“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba kirimo kigomba gusubiza amerwe mu isaho. Elon Musk yanyomoje amakuru yavugwaga ko Igisirikare cy’U Burusiya cyemerewe Internet na SpaceX ikigo ayobora, Avuga ko nta internet icyo kigo cye cyigeze kigurisha abasirikare b’u Burusiya yo kwifashisha […]

Continue Reading

Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa bukomeye.

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Hertier Nzinga Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa burimo gusaba Amahoro mu gihugu cye cya DR Congo. Ejo hashize tariki 11 Gashyantare 2024, ni bwo ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC ibitego 2-1 birimo icya Luvumbu na Rudasingwa Prince, mu gihe Police yatsindiwe na Kayitaba Jean Bosco. Nziga Luvumbu, nyuma yo […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera, bityo ko na we bazabigaragaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri uyu mwaka wa 2024. Perezida Paul Kagame ibi yabitangarije mu kiganiro yatangiye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kuri uyu wa Mbere tariki 12 […]

Continue Reading

Dore imyitwarire y’umuhungu igaragaza ko ashaka imbabazi ku mukunzi we yababaje.

Birashoboka ko abakundana,umusore n’umukobwa bashobora kugirana ikibazo runaka,umuhungu akaba yahemukira umukobwa, akamubabaza ndetse kumubabarira bikaba byamugora,ariko hari imyitwarire cyangwa uburyo bwo kugusaba imbabazi yakugaragariza ugahita umubabarira nkuko impuguke mu by’imibanire y’abakundana Sephan Lbossiere abivuga mu gitabo yise’’ He whofinds a woman’’ Muri iki gitabo Stephan agira inama abakobwa usanga batagira umutima wo kubabarira abakuzi babo […]

Continue Reading

Ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024.

Nyuma yo gutsinda Nigeria 2-1, ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024, cyari kimaze iminsi kibera muri iki gihugu. Imikino y’igikombe cy’Afrika cya 2024, mu mupira w’amaguru yatangiye tariki ya 13 Mutarama 2024, ikaba yasojwe tariki ya 11 Gashyantare 2024, iyi mikino ikaba yaberaga muri Cote d’Ivoire. Iki gikombe cyabaga ku nshuro […]

Continue Reading

Abagore n’abakobwa batangiye gutozwa kurwana intambara muri Sudani

Ku kibuga cy’ishuri muri Port Sudani aho abana biga kandi bagakina mu gihe imbere mu gihugu harimo intambara yahindutse ikibanza cyo gutoza imirwano ku bagore ndetse n’ abakobwa. Abanyeshuri, abarimu n’abagore n’abakobwa bo mu ngo zitandukanye baterana buri munsi kugira ngo bige imyitozo n’uburyo bwo kurasisha imbunda ya AK47 ku basirikare bakuru. Bamwe bari hano […]

Continue Reading

“Rwanda Gospel Stars Live Season 2” igarutse mu isura nshya yo kuzamura impano nshya muri Gospel.

Nyuma yo kuyivugurura “Rwanda Gospel Stars Live 2024 “ nk’irushanwa rigomba guteza imbere umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ryari ritegerejwe na benshi rigiye gutangira. Umunsi n’itariki nyirizina iri rushanwa rizatangirira byamaze kumenyekana, Nyuma yuko ryongewemo icyiciro cyo gutoranya no kuzamura impano nshya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana nyuma yuko ryari risanzwe rishingiye […]

Continue Reading

Musanze : Hari umurambo w’Umusore wasanzwe umanitse mu giti.

Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umusore wasanzwe mu giti yapfuye bigakekwa ko yaba ariwe wiyambuye ubuzima nkuko byatangajwe n’abaturage. Iyi nkuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Gashyantare 2024, Aho uyu murambo w’umusore wari uri mu kigero cy’imyaka 28 yasanzwe amanitse mu giti, Ubwo abana bari bagiye kwahira ubwatsi bw’inka […]

Continue Reading

Davis D yatangaje izina rya album ye yitegura gushyira hanze, avuga nuko yamenyanye na Melissa.

Icyishaka David wamamaye nka Davis D mu muziki, yatangaje bwa mbere izina rya album ye yitegura gushyira hanze avuga ko izaba yitwa ‘Retour du Roi’, bishatse kuvuga ‘Kugaruka k’Umwami’. Ibi uyu muhanzi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, Davis D yavuze ko urugendo rwo gutangira umuziki rwe rutari rworoshye kubera ko injyana yazanye itari […]

Continue Reading

Bruce Melodie yikomye Green P, nyuma yuko avuze ko imiziki nyarwanda ari ubudage.

Mu minsi ishize nibwo umuraperi Green P yakoreye ikiganiro ku muyoboro wa Youtube wa RadioTv10, avuga ko adakunze kumva imiziki yo mu Rwanda, ndetse ko n’iyo agerageje kuyumva, imyinshi aba yumva nta kintu kizima kibereyemo. Yagize ati ”Ntabwo nkunze kumva imiziki yo mu Rwanda, n’iyo nyumvishe imyinshi mba numva ari ‘ubudage’, njyewe rero mpitamo kwiyumvira […]

Continue Reading