U Rwanda na Pologne basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’uwa Pologne Andrzej Sebastian Duda, bakurikiranye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano mashya y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi. Ibi byabaye kuri uyu wa gatatu tariki 7 Gashyantare 2024, Aya amasezerano yashyizweho umukono na ba Minisitiri bashinzwe Ububanyi n’Amahanga ku mpande zombi, Dr Vincent Biruta na mugenzi […]

Continue Reading

U Rwanda rwatangije ingamba zo kurandura kanseri y’inkondo y’umura, zigomba gutanga icyizere muri 2026.

Amakuru meza ku banyarwanda bose ni uko U Rwanda rukataje cyane mu rugamba rwo kurandura burundu indwara ya Kanseri y’inkondo y’umura ndetse ko bishoboka cyane ko kugeza ubu bigiye gusobanuka kurushaho vuba. Amakuru yatanzwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yahamije ko mu myaka ibiri gusa U Rwanda ruzaba rwaramaze gupima abantu bose batahawe urukingo […]

Continue Reading

Nyagatare : Ibitera bidatinya no guterura indobo y’amandazi n’amagi birembeje abaturage bibahombya bikomeye.

Mu Karere ka Nyagatare haravugwa inkuru y’ibitera bizengereje abaturage bibahombya mu kigero cyo hejuru cyane ko ngo byangiza imyaka ihinze ndetse bikanagera mu bicuruzwa naho bikiba. Amakuru asaba ubufasha kuri iki kibazo yatanzwe na bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko izi nyamaswa zizwi nk’Ibitera zibarembeje zibatwara ibintu, ku buryo ngo hari […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya mbere y’Abaminisitiri muri 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye.

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye, ikaba ari nayo nama ya mbere yo muri uyu mwaka wa 2024 Iyi nama y’Abaminisitiri ibaye nyuma y’umunsi umwe hasojwe Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, yabaye kuva tariki 23 kugeza tariki 24 Mutarama 2024, Iyi nama y’Abaminisitiri […]

Continue Reading

Umuyobozi mwaza ntatinya gukemura ibibazo no gufata inshingano akorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho” Perezida Kagame.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi barangwa no kudatinyuka ngo bafate inshingano n’imyanzuro yo gucyemura ibibazo bitandukanye kubera gutinya kwiteranya no kugwa mu makosa atandukanye. Ibi Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yabitangarije mu butumwa yatanze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama 2024, ku munsi wa kabiri w’inama y’Igihugu y’umushyikirano, Ni […]

Continue Reading