KNC yishongoye kuri Rayon Sports aherutse gutsinda, guhindura umutoza ni nko guhindura icupa inzoga ari yayindi.

Kakooza Nkuliza Charles wamamaye nka (KNC), Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports aherutse gutsinda anayirusha cyane mu kibuga. Ni umukino wabahuje wo kwishyura ubwo Gasogi yatsindaga ikipe ya Rayon Sports ibitego 2-1, ndetse bigaragara ko iri hasi cyane. Ibi byaje kuviramo umutoza wa Rayon Sports kwirukanywa nyuma y’umukino ubu kugeza aya magingo ikaba […]

Continue Reading

Umuyobozi wa APR FC yavuguruje umutoza wayo kubyo aherutse gutangaza.

Col Richard Karasira, umuyobozi wa APR FC yavuguruje ibyo umutoza w’abanyezamu b’iyi kipe aheruka gutangaza, avuga ko batazasubira muri Mapinduzi Cup. Ikipe ya APR FC igihe isezerewe na Mlandege, ntigere ku mukino wa nyuma wa Mapinduzi Cup, ntabwo babyakiriye neza aho bavuze ko bibwe n’abasifuzi babangiye igitego bakanabima penaliti. Icyo gihe umutoza w’abanyezamu ba APR FC, […]

Continue Reading

Hamenyekanye abatoza babiri bahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports.

Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Rayon Sports, Mohamed Wade yirukanwe, biravugwa ko Minnaert Ivan na Ndayizeye Jimmy ari bo bashobora kuvamo umutoza wa Rayon Sports. Umutoza Mohamed Wade wari ufite amasezerano y’umutoza wungirije muri Rayon Sports, mbere y’uko imikino yo kwishyura itangira yari yagizwe umutoza mukuru. Nyuma y’umukino w’umunsi wa 16, Rayon Sports yatsinzwemo […]

Continue Reading

Dore ibihugu bifite amategeko akakaye, Aho kwambara ibara ry’umuhondo no kwizihiza St Valantin ari icyaha.

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe bibamo amategeko yihariye bitewe n’umuco wabo cyangwa se ikindi cyihariye cyatumye itegeko runaka rishyirwaho. Kwambara imyenda y’umuhondo muri Malaisie, kubyinira mu kabyiniro nyuma ya saa sita z’ijoro mu Buyapani cyangwa kwambara imyenda y’amakoboyi ‘Jeans’ muri […]

Continue Reading

Umugabo n’umugore we baguze umunara wo mu Butaliyani umaze imyaka 400. Dore uko byagenze.

Umugabo n’Umugore bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bitwa Aileen na Tom Winter baciye agahigo ko kugura umunara wubashywe kandi unamaze igihe kirekire ubayeho. Mbere yuko bakondana aba bombi bari bahuriye kukuba bose bakunda cyane igihugu cy’Ubutaliyani, Aba bashakanye bo muri Amerika, bamaze imyaka igera kuri 18 basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo, Bagiye batemberana kenshi […]

Continue Reading

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be indirimbo nshya yo guhimbaza Imana nk’uko ariwo muziki asigaye abarizwamo. Meddy wakiriye agakiza mu minsi yashiza akava mu muziki usanzwe uzwi nka “Circular Music” akajya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yari amaze iminsi […]

Continue Reading

Ingo zirenga 60 zahiye, 10% by’abaturage bimuwe, Ingaruka z’Ikirunga cyarutse mu mujyepfo ya Islande zikomeje kwiyongera.

Abaturage bo mu majyepfo y’Uburayi baturiye ikirwa cya Islande bibasiwe n’ingaruka z’ikirunga cyarutse cyangiza byinshi birimo amazu y’abaturage, nyuma y’imyaka igera kuri 2 kitaruka. Kuri iki cyumweru, tariki ya 13 Mutarama, Nibwo iki kirunga cyo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Isilande cyarutse, ibiro bishinzwe ubumenyi bw’ikirere muri iki gihugu bivuga ko bibaye ku nshuro ya gatanu […]

Continue Reading

Sobanukirwa ibijyanye n’ingufu enye (4) zigenga Isanzure.

Isanzure n’ibirimo bifite uko bikora, buri kintu mu birigize gifite ingufu zituma gikora kandi kigakorana n’ibindi. Izi ngufu abahanga bemeza ko izizwi cyane ari enye: Ingufu rukuruzi(force gravitationelle)., ingufu zikora biturutse ku mashanyarazi azibamo(force electromagnetisme), n’izindi ngufu ebyiri ziba mu ntimatima ya atome (izi bazita strong force na weak force). ubusanzwe muri physique basobanura ingufu(force) […]

Continue Reading

Police FC yananiwe gufata umwanya wa mbere muri Shampiyona nyuma yo gutsindwa na Sunrise FC i Goligota.

Ikipe ya Police y’igihugu, Police FC yananiwe gufata umwanya wa mbere muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, nyuma yo gutsindwa na Sunrise FC ibitego 2-1. Hari ku mukino w’umunsi wa 16, wa Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda wabaye kuri icyi cyumweru tariki 14 Mutarama 2024. Ni umukino wo kwishyura ikipe ya Sunrise FC […]

Continue Reading

Umuvugizi wa Reta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yahumurije Abarundi bari mu Rwanda ko umutekano wabo ari wose.

U Rwanda n’u Burundi ni ibihugu bisa nkaho ari bimwe, n’ibihugu bisangiye byinshi, ari ururimi, umuco mbese bihana inka n’abageni. Burya ibihe ntibihora ari byiza, igihe kiragera bigahinduka cyane ko muri politike buri wese aba aharanira inyungu ze, rimwe na rimwe ugasanga ibibazo byabayobozi biragenda bikangiriza abaturage, bikaba ubwa wamugani ngo aho imbogo zirwaniye ibyatsi […]

Continue Reading