Ikipe y’igihugu ya Qatar yatwaye Igikombe cya Aziya.

Ikipe y’igihugu ya Qatar yaraye yegukanye Igikombe cya Aziya 2023, itsinze Jordan ibitego 3-1, mu mukino wa nyuma warebwe na Perezida Paul Kagame uri muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ibi byaraye bibaye mw’ijoro ryakeye kuwa Gatandatu tariki 10 Gashyantare 2024. Qatar yatsindiwe na rutahizamu Akram Afif watsinze ibitego bitatu byose yatsinze kuri penaliti ku munota […]

Continue Reading

Nyarugenge: Habaye impanuka y’imodoka, irashya irakongoka.

Mu karere ka Nyarugenge, imodoka ntoya yo mu bwoko bwa Toyota Corolla yafashwe n’inkongi y’umuriro mw’ijoro ryakeye, irashya irakongoka. Mw’ijoro ryakeye tariki 10 gashyantare 2024, nibwo ibi byabaye mu masaha ya saa moya z’ijoro, bikaba byabereye mu Mudugudu w’Amajyambere mu Kagari k’Agatare mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge. Ubwo twageraga ahabereye iyi mpanuka, […]

Continue Reading

Burundi : Bamwe mu basirikare banze kujya mu mirwano na M23 batangiye kwicwa.

Mu Burundi haravugwa inkuru ya bamwe mu basirikare bo mu ngabo z’iki gihugu ndetse n’imbonerakure nkuko bakunze kuzita nyuma yo kwanga kujya guhangana n’umutwe wa M23 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Inkuru dukesha Radio Publique Africaine ivuga koi bi byabayeho cyane ndetse ko hari abagera ku 8 bamaze kwicwa n’urwego rushinzwe Ubutasi mu Burundi […]

Continue Reading

Bruce Melodie yongeye kwibasira The Ben.

Umuhamzi Bruce Melodie yongeye gukora mujisho The Ben, atangaza ko yemeranya n’abavuga ko ari kubyina avamo mu ruhando rwa muzika. Si ubwambere Bruce Melodie yumvikana anenga mu ruhame The Ben, aho amuvuga nk’umuhanzi badahanganiye intebe y’umuhanzi ukomeye, kandi akamugaragaza nk’umuhanzi udashoboye, ukwiriye kumubisa mu rugendo rw’umuziki. Umuhanzi The Ben ntiyigeze na rimwe yumvikana mu itangazamakuru […]

Continue Reading

Abibazaga byinshi kuri Kaberuka na Maritha bavugwa mu ndirimbo y’Impala bagiye gusubizwa.

Abakunzi ba muzika yo hambere bateguriwe igitaramo kizagaruka ku nkuru ivugwa mu ndirimbo ya Orchestre Impala cyiswe ‘Kaberuka na Marita Live Concert’ kizabera Luxury Garden Palace. Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru, tarikiya 11 Gashyantare 2024 muri Luxury Garden mu gitaramo cyiswe “Kaberuka na Marita” bavugwa cyane mu ndirimbo ya Orchestre Impala ikundwa na benshi […]

Continue Reading

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko yibasiwe n’inkogi y’umuriro.

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste, iherereye mu murenge wa Gisozi yibasiwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoko. Ibi byabaye kuri uyu wa gatanu tariki 9 gashyantare 2024, mu masaha ya mbere ya saa sita, gusa ntiharamenyekana icyateye iyi nkongi y’umuriro. Rutangarwamaboko ni umupfumu n’umuvuzi gakondo, akaba n’Imandwa nkuru. Ubusanzwe ni umushakashatsi, umwigisha w’ubuzima bushingiye ku muco akaba […]

Continue Reading

Amakuru mashya kuri Kazungu Denis ukomeje gusubikirwa urubanza.

Mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge harimo abanyamakuru benshi n’abantu baje gukurikirana urubanza, Ukinjira mu rukiko abapolisi babanzaga kugusaka, Imbere mu Rukiko byari bibujijwe gufata amashusho cyangwa amafoto. Kazungu yaje yambaye umwambaro uranga imfungwa, akaba yunganiwe na Me Murangwa Faustin, Ubushinjacyaha bwavuze ko akurikiranyweho ibyaha 10 yakoze mu bihe bitandukanye kuko amakuru yatangiye kumenyekana mu 2022. […]

Continue Reading

Rusizi : Igiti kimwe cyabaye imbarutso yo kwivugana umugore we amukubise ishoka mu mutwe..

Mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Bweyeye, Akagari ka Kiyabo haravugwa inkuru y’akababaro y’umugabo wishe umugore we bapfuye igiti kimwe umugore yari agiye gutema mu ishyamba ryabo. Amakuru Umurava.com wamenye ni uko ngo ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gashyantare 2024 ahagana mu ma saha ya saa 6 :20 […]

Continue Reading

Umukinnyi wa filime Nyarwanda Killaman yasezeranye imbere y’amategeko n’Umuhoza Shemsa.

Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema, yasezeranye imbere y’amategeko mu murenge wa Nyarugenge, n’ Umuhoza Shemsa bari bamaranye imyaka umunani babana. Aba bombi Killaman na Umuhoza Shemsa, basanzwe bafitanye abana babiri b’abahungu. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabanjirijwe no gusezerana imbere y’Imana. Uyu mwaka watangiranye udushya, aho harimo icyo twakwita uruhererekane rw’ubukwe mu byamamare […]

Continue Reading

Wa mugabo uregwa kwica umukunzi we muri Amerika agafatirwa muri Kenya, Yamaze gutoroka polisi yaho.

Ku wa kane, polisi yavuze ko umugabo wari utegereje koherezwa ku cyemezo cya Massachusetts avuga ko yishe umukunzi we agasiga umurambo we mu modoka ku kibuga cy’indege cya Boston yatorotse abapolisi muri Kenya. Umuyobozi w’igipolisi cya Nairobi, Adamson Bungei, yatangaje ko Kevin Adam Kinyanjui Kangethe yavuye mu biro bya polisi maze asimbukira muri minivani yari […]

Continue Reading