Ni gute wakihangira umurimo ukikorera aho gukorera abandi

Kumva kwikorera kubwawe bishobora kugutera ubwoba kandi ukumva birimo ingaruka. Ntabwo bikomeye nkuko abantu babitekereza. Ugomba kuba uri umuntu ukunda kwigenga, ukunda kuba ashobora gukurikiranya ibiri mu murongo w’ibyigwa, ukunda ibintu ushishikariye gukora. Ese ibyo byaba bihagije? Oya, bisaba akazi gakomeye, n’ubushobozi bwo kumenya kwiga mu makosa yawe, kandi n’ubushobozi bwo kugerageza. Hari impamvu nyinshi […]

Continue Reading

Australia : Imiserebanya 257 n’inzoka 3 byafatiwe mu mukwabo wa Polisi, Bigiye koherezwa nka magendu mu mahanga.

Urwego rw’umutekano rwa Police y’Igihugu ya Australia bwatangaje ko bwafashe imiserebanya n’utundi dusimba mu mukwabo wakozwe mu gihe umutwe w’abagizi ba nabi wateganyaga kutwohereza mu mahanga mu buryo butemewe n’amategeko. Itegeko nshinga rya Repubulika ya Australia rivugana ko ibisimba by’amavuko muri Australia byumwihariko mu gace ka Hong Kong ni mu gihe kandi Polisi yo muri […]

Continue Reading