Perezida Kagame yasoje umwiherero w’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yasoje umwiherero w’iminsi ibiri w’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu. Uyu mwiherero wasorejwe muri Intare Arena I Rusororo wari watangijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Werurwe mu 2024, ndetse ukaba waribanze ku ntambwe zifatika mu kubaka imikoranire itanga ibisubizo binogeye abaturage kandi guverinoma yifuza. Mu butumwa bwe osoza […]

Continue Reading

Shiboub wa APR FC n’umutoza Thierry Froger bahize abandi mu bihembo by’Ukwezi.

Umukinnyi w’ ikipe ya APR FC, Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman yatowe nk’umukinnyi w’ukwezi kwa Gashyantare n’umutoza we, Thierry Froger yabaye umutoza w’ukwezi. Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Werurwe 2024, ni bwo Rwanda Premier League ndetse na sosiyete y’imikino y’amahirwe ya Gorilla Games bahembye abakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’icyiciro […]

Continue Reading

Agarutse yariye karungu, Imbamutima za Apôtre Yongwe, Nyuma yo gufungurwa.

Nyuma guhamwa n’icyaha ariko agahanishwa igihano cy’igifungo gisubitse ndetse n’amande y’amafaranga, Apôtre Yongwe agarukanye imihigo ihambaye nyuma yo kwigira byinshi mu bihe yanyuzemo bitoroshye. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024, Nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Harelimana Joseph wamamaye cyane ku mazina ya Apôtre Yongwe uhamwa n’icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi […]

Continue Reading

Nyabihu : Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari yishwe akaswe ubugabo bwe..

Mu karere ka Nyabihu, Umudugudu wa Jari, Akagari ka Nyarutembe byo mu murenge wa Rugera haravugwa inkuru y’umuyobozi wishwe urupfu rubi akaswe ubugabo bwe n’abantu bataramenyekana. Uyu muyobozi witwa Mugabarigira Eric wayoboraga umudugudu wa Jari mu Kagari ka Nyarutembe, Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu yishwe akaswe ubugabo mu gitondo cyo kuri uyu wa […]

Continue Reading

Ese Wari uziko, Abagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore bibarinda kugira umunaniro ukabije?

Ubushakashatsi bwagaragaje ko umwe mu minezero y’igitsinagabo ndetse ushobora no kugifasha kuramba igihe kinini harimo n’uwo kureba uburanga bw’igitsinagore byumwihariko igice cy’amabere yabo. Ubu bushakashatsi bwakozwe n’inzobere muri Kamunuza yo mu Budage mu by’ubuzima bwasobanuye ko amabere y’abagore anezeza abagabo cyane ku buryo ari kimwe mu bintu bishobora kubafasha kurama ku Isi, mu buryo bumwe […]

Continue Reading

Nyagatare : bashyizwe igorora, Abaturage basaga 3000 bagiye kuvurwa nibura mu minsi 5.

Mu Karere ka Nyagatare abaturage barishimira cyane ubufasha bw’ubuvuzi bagiye kwitabwaho mu buryo bwihariye n’abaganga b’inzobere ku ndwara zitanduakanye baturutse mu Bitaro bya Gisirikare I Kanombe. Abaturage bo mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Nyagatare basanzwe bivuriza ku bitaro bya Gatunda, barishimira ko batangiye guhabwa serivisi zihariye z’ubuvuzi nyuma yo kwegerwa n’abaganga b’inzobere baturutse mu […]

Continue Reading

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bazagira mu biruhuko.

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye bamaze kumenyeshwa ingengabihe yabo ya gahunda yo kwerekeza mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2024. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2023/2024, hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi. NESA yasohoye amatangazo ajyanye […]

Continue Reading

Vladimir Putin yatsindiye indi manda yo kuyobora Uburusiya ku majwi 87.9%

Nyuma yo gukubita ibipfukamiro hasi asaba abarusiya bose kumuhundagazaho amajwi mu matora y’umukuru w’igihugu, Perezida Putin yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu mu bibi no mu byiza. Vladimir Putin yatsindiye indi manda yo kuyobora Uburusiya ku majwi 87.9%. mu itangazo rya Komisiyo y’amatora muri icyo gihugu ryatangajwe kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Werurwe 2024, nyuma […]

Continue Reading

Amavubi agomba gucakirana na Madagascar yasize abakinnyi bagera kuri 13 muri 38 bahamagawe.

Ikipe y’igihugu Amavubi igomba gutangira irushanwa ry’imikino ya Gishuti igera kuri ibiri yamaze kujonjora abakinnyi bagomba kwerekeza muri Madagascar mu bakinnyi bagera kuri 38 bari bahamagawe n’umutoza Frank Spittler. Abakinnyi 13 muri 38 umutoza w’Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Frank Spittler yari yahamagaye bakuwe mu ikipe yerekeza muri Madagascar mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Abasirikare 16 biciwe mu majyepfo ya Nijeriya mu mirwano hagati y’abaturage

Ku wa gatandatu, abashinzwe umutekano bavuze ko byibuze abasirikare 16, barimo abapolisi bane, biciwe mu majyepfo ya Nijeriya mu mirwano yabaye hagati y’imiryango ibiri. Igitero cyagabwe muri leta ya Delta ikungahaye kuri peteroli, mu ruzi rwa Delta cyabereye mu gace ka Bomadi ku wa kane ubwo abo basirikare boherejwe mu kubungabunga amahoro, “bakikijwe n’urubyiruko rw’abaturage […]

Continue Reading