Ibyo Afurika y’Epfo ishinja Israel yakoze muri Gaza yabihakanye.

Igihugu cya Israel cyavuze ko Afurika y’Epfo yavuze ibintu uko bitari mu rubanza yarezemo Israel mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha [ICJ]. Afurika y’Epfo yatanze ikirego yemeza ko Israel irimo gukora Jenoside ku baturage ba Palestine mu ntambara irimo kubera muri Gaza, kandi ko Israel ifite umugambi wo kurimbura Gaza, uwo mugambi ukaba uturuka mu bategetsi bo […]

Continue Reading

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro zatangiye kuva muri DR Congo.

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), bazwi ku izina rya MONUSCO, batangiye kuva muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe na Christophe Lutundula, minisitiri w’intebe wungirije wa DRC akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga. Uku kuva kwa MONUSCO muri DR Congo bizaba mu byiciro bitatu, guhera ku kuvana burundu ibice bya […]

Continue Reading

Abantu 8 bakubiswe n’inkuba mu kibuga cy’umupira, bamwe barakomereka.

Inkuba yakubise abantu bagera kuri 8 barimo n’abakinnyi b’umupira w’amaguru ndetse n’umuyobozi ushinzwe imibereho y’abakinnyi {Team Manager} bitewe n’imvura nyinshi yaguye. Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2024, ku kibuga cy’umupira w’amaguru giherereye mu karere ka Gicumbi, Inkuba yakubise aba bose ubwo harimo haba umukino wo muri shampiyona y’abagore wahuzaga ikipe […]

Continue Reading

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ifatirwamo imyanzuro itandukanye hamenyekanye igihe izabera.

Inama ya 19 y’Igihugu y’Umushyikirano byemejwe ko izaba tariki 23 na 24 Mutarama 2024, hazareberwa hamwe aho u Rwanda rugeze mu iterambere, ubumwe no guteza imbere urubyiruko by’umwihariko. Inama y’Igihugu y’Umushyikirano iba buri mwaka, ni urubuga Abanyarwanda baganiriramo iterambere ry’Igihugu n’abayobozi bakabazwa inshingano zabo. Muri uyu mwaka wa 2024, Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izasuzuma aho Igihugu […]

Continue Reading

Uganda : Umuganga gakondo yatawe muri yombi, Nyuma yo kwibisha inzuki (Video)

Nk’uko amakuru abitangaza, umuganga kavukire yambitswe amapingu n’inzuki ze asanzwe akoresha mu kazi ke ka buri munsi azira kwiba mu gace ka Koboko muri Uganda. Uyu mugabo utatangajwe izina ngo yafashwe yagiye kwiba akoresha inzuki maze ngo arahururizwa atabizi, Niko kwisanga yafashwe na Polisi yo muri ako gace ka Koboko, Uyu mugabo ngo usanzwe ari […]

Continue Reading

Impamvu 3 utarukwiye kongera gukoza ifiriti mu kanwa kawe.

Ibirayi bifite abakunzi benshi ku isi, ariko n’ubwo biryoha cyane byatetswe nk’ifiirti, byangiza ubuzima ku buryo buteye ubwoba n’ubwo benshi batabizi. Nk’uko inkuru dukesha urubuga rwa 7sur7.be, hari impamvu eshatu zishobora gutuma urekeraho kurya ifiriti 1. Ifiriti igira ibinure bibi cyane ku buzima Ifiriti cyane cyane y’ibirayi, iraryoha. N’ubwo iryohera abatari bacyeya, ifiiriti irimo ibinure […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa werura ubwe ko ari “Umutinganyi”

Kuri iki cyumweru, Ubufaransa bwabaye igihugu gikomeye ku isi gifite umukuru w’ubutegetsi w’umutinganyi mu mateka y’isi. Nubwo bimeze gutyo, Abafaransa ntacyo bashaka kubivugaho. Ibitangazamakuru byo mu Bufaransa byatangaje ko Gabriel Attal ari minisitiri w’intebe ukiri muto ubayeho muri icyo gihugu; afite imyaka 34, urebye ninkuko byagenze kuri Perezida Emmanuel Macron kuko bivugwa ko ari we […]

Continue Reading

Dore aho izina “Nyamirambo” ryaturutse

Ku isi ahantu hatandukanye hagenda hagira amazina ahitirirwa ugasanga yaramamaye kandi rimwe na rimwe ugasanga iryo zina ritari muri leta, Urugero rwaho tugiye kuvugaho uyu munsi ni mu Rwanda mu mujyi wa Kigali – Uzi Kigali azi Nyamirambo, Ndatekereza twese tubyemeranywaho. Nyamirambo ubundi ni umurenge uri mu karere ka Nyarugenge, ni mu mujyi wa Kigali. […]

Continue Reading

Nyuma y’iminsi mike Wade, agizwe umutoza mukuru wa Rayon Sports, nawe ashobora kwirukanwa.

Nyuma y’iminsi mike Mohamed Wade, agizwe umutoza mukuru wa Rayon Sports, biravugwa ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwaba bwafashe umwanzuro wo kumusezerera burundu. Mohamed Wade, yageze mw’ikipe ya Rayon Sports nk’umutoza wungirije aje gutagirana na shampiyona ya 2023-24, guhera mu Kwakira 2023 yatozaga nk’umutoza mukuru w’agateganyo, nyuma yuko uwo yari yungirije yirukanwe. Uyu mutoza ubusanzwe yari […]

Continue Reading

Ngizi Gereza nziza ku isi, zirusha ubwiza Hotel nyinshi.

Imiryango itegamiye kuri Leta yavuze ko amagereza yo muri iki gihe atera abagororwa kwiheba, harimo no gufungirwa ahantu bitoroshye kubona ibyo kurya bihagije ndetse hamwe na hamwe ugasanga bigoranye ko umuntu ufunzwe abona urumuri, ibyo iyi miryango ivuga ko ari bibi byagiza ikiremwamuntu. Rama Ramanathan, umuvugizi w’abaturage barwanya imibereho mibi mu magereza, yavugiye ku rubuga […]

Continue Reading