Mu ntangiriro z’ukwezi kwa 5, hateganijwe imvura iri hejuru y’isanzwe igwa.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko iteganyagihe ry’igice cya mbere cy’ukwezi kwa Gicurasi 2024, kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 10, hateganyijwe ko imvura izakomeza kugwa. Imvura iteganyijwe iri hagati ya milimetero 40 na 200 mu bice bitandukanye by’Igihugu. Ingano y’imvura iteganyijwe iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu gihugu, ikigero cy’impuzandengo […]

Continue Reading

Muri Kenya Abantu 38 nibo bamaze kumenyekanye ko bahitanywe n’imyuzure.

Kugeza ubu abaturage b’aho muri Kenya, cyane cyane mu Mujyi wa Nairobi barimo guhura n’ingaruka zituruka kuri iyo myuzure warengeye zimwe inzu zabo, ugasenya n’ibindi bikorwa remezo bitandukanye. Umuyobozi wa Polisi muri uwo Mujyi wa Nairobi, Fred Abuga, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) ko ku wa gatatu tariki 24 Mata 2024, imirambo yashoboye kuboneka ari […]

Continue Reading

Nyuma yuko hagaragaye umwotsi, ubuyobozi bwa Marriott hotel bwahakanye ibyo gushya kwiyi hotel.

Ubuyobozi bwa Kigali Marriott Hotel ikorera mu Mujyi wa Kigali, bwahakanye ko inyubako yayo yafashwe n’inkongi y’umuriro, nyuma y’uko hagaragaye hacumba umwotsi mwinshi mugitondo cyo kuri uyu wa gatanu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mata 2024, ku igorofa ya nyuma y’inyubako ikoreramo iyi hotel, hagaragaye hacumba umwotsi w’umukara mwinshi, aho byakekwaga […]

Continue Reading

South Africa : Impanuka ikomeye yahitanye abantu 45 harokoka umwana w’imyaka 8 gusa.

Muri Africa Yepffo haravugwa impanuka ikomeye yahitanye abasaga 45 bose bari bateraniye muri Bisi gusa hakarokokamo umwana muto w’umukobwa wo mu kigero cy’imyaka 8. Polisi yo mu muhanda yo muri iki gihugu yavuze ko abantu 45 bose bapfuye muri bitabye Imana ubwo iyi modoka ya bisi bari barimo yarohamaga mu manga y’umusozi muri metero 50 […]

Continue Reading

Kamonyi : Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta, Umwe ahasiga ubuzima.

Abantu 8 bagwiriwe n’urukuta rw’urugo rwaho bacukuraga umwe ahasiga ubuzima naho abantu 4 barakomereka cyane 2 bakomereka mu buryo bworoheje naho umwe ahabwa ubuvuzi bw’ibanze. Ni amakuru yamenyekanye ahagana saa yine n’iminota 15 aho bacukuraga umusingi wo kubakamo indi nyubako bikaba byabereye mu Murenge wa Runda, mu Kagali ka Ruyenzi mu Mudugudu wa Nyagacaca, Umuvugizi […]

Continue Reading

Ibyo kwitondera ku bagore n’abakobwa muri iki gihe cy’ubushyuhe bwinshi.

Ese wari uziko ubushyuhe bwinshi bushobora kongera ibyago byo kubyara abana bapfuye cyangwa se bakavukana ibindi bibazo cyangwa se n’inda zabo zikaba zanavamo bitunguranye biturutse ku bushyuhe bwinshi. Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko gukorera imirimo itandukanye ku gistinagore ndetse no kuba mu bushyuhe bwinshi bukabije bishobora gukuba kabiri ibyago byo kubyara abana bapfuye no gukuramo inda […]

Continue Reading

Rwamagana : Abantu batatu bahasize ubuzima mu mpanuka y’ikirombe cyaridutse.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024 mu masaha ya mugitondo abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe; batatu muri bo barimo abagabo babiri n’umugore umwe bitabye Imana, abandi batatu barakomereka, bakaba bari kwitabwaho mu bitaro bya Rwamagana. Abakozi bagwiriwe n’ikirombe bakorera Kompanyi ya St Simon Metal icukura amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Rutaka mu Kagari […]

Continue Reading

Inkangu mu Rwanda ituma habaho gusenyuka ku mipaka ya Kongo n’u Rwanda.

Umujyi wa Buhozi mu gace ka Kabare gaherereye mu majyepfo ya Kivu, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), hafi y’umupaka w’u Rwanda, wongeye kugwa bitewe n’nkangu mu minsi ibiri ishize. Iyi mpanuka nshya yibasiye uruzi rwa Ruzizi n’umusozi wa Nyamagana muri DRC. Sosiyete sivile yo mu karere irahamagarira ingamba z’umutekano zongerewe kugira ngo ingabo z’amahanga […]

Continue Reading

Impunzi ziri muri Uganda ni 3,6% by’abaturage bayo

Uganda ifite inkambi nini y’impunzi muri Afurika, miliyoni 1.6. Kurenza inshuro ebyiri abo mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi, nkijanisha ryabaturage bayo. Ariko igabanuka ry’amafaranga rishobora gushyira mu kaga impunzi ziri muri iki gihugu. Impunzi nyinshi zikomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Sudani yepfo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, icyateye aba bantu guhunga ibihugu byabo biterwa […]

Continue Reading

Ubu ikibazo cy’abimukira mu Bwongereza kigiye gucyemurwa n’ifaranga

Abimukira basaba ubuhunzi mu Bbwongereza bazahabwa £ 3000 ($ 3.800 ni ukuvuga arenga miliyoni 4 hafi eshanu) yo kwimukira mu Rwanda. Ubwongereza bumaze kugira gahunda ihari yo kwishyura abasaba ubuhunzi bananiwe gusubira mu bihugu byabo. Ku wa kabiri, ibitangazamakuru byaho byatangaje ko ariko ingamba nshya zireba abadashobora gusubira mu bihugu bakomokamo. Amafaranga yo kwishyura abimukira […]

Continue Reading