi bakishimira ko barangije umwaka wa 2023 bakinjira mu mushya wa 2024. Ibi byabaye mw’ijoro ryakeye mu masaha ya saa sita z’ijoro, aho twinjiraga mu mwaka mushya wa 2024. Ibi bishashi byinjiza Abanyarwanda mu mwaka mushya […]

Continue Reading

“Amateka yacu ntatwemerera gusubira inyuma” Perezida Kagame mu birori byo gusoza umwaka wa 2023.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette KAGAME bifatanije n’izindi nzego z’ubuyobozi zivuye hirya no hino mu bindi bihugu ndetse n’inzego z’imyidagaduro z’abahanzi mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2024. Ni mu gihe kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2023, haza kuba umugoroba wo kurasa umwaka wa 2023 mu bice […]

Continue Reading

The Ben n’umugore we batunguranye mu gitaramo cyo gusoza umwaka kitabiriwe na HE.Paul Kagame na Madamu we.

Mw’ijoro ryakeye nibwo muri Kigali Convention Center habereye igitaramo kitabiriwe n’abantu batandukanye, umushyitsi mukuri yari HE.Paul Kagame ndetse na Madamu we Jannette Kagame, aho baribateguye kwifuriza abanyarwanda gusoza umwaka neza ndetse no gutangira undi 2024 neza. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame baraye bakiriye ku meza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu birori bisoza umwaka wa […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanije n’izindi nzego z’ubuyobozi mu bindi bihugu n’abahanzi mu kwizihiza umwaka mushya wa 2024. {Amafoto}

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette KAGAME bifatanije n’izindi nzego z’ubuyobozi zivuye hirya no hino mu bindi bihugu ndetse n’inzego z’imyidagaduro z’abahanzi mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2024. Ni mu gihe kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2023, haza kuba umugoroba wo kurasa umwaka wa 2023 mu bice […]

Continue Reading

Umuhanzi Platini P yatangaje ikintu akomeje kwicuza mu gihe amaze mu muziki.

Umuhanzi Nemeye Platini wamamaye nka Platin P, umaze igihe kitari gito aririmba ndetse akaba yaratangiye aririmba mwitsinda ryitwaga Dream boys, nyuma bakaza gutandukana  kubwimpamvu zitandukanye agatangira urugendo rwo kururimba wenyine, yatangaje ibintu yicuza mu gihe amaze muri muzika. Platin P rero nawe ari mu byamamare byitabiriye igitaramo cya Kigali Boss Babes kiswe ‘Black Elegancy’ akihagera […]

Continue Reading