Mbere yuko u Rwanda rukina na DR Congo, Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri, yabasabye gutsinda.

CG Dan Munyza, Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri, mbere yo gukina DR Congo, yibukije abakinnyi b’ikipe y’igihugu ko bagomba gushaka intsinzi kuko umukino wo bawuzi. Byabaye mbere y’umukino wa kabiri w’igikombe cy’Afurika cya Handball kirimo kubera mu Misiri kuva tariki ya 17 Mutarama 2024, aho u Rwanda rugiye gukina na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. […]

Continue Reading

Nyuma yo gupapurwa umukunzi we ubugira kabiri, agahinda kamuteye kwisiga insenda mu maso.

Urukundo ruraryoha, ariko harabo rugeraho rukabahindura abasazi ndetse bikaba byabaviramo n’ibibazo bikomeye, nkurupfu, ubumuga, kwiheba n’agahinda gakabije. Hari inkuru nyinshi zaduciye mu matwi z’abantu bagiye biyambura ubuzima kubera urukundo nubwo usanga babaha urwamenyo ngo ntibyagakwiye. Muri Nigeria naho hadutse inkuru y’umusore wanshenguwe umutima no gupapurwa umukinzi ubugira kabiri, bimutera gufata umwanzuro ushobora no kumuviramo ubumuga. […]

Continue Reading

Pakisitani yagabye ibitero byo kwihorera muri Irani.

Pakisitani yagabye ibitero bya misile byo kwihorera muri Irani, nyuma y’iminsi ibiri Iran irashe ku butaka bwa Pakistan. Ibi bitero byo kwihorera Pakisitani yagabye ku butaka bwa Irani, byabaye ejo kuwa kane tariki 18 mutarama 2024. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Pakisitani yavuze ko abantu benshi biciwe mu ntara ya Sistan-Baluchistan. Mu gihe ibitangazamakuru bya leta […]

Continue Reading

Menya impamvu Fitina Omborenga yambuwe inshingano zo kuba kapiteni wa APR FC.

Uwari Kapiteni w’Ikipe y’ingabo z’Igihugu APR FC, Omborenga Fitina yamaze kwamburwa burundu inshingano zo kuba kapiteni wiyi kipe. Mu mpera z’umwaka ushize wa 2023, mbere gato y’uko APR FC yerekeza mu irushanwa rya Mapinduzi Cup ryabereye mu ntara ya Zanzibar ni bwo byamenyekanye ko kapiteni wa yo Fitina Omborenga yahawe ibihano. Amakuru atugeraho avuga ko […]

Continue Reading

Ese koko, Bahavu Jeannette uzanasohora Season ya 9 ya “Impanga Series” kuri uyu wa mbere, Yaba yinjiye mu ivugabutumwa?

Icyamamarekazi muri Cinema nyarwanda Bahavu Jeannette akomeje gutanga ihurizo ku bakunzi be, niba koko yaba yinjiye mu ivugabutumwa nk’uko bikomeje gututumba mu itangazamakuru ndetse no ku mbugankoranyambaga. Amakuru aravuga ko Bahavu Jeannette uri mu bakinnyi ba Firime Nyarwanda bakunzwe cyane ko kuri uyu wa kane tariki ya 18 Mutarama 2024, yaba yashimangiye ko yinjiye mu […]

Continue Reading

Umubyeyi w’imyaka 25 yaguwe gitumo n’abagizi banabi atetse bamuca umutwe barawutwara.

Mw’ijoro ryakeye nibwo iyi nkuru y’incamugongo yamenyeka muri Kenya, aho abagizi banabi baguye gitumo umubyeyi yitekeye ubugali mu gikoni mugihe abandi bari munzu bari kuganira bamuca umutwe barawirukankana. Inkuru zubugome nkizi zabagizi banabi baca inzirakarengane imitwe zikunze kumvikana, gusa nanubu ntawe uramenya impamvu baba bashaka iyo mitwe ndetse nicyo baba bagiye kuyikoresha. Umuyobozi wako gace […]

Continue Reading

Ruhango : Indwara y’ibicurane idasanzwe yakamejeje, Abanyeshuri bagera kuri 72 nibo bamaze kugezwa mu bitaro.

Mu karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abanyeshuri bafashwe n’indwara y’ibicurane bikaze ndetse 72 muri bo bakaba bagejejwe kwa muganga barembye cyane, Kugirango bitabweho. Amakuru avuga ko muri iki kigo cy’Amashuri iyi ndwara yakamejeje dore ko hafi y’abanyeshuri bose iri kubarangwaho, gusa abamaze kuremba banahawe ubuvuzi akaba ari 72, bivugwa ko guhera ku itariki ya 17 […]

Continue Reading

Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi kugeza ubu afite. Kuri uyu gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Nibwo uyu muhanzikazi yatangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, ndetse ashimangira ko abagiye bavuga ko gukundana na Yvan Muziki byatumaga adakora cyane atari […]

Continue Reading

Netanyahu yanze amasezerano yo kurekura abanya Gaza

Intambara ya Isiraheli kuri Gaza – ubu ku munsi wa 104 – kugeza ubu imaze guhitana byibuze Abanyapalestina 24.448 ikomeretsa 61.504, nk’uko abategetsi ba Palesitine babivuga, nk’uko Loni iburira ko ejo hazaza h’intambara nyuma y’intambara ku Banyapalestine bagoswe muri ako gace. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo guverinoma ya Isiraheli yateguye icyifuzo cyo gutangiza imishyikirano mishya […]

Continue Reading

Ihere ijisho uburanga n’imiterere bya Keza Nabrizza wasajije Niyo Bosco mu rukundo. +[AMAFOTO]

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga, Umuhanzi Niyo Bosco yagiye agaragaza ibyiyumviro bidasanzwe afitiye umukobwa witwa Keza Nabrizza, aho yanashyize amashusho abagaragaza bombi kuri Instagram nyuma akaza kuyasiba. Iyi nkuru yasakaye cyane ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki 16 mutarama 2024, ibwo Niyo Bosco yashyiraga kuri Instagram ye amashusho ari gusangira nuyu mukobwa, agaherekezwa n’amagambo […]

Continue Reading