Ingabo na Polisi by’ u Rwanda bagiye gutangiza ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare 2024, Ingabo z’igihugu ndetse n’urwego rw’umutekano Police y’ URwanda batangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza. Mi itangaza Police y’igihugu yanyujije ku rubuga rwayo rwa X rwahoze ari Twitter yavuze koi bi bikorwa bigiye gutangizwa ku bufatanye n’Ingabo z’U Rwanda bizaba bifite […]

Continue Reading

Ibanga, Akamaro, Byinshi wamenya ku mugenzo wo guca imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati y’imyaka […]

Continue Reading

Guverinoma y’ U Rwanda igiye gushyiraho urukiko rushinzwe gusuzuma ibibazo impunzi n’abimukira bahura nabyo.

Guverinoma y’ U Rwanda igiye gushyiraho uburyo bwo gusuzuma no kunononsora ibibazo impunzi n’abimukira bahura nabyo mu kubungabunga ubuzima bwiza bwabo no gushimangira ubufatanye bwiza buri hagati y’ U Rwanda n’Ubwami bw’Ubwongereza. U Rwanda rugiye gushyiraho Urukiko rwihariye ruzajya rusuzuma ibibazo by’impunzi n’abimukira, ibi bikaba ari bimwe mu bikubiye mu mushinga w’itegeko ryerekeye amasezerano avuguruye […]

Continue Reading

Menya ibyo umujyi wa Kigali watangaje ku bishanga bitanu bigiye kuvugururwa.

Umuyobozi ushinzwe iterambere mu mujyi wa Kigali yatangaje ko abahinzi bari basanzwe bakorera ubuhinzi mu bishanga bitanu bigiye kuvugururwa nta kibazo bazagira kuko uretse kuba bazabonamo akazi, ariko abazishyira hamwe bazanafashwa kubona ibindi byo guhingamo. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Mujyi wa Kigali, Rubangutsangabo Jean, Ubwo yari mu kiganiro kitwa WaramutseRwanda, gica kuri […]

Continue Reading

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z’Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye zo mu Rwanda.  Izi mpunzi zirataha nyuma y’imyaka isaga icyenda zicumbikiwe n’ U Rwanda, Muri izi mpunzi harimo abagera kuri 78 bo mu miryango 38 yabaga mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, […]

Continue Reading

Ni gute wakihangira umurimo ukikorera aho gukorera abandi

Kumva kwikorera kubwawe bishobora kugutera ubwoba kandi ukumva birimo ingaruka. Ntabwo bikomeye nkuko abantu babitekereza. Ugomba kuba uri umuntu ukunda kwigenga, ukunda kuba ashobora gukurikiranya ibiri mu murongo w’ibyigwa, ukunda ibintu ushishikariye gukora. Ese ibyo byaba bihagije? Oya, bisaba akazi gakomeye, n’ubushobozi bwo kumenya kwiga mu makosa yawe, kandi n’ubushobozi bwo kugerageza. Hari impamvu nyinshi […]

Continue Reading

Perezida wa Malawi yategetse ko Igiswahiri Kigishwa mu Mashuri

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yategetse abayobozi bashinzwe uburezi mu gihugu guhita batangira kwinjiza ururimi rw’igiswahili mu nteganyanyigisho z’ishuri ry’igihugu kugira ngo habeho itumanaho ryoroshye mu bucuruzi n’ibihugu bivuga Igiswahiri. Ku wa gatanu, Chakwera yabivugiye kuri televiziyo hamwe na Perezida wa Tanzaniya wasuye Samia Suluhu Hassan ku bijyanye n’uburyo bwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi. Ati: […]

Continue Reading

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki ? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati […]

Continue Reading

Dore imyitwarire y’umuhungu igaragaza ko ashaka imbabazi ku mukunzi we yababaje.

Birashoboka ko abakundana,umusore n’umukobwa bashobora kugirana ikibazo runaka,umuhungu akaba yahemukira umukobwa, akamubabaza ndetse kumubabarira bikaba byamugora,ariko hari imyitwarire cyangwa uburyo bwo kugusaba imbabazi yakugaragariza ugahita umubabarira nkuko impuguke mu by’imibanire y’abakundana Sephan Lbossiere abivuga mu gitabo yise’’ He whofinds a woman’’ Muri iki gitabo Stephan agira inama abakobwa usanga batagira umutima wo kubabarira abakuzi babo […]

Continue Reading

Perezida wa Pologne yahaye ikaze urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye.

Perezida wa Pologne yafunguriye amarembo urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye ndetse n’ubundi bumenyi bakenera cyane ko ibihugu byombi bifitanye umubano mwiza wa Demokarasi. Iby’aya mahirwe Perezida Andrzej Duda yabigarutseho mu kiganiro we na Perezida Paul Kagame bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 07 Gashyantare 2024, Nyuma yo gutangira uruzindiko rw’iminsi […]

Continue Reading