2 bapfuye abandi 77 barakomereka kubera iturika ritateganyijwe mu majyepfo ya Nijeriya

Ku wa kabiri nijoro, guverineri yavuze ko abantu babiri bapfuye abandi 77 barakomereka nyuma y’igiturika kinini cyibasiye inyubako zirenga icumi muri umwe mu mijyi minini ya Nijeriya, nk’uko byatangajwe na guverineri, ubwo abashinzwe ubutabazi bacukuye kugira ngo barebe abakiri bazima ngo babahe ubutabazi. Abatuye mu ntara y’amajyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi wa Ibadan utuwe cyane n’umujyi wa […]

Continue Reading

Amakimbirane yo mu Rwanda na Kongo amaze kwiyongera nyuma yuko u Rwanda ruvuga ko rwishe umusirikare wambutse umupaka.

Ku wa kabiri, ingabo z’u Rwanda zavuze ko zishe umusirikare wa Kongo wambutse umupaka kandi bivugwa ko yarashe ku irondo ry’ingabo z’u Rwanda, ibi bikaba biherutse kuba mu makimbirane yambukiranya imipaka hagati y’abaturanyi. Mu itangazo ry’ingabo z’u Rwanda zavuze ko nazo zafashe abasirikare babiri ba Kongo bari kumwe n’uwishwe. Yavuze ko bambutse umupaka ku mudugudu […]

Continue Reading

Pakisitani : Umubare munini w’Abana bato baguye mu gitero cya Irani.

Leta ya Pakisitani yatangaje ko abana babiri aribo byamenyekanye ko bishwe, Naho abandi batatu bakomeretse bihamabaye mu gitero cyagabwe na Irani kuri uyu wa kabiri Tariki ya 16 Mutarama 2024, igihugu cya gatatu cyibasiwe na Tehran muri iki cyumweru. Nk’uko ibiro ntaramakuru bifitanye isano n’igisirikare cy’iki gihugu bibitangaza, Irani yavuze ko yibasiye ahantu habiri hafitanye […]

Continue Reading

Rutahizamu wa APR FC, Victor Mboama yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi.

Victor Mboama, rutahizamu wa APR FC, yahigitse abakinnyi barimo Heritier Nzinga Luvumbu wa Rayon Sports yegukana igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa 12/2023. Ibi bihembo byatanzwe ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2024, ubwo hahebwaga abakinnyi n’abatoza bitwaye neza mu kwezi k’Ukuboza umwaka wa 2023. Igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi cyari gihanganiwe n’abakinnyi barimo; Victor […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru yarashe misile ya Ballistic kuri Koreya y’Epfo.

Guverinoma ya Koreya y’Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru yayirasheho igisasu cya Misile yo mu bwoko bwa ballistique mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 14 Mutarama 2024. Nk’uko DW yabitangaje, ngo misile yo muri Koreya ya ruguru yamanutse mu nyanja y’Ubuyapani yahawe icyerecyezo cyo mu mujyi wa Pyongyang. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye avuga […]

Continue Reading

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yavuze ikiri gukorwa nyuma yo gufata abasirikare ba FARDC binjiye mu gihugu.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abasirikare babiri b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binjiranye na mugenzi wabo we warashwe agapfa, bo bafashwe, ubu bari kubazwa ibibazo mu rwego rwo gukora iperereza. Ibi bibaye nyuma y’uko ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) bushyize hanze itangazo rivuga ko abasirikare batatu ba FARDC […]

Continue Reading

Platini P yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Jirewu”. +{Video}

Nemeye Platini wamamaya nka Platini P muri muzika Nyarwanda, yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise “Jirewu”, iri kuri EP ye yose BABA, aherutse gushyira hanze. Uyu mwaka utangiranye byinshi mu myidagaduro byumwihariko mu bahazi Nyarwanda, aho bakomeje gusanhiza abakunzi babo ibyo babijeje mu mwaka ushize wa 2023. Nyuma yuko kumunsi w’ejo tariki 15 Mutarama 2024, […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe barafungiwe, Kenya yongeye kwemerera Air Tanzania uburenganzira bwo gutwarayo imizigo.

Nyuma y’igihe Air Tanzania isabye uburenganzira bwo gutwara imizigo muri Kenya, inzego z’ubuyobozi muri Kenya zemereye Air Tanzania ubwo burenganzira. Air Tanzania yabonye uburenganzira bwo kujyana imizigo muri Kenya, mu gihe Kenya Airways n’ayo yongeye gukorera ingendo hagati y’umujyi wa Nairobi na Dar es Salaam, nyuma y’uko ibihugu byombi bikemuye amakimbirane byari bifitanye. Ibi bivuze […]

Continue Reading

Ally Soudy yateguye ibirori bizaherekeza Rwanda Day I Washington.

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy yatangaje ko amaze igihe ashinze kompanyi yise (Salax Entertainment) yanyujijemo gutegura ibirori bya (Rwanda Day After Party) bizaherekeza Rwanda Day. Rwanda Day isobanurwa nk’igikorwa gihuza abanyarwanda batuye mu mahanga n’ababa mu Rwanda. Abitabira iri huriro babona amahirwe yo kuganira na Perezida wa Repubulika ku ngingo zitandukanye z’iterambere ry’Igihugu n’ibindi. Rwanda […]

Continue Reading

Rutahizamu w’umunya-Rwanda Kagere Meddie yamaze gutandukana na Singida.

Kagere Meddie, rutahizamu w’umunya-Rwanda wakiniraga ikipe ya Singida Fountain Gate, yamaze gutandukana n’iyi kipe, ahita yerekeza muri Namungo FC. Kagere Meddie, uyu wari umwaka we wa kabiri muri iyi kipe ya Singida. ibarizwa mu Ntara ya Singida, akaba yarayijemo avuye muri Simba SC na yo yo mu gihugu cya Tanzania. Kuva muri iyi kipe kwa […]

Continue Reading