Uganda: Inkuba yahitanye abantu babiri mu karere ka Kisoro

Inkuba yakubise abantu babiri mu karere ka Kisoro, mu burengerazuba bwa Uganda. Abishwe barimo Flora Bwimana, utuye mu mudugudu wa Matembe na Twizere Sibomana, utuye mu mudugudu wa Rukopfe mu gace ka Murora. Bombi bakubiswe ahagana mu ma saa moya za mu gitondo  zo kuri uyu wa mbere tariki 5 Gashyantare 2024. Jackson Sebakunzi, umuyobozi […]

Continue Reading

Ngiyi inkomoko y’Insigamugani “Yakoze aho bwabaga Cyangwa “Yakoze iyo bwabaga.”

Insigamugani Yakoze iyo bwabaga Cyangwa yakoze aho bwabaga, yakomotse kuri Nkoma ya Nkondogoro, Sekirasanyi Ikirozi cyo mu Marangara kitarogera ubusa uretse abagihaye ihene n’intama, ahasaga umwaka wa 1500. Bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga, babona ananiwe icyo yahoraga ashobora bakamubwira bati “Kora iyo bwabaga!” Naho usanzwe atagira imbaraga zo gukora iki n’iki, iyo kimunaniye […]

Continue Reading

Imijyi 10 yo muri Afurika ifite umubare munini w’ibyaha mu ntangiriro za 2024

Ubugizi bwa nabi bugera ku isi hose, Afurika nayo ntisonewe ingaruka zabyo. Umugabane uhanganye n’ibipimo by’ibyaha biterwa n’ubusumbane mu mibereho n’ubukungu. Ibintu nk’ubukene, amahirwe make yo kwiga, n’ubusumbane bw’ubukungu bigira uruhare mu bihe aho abantu bamwe bitabaza gukora ibikorwa bitemewe kugirango babeho. Imijyi imwe n’imwe yo muri Afurika ihura n’ibibazo bikomeye, irangwa n’ibyaha byinshi bifitanye […]

Continue Reading

Ingaruka zo gukoresha telefoni mbere yo gusinzira

Gukoresha ibikoresho bitandukanye bisohora urumuri ruto mbere yo kuryama si byiza na gato (aha twavuga kureba televiziyo, gukoresha telefoni na tablets) kuko bitera ibibazo bikomeye bigakira ingaruka ku bwonko. Ibibabazo biterwa no gukoresha ibikoresho bifite urumuri mbere yo kuryama biba mu gusinzira, kuribwa umutwe udashira ndetse no kumva utamerewe neza mu mubiri. Sibyiza kuryama telephone […]

Continue Reading

Ni hehe mu Burayi abantu binjiza amafaranga menshi?

Ibihugu bitatu byamamaye cyane ku isi biri mu Burayi, nk’uko bigaragara mu cyegeranyo cya 2023 cyitwa Legatum Prosperity Index, nyamara ubusumbane bw’amafaranga bwiganje ku mugabane wa kera. Ikigereranyo cy’amafaranga yinjira mu rugo yagenewe gukoreshwa no kuzigama aratandukanye cyane, atari hagati y’ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi, ahubwo no mu bindi bihugu by’Uburayi. Harasa nkaho hari […]

Continue Reading

Inkongi y’umuriro ukabije wibasiye igihugu cya Chili, Hapfa benshi

Perezida Gabriel Boric yavuze ko umubare w’abapfuye ushobora kwiyongera mu gihe inkongi nyinshi yafashe mu karere ka Valparaiso, aho abashinzwe kuzimya umuriro bahanganye n’ikibazo cyo kugera mu duce twugarijwe cyane. Nibura abantu 46 biapfuye, ndetse amazu arenga igihumbi yasenywe n’umuriro w’amashyamba yaka hafi y’abaturage ahantu hatuwe cyane muri Chili rwagati, nk’uko perezida w’iki gihugu yabitangaje […]

Continue Reading

Nyagatare : Ibitera bidatinya no guterura indobo y’amandazi n’amagi birembeje abaturage bibahombya bikomeye.

Mu Karere ka Nyagatare haravugwa inkuru y’ibitera bizengereje abaturage bibahombya mu kigero cyo hejuru cyane ko ngo byangiza imyaka ihinze ndetse bikanagera mu bicuruzwa naho bikiba. Amakuru asaba ubufasha kuri iki kibazo yatanzwe na bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko izi nyamaswa zizwi nk’Ibitera zibarembeje zibatwara ibintu, ku buryo ngo hari […]

Continue Reading

Perezida wa Namibiya Hage Gottfried Geingob yari muntu ki?

Hage Gottfried Geingob yavutse ku ya 3 Kanama 1941 yitaba Imana ku ya 4 Gashyantare 2024, yari umunyapolitiki wo muri Namibiya wabaye perezida wa gatatu wa Namibiya kuva ku ya 21 Werurwe 2015 kugeza apfuye ku ya 4 Gashyantare 2024. Geingob yahoze ari Minisitiri w’intebe wa mbere wa Namibiya kuva 1990 kugeza 2002, kandi yongeye […]

Continue Reading

Perezida wa Namibiya, Hage Geingob yapfuye ku myaka 82 azize kanseri

Kuri iki cyumweru, Perezida wa Namibiya, Hage Geingob, yapfuye, nk’uko ibiro bya perezida byabitangaje mu nyandiko yanditse ku rubuga rwa X. “N’akababaro gakomeye kandi ndicuza kuba mbamenyesheje ko Dr. Hage G. Geingob, Perezida wa Repubulika ya Namibiya yitabye Imana uyu munsi, ku cyumweru tariki ya 4 Gashyantare 2024 ahagana mu ma saa 00h04 mu bitaro […]

Continue Reading

Kenya yafashe umwanzuro w’ibiganiro by’amahoro muri Sudani yepfo

Muri iki cyumweru Kenya yafashe uruhare rwo kuba abunzi mu biganiro hagati ya guverinoma ya Sudani yepfo n’imitwe yitwaje intwaro itarashyize umukono ku masezerano y’amahoro yo mu 2018. Nyuma yo kwangwa kuba umuhuza mu ntambara yo muri Sudani, Perezida wa Kenya, William Ruto, ashobora gukoresha uyu mwanya kugira ngo yongere kwishakira isoko nk’intumwa y’amahoro mu […]

Continue Reading