Perezida wa Isiraheli nawe yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi

Ku cyumweru, tariki ya 7 Mata, Perezida Isaac Hergoz wa Isiraheli, yageze mu Rwanda yitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo kugira ngo yifatanye n’abandi banyacyubahiro mu gushyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Gisozi, aho […]

Continue Reading

Kwibuka30: Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya Abiy Ahmed yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka Jenoside

Ku wa gatandatu, tariki ya 6 Mata, Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed yageze i Kigali, mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, Kwibuka biteganijwe kuba guhera Kucyumweru tariki ya 7 Mata. Ahmed yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu masaha ya mu gitondo yo ku […]

Continue Reading

Kwibuka30: UNESCO yemeje inzibutso enye za Jenoside zongewe ku rutonde rw’umurage w’isi

Ku wa gatanu, tariki ya 5 Mata, UNESCO yashyikirije ibyemezo by’urwibutso rwa Jenoside mu Rwanda mu mwaka ushize byongewe ku rutonde rw’umurage w’isi. Inzibutso ni hamwe mu hantu ha nyuma ho kuruhukira KU bahohotewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu barenga miliyoni mu gihe cy’amezi atatu. Izi mpamyabumenyi zatanzwe n’umuyobozi mukuru wa UNESCO, […]

Continue Reading

RIB yaburiye abanyarwanda kwigengesera ku magambo bakoresha, mu bihe byo kwibuka.

Mu gihe habura iminsi igera kuri ibiri gusa kugirango Abanyarwanda bose binjire mu cyumweu cyo kwibuka no kunabira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, RIB iributsa abantu bose kwitwararika. Abantu bose baributswa kwigengesera muri ibi bihe by’akababaro bakazirikana kumenya amagambo bakoresha adasesereza ababuze ababo muri ibyo bihe by’icuraburindi ryaranze u Rwanda muri 1994 […]

Continue Reading