Perezida mushya wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo rye mu muhango wo kurahira.

Perezida Joseph Boakai, ni Perezida mushya wa Liberia, yananiwe kurangiza ijambo rye nyuma yo kurahira maze bamukura kuri (Podium) adasoje iryo jambo, iba byabaye mu muhango wo kurahira. Joseph Boakai, ni umugabo w’imyaka 79, mugihe yari asoje kurahira, yamaze iminota isaga 30 avuga ijambo rye gusa byagaragaraga neza ko gukomeza birimo kwanga, maze bituma uwo […]

Continue Reading

Perezida Tshisekedi ni muntu ki? Dore byinshi wamenya kuri uyu mugabo.

Amazina ye nyayo ni Félix Antoine Tshisekedi Tshilomboku yavutse ku ya 13 Kamena 1963 ni umunyapolitiki wo muri Kongo wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo kuva ku ya 24 Mutarama 2019. Ni umuyobozi w’ubumwe bwa demokarasi n’iterambere ry’imibereho (UDPS), ishyaka rya kera kandi rikomeye muri DRC. Kuri uwo mwanya wo kuyobora iryo shyaka […]

Continue Reading

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique ari mu ruzinduko mu Rwanda.

CGS Admiral Joaquim Mangrasse, umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, yatangiye uruzinduko rw’akazi azamarami iminsi ibiri mu Rwanda. Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2024, nibwo Mangrasse, yakiriwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda Juvenal Marizamunda ari kumwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, bakaba bamwakiriye ku Birindiro Bikuru by’Ingabo z’u Rwanda. Mu biganiro […]

Continue Reading

Umugabo yareze umuganga yishyuye ngo amwongerere ubunini bw’igitsina bikarangira kigabanutse.

Mu gihugu cya Turukiya, umugabo yatanze ikirego mu rukiko, arega umuganga yishyuye amafaranga ngo amwongerere ubunini bw’igitsina, maze bikarangira kigabanutse. Uyu mugabo witwa Ilter Turkmen, ni umukozi wa Banki, akaba akomoka ahitwa Tekirdag muri Turkey, uyu mugabo ashaka indishyi y’akababaro ya ($16. 500), igomba gutangwa na Dr. Haluk Soylemez, umuganga wagombaga kumwongerera igitsina yaba mu […]

Continue Reading

Nyuma y’igihe atagaragara mu kibuga Moussa Madjaliwa wa Rayon Sports ashobora kugaruka.

Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa, nyuma y’amezi arenga abiri atagaragara mu bikorwa bya Rayon Sports, yaciye amarenga ko agiye kugaruka. Ibi Aruna Moussa Madjaliwa, yabitangaje mu butumwa yanyujije kuri page ye ya Facebook asanzwe anyuzaho amakuru ye yose. Yagize ati “Imana nibishaka muzambona vuba.” Aruna Moussa Madjaliwa, yaherukaga gukinira ikipe ya Rayon Sports ku munsi wa […]

Continue Reading

Ikipe ya APR FC yatakaje myugariro w’ingenzi.

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC imaze gutakaza abakinnyi bageze kuri batatu kubera ibibazo by’imvune bagiriye mu irushanwa rya Mapinduzi Cup. Iyi kipe yatakaje Apam Assongue Bemol na rutahizamu Victor Mbaoma bagiriye ikibazo mu irushanwa rya Mapinduzi Cup riheruka kubera muri Zanzibar bakazamara ukwezi hanze y’ikibuga. Iyi kipe kandi yatakaje na myugariro Salomon Banga Bindjeme, myugariro […]

Continue Reading

Amateka n’udushya bya DR Congo yitwaga (zaire) imaze imyaka isaga 50 ikatishije itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi.

Imyaka igera kuri 50 igiye kuzura igihugu cya DR Congo gikatishije itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cyo mu mwaka w’i 1974, n’igikombe cy’isi cyabereye mu gihugu cy’Ubudage. Icyo gihe Congo yitwaga Zaire yari ije muri iki gikombe ku nshuro ya mbere kuko siyo yonyine yari izanye na Haiti, Ubudage bw’Iburasirazuba ndetse na Australia. Zaire […]

Continue Reading

Abafana 6 nibo bamaze kuhasiga Ubuzima kuva AFCON 2024 yatangira.

Hakunze kumvikana inkuru nkizi z’abafana bapfa bari gufana amakipe bihebeye, gusa bikunze kumvikana ku mugabane w’u Burayi none kwiyi nshuro biri kuba mu mikino y’igikombe cy’Afrika. Kuwa gatanu w’icyumweru gishize mu itsinda C, ni bwo ikipe y’igihugu ya Guinea yatsindaga Gambia igitego 1-0 cyatsinzwe na Aguibou Camara ahawe umupira na Morgan Guilavogui ku munota wa […]

Continue Reading

Nyanza : Umugabo yakoresheje Ipiki, mu kwivugana umugore we.

Mu murenge wa Nyanza haravugwa inkuru y’Umugabo wivuganye umufasha we witwa AYINGENEYE babanaga akoresheje igikoreho cyo gucukuza kizwi nk’Ipiki. Ibi byabaye kuri iki cyumweru tariki ya 21 Mutarama 2024, Mu murenge wa Nyanza, Akagari ka Higiro, Umudugudu wa Agatare mu ijoro rijigije ubwo uyu mugabo yakoraga aya mabi ndetse agahita yihutira gutoroka nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi […]

Continue Reading

ADEPER yakije umuriro rwihishwa Kuri ya korali yumvikanye iririmba Hip pop.

Byabaye nkibitunguranye kumva korali yadukanya injyana itarimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Mu Minsi yashize nibwo twumvise korali yitwa Umucyo yasohoye indirimbo uri munjyana ya hip Hop, yaje kugaragaramo umukecuru watangaje abantu cyane ubwo yazengurukaga arapa mbese bantu baranezerwa cyane. Gusa ibi ntago Abantu babyakiriye kimwe harimo n’itorero rya ADEPR iyo korali ibarizwamo, […]

Continue Reading