M23 yagabweho igitero n’ingabo za DR Congo zifatanije n’iza SADC.

Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa M23, yatangaje ko ku cyumweru no mu gitondo kuri uyu wa mbere, ihuriro ry’ingabo za leta ya DR Congo n’imitwe ifatanya nazo hamwe n’ingabo za SADC bagabye ibitero bya drone kuri M23. Ibi bitero M23, ivuga ko byabereye mu duce twa Mweso, Mpati na Karuba muri Masisi na Kibumba muri Rutshuru. […]

Continue Reading

Dore amwe mu mafoto utabonye y’ubukwe bwa Youssef Rharb umukinnyi wa Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Maroc, Youssef Rharb yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n’umugore we Issay Fatima. Amakuru atugeraho avuga ko ari ubukwe bwabaye mu mpera z’Ukuboza 2023, ari na yo mpamvu yatinze kugaruka gutangira imyitozo kuko yari yasabye uruhushya. Youssef Rharb, akaba yasangije abamukurikira amafoto y’ubukwe bwe na Issay Fatima aho yaherekejwe n’amagambo […]

Continue Reading

Uko byifashe muri Shampiyona y’u Rwanda, mbere yuko hakinwa imikino y’uyu munsi.

Kuwa Gatandatu, ikipe ya AS Kigali yaraye itsinze Kiyovu Sports igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona, Musanze FC itsindira Bugesera ibitego 2-0. Mu mikino yakinwe kuva ku wa Gatanu ubwo Rayon Sports yatsindaga Gorilla FC igitego 1-0, cyatsinzwe na Luvumbu Nzinga ku munota wa 41. kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mutarama […]

Continue Reading

Wari uziko ikinyobwa cya Coke Pepsi cyongera ubunini bwa kimwe mu bice by’imyanya y’ibaga y’Umugabo.

Ubushakashatsi bwerekanye ko kunywa soda yo mu bwoko bwa Coke na Coke Pepsi bishobora kongera uuzima bw’umusemburo wa estosterone Ndetse n’ubunini bw’igice cy’imyanya y’ibanga y’umugabo kizwi nk’Amabya. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu buzima bw’imyororokere bo muri kaminuza yo mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Minzu mu Bushinwa bukanasohoka mu kinyamakuru kivuga ku bumenyi  cyitwa Acta Endocrinol, bugamije kwigisha […]

Continue Reading

Abayobozi b’Abanyafurika baranenga ibikorwa bya gisirikare bya Isiraheli muri Gaza, basaba ko imirwano yahita ihagarara.

Abayobozi b’Afurika bamaganye ibikorwa bya gisirikare bya Isiraheli muri Gaza, basaba ko amakimbirane akomeje kugira ingaruka ku baturage ku buryo budasubirwaho. Kunengwa kwari mu nama yabereye muri Uganda, yakiriwe n’umuryango udaharanira inyungu (NAM), ihuriro ry’ibihugu 120 bidahuza ku mugaragaro n’umuryango uwo ari wo wose ukomeye. Perezida w’Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye, Denis Francis, yagaragaje ko ahangayikishijwe […]

Continue Reading

Perezida wa Kongo, Felix Tshisekedi, yarahiriye imirimo ye nyuma y’amatora ataravuzweho rumwe.

Ku wa gatandatu, Perezida wa Kongo, Felix Tshisekedi yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe mu Kuboza, asezeranya guhuza igihugu cya Afurika yo hagati muri manda ye ya kabiri y’imyaka itanu ndetse no kurengera ubuzima mu karere k’iburasirazuba bwibasiwe n’amakimbirane. Tshikedi, ufite imyaka 60, mu muhango wo gutangiza ibirori byitabiriwe n’abakuru b’ibihugu byinshi yagize ati: “Nsubije inyuma […]

Continue Reading

Intambara ya Isiraheli Hamas: Loni ivuga ko abagore n’abana bahitanwa muri iyi ntambara igihe IDF yibasiye Damasiko.

Loni iti: Abagore n’abana bahitanwa n’intambara ya Isiraheli na Hamas hamwe n’abantu 16.000 bishwe Ikigo cy’umuryango w’abibumbye giteza imbere uburinganire bw’umugore cyatangaje ko abagore n’abana aribo bahitanwa n’intambara ya Isiraheli na Hamas, hapfa abantu bagera ku 16.000 ndetse n’ababyeyi bagera kuri 16. bahasiga ubuzima buri saha. Kubera amakimbirane amaze iminsi 100, Abagore ba Loni bongeyeho […]

Continue Reading

“Heroes Cycling Cup” Manizabayo Eric Karadiyo na Xaverine Nirere begukanye imyanya ya mbere mu isiganwa. {Amafoto}

Isiganwa ryo ku magare ryitiriwe Umunsi w’Intwari “Heroes Cycling Cup” ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024, Ryegukanwe n’Abanyarwanda MANIZABAYO Eric ndetse na NIRERE Xaverine. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024, Nibwo hasojwe isiganwa ryo ku magare ryitiriwe umunsi w’Intwari “Heroes Cycling Cup” ndetse ryegukanwa na […]

Continue Reading

RBC yamaze impungenge abanyarwanda ku bwiyongere budasanzwe bw’ibicurane n’inkorora ko ntaho bihuriye na COVID-19.

Mu mpera z’umwaka wa 2023 niho hatangiye kugaragara ibicurane ndetse n’inkorora mu bantu hirya no hino mu Rwanda. Mu kwezi Kwa mutarama nibwo byaje kwiyongera nkuko RBC ibitangazako mu byumweru bibiri byambere byiyongere ku ijanisha rya 19% ugereranyije n’ukwezi gushize. Niyingabira Julien, umukozi wa RBC yavuze ko hafashwe ibipimo abantu bagera ku 110 bagaragawe iyo […]

Continue Reading

Bruce Melodie yavuze uko King James yatumye afata umwanzuro wo gushora imari mu bitari umuziki.

Itahiwavu Bruce, wamamaya nka Bruce Melodie muri muzika, yavuze ko ibiganiro yagiranye na King James ubwo bahuriraga muri Rwanda Day ari byo byatumye yiyumvamo gushora imari. Ibi umuhanzi Bruce Melodie yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, cyabereye muri BK Arena, agaruka ku bucuruzi bwa siporo yinjiyemo we n’itsinda risanzwe rimufasha […]

Continue Reading