Gaza: Abaganga bati “Nta bundi bushobozi dufite mu gihe tutanafite uburyo bwo kubona ibikoresho uretse kureka abarwayi bagapfa.”

Abaganga hirya no hino muri Gaza basobanuye inkuru iteye agahinda y’ukuntu kubaga abarwayi badafite Ibikoresho bihagije by’ingenzi bibagoye cyane, ndetse biri gutuma ubuzima bwa benshi buhasigara. Umwe muri aba baganga bashinzwe kwita ku ndembe muri aka gace kazahajwe n’intambara yabwiye itangazamakuru ko bahangayitse cyane kubwo kureka abarwayi bakabapfira mu biganza Ati “Kubera ikibazo cyo kubura […]

Continue Reading

Tuniziya iravuga ko hari imirambo y’abimukira yabonye hafi y’amazi ya Libiya

Ku wa kane, abashinzwe umutekano ku nkombe za Tuniziya bakuye imirambo y’abantu icyenda bapfuye nyuma y’ubwato bwabo burohamye ku wa kane, bikaba ari byo byago byibasiye abimukira bagerageza kwambuka inyanja ya Mediterane berekeza mu Burayi. Umuzamu kandi yakuye abantu 45 mu bwato nyuma yuko butangiye kuzura amazi ku bilometero bine uvuye ku nkombe za Zarzis, […]

Continue Reading

Ramaphosa avuga ko azashyira umukono ku mushinga w’itegeko ry’ubwishingizi bw’ubuzima mu gihugu

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, avuga ko ari ingenzi kugira ngo ashyire umukono ku mushinga w’itegeko ry’ubwishingizi bw’indwara mu gihugu. Umushinga w’itegeko utavugwaho rumwe, watowe n’abadepite umwaka ushize, ugamije gutanga ubuzima rusange ku Banyafurika y’Epfo. Ku wa kane, Ramaphosa aganira n’abanyamakuru i Cape Town, nta bindi bisobanuro yatanze ku bijyanye n’igihe ibyo bizabera. Amashyaka […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko abashyingiranwa bahuje ibitsina byemewe

Abashingamateka b’Abagereki batoye itegeko ryemerera gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina, bavuga ko Ubugereki ari cyo gihugu cya mbere cy’Abakristo ba orotodogisi babikoze. Ku wa kane, inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko ishyingiranwa ry’abenegihugu bahuje ibitsina ryemerwa n’amategeko, ibyo bikaba byagezweho nubwo kiliziya ya orotodogisi ikomeye yo mu Bugereki yarwanywaga. Ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko Abagereki benshi bashyigikiye umushinga […]

Continue Reading

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki ? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati […]

Continue Reading

Musanze : Hari umurambo w’Umusore wasanzwe umanitse mu giti.

Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umusore wasanzwe mu giti yapfuye bigakekwa ko yaba ariwe wiyambuye ubuzima nkuko byatangajwe n’abaturage. Iyi nkuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Gashyantare 2024, Aho uyu murambo w’umusore wari uri mu kigero cy’imyaka 28 yasanzwe amanitse mu giti, Ubwo abana bari bagiye kwahira ubwatsi bw’inka […]

Continue Reading

Nyarugenge: Habaye impanuka y’imodoka, irashya irakongoka.

Mu karere ka Nyarugenge, imodoka ntoya yo mu bwoko bwa Toyota Corolla yafashwe n’inkongi y’umuriro mw’ijoro ryakeye, irashya irakongoka. Mw’ijoro ryakeye tariki 10 gashyantare 2024, nibwo ibi byabaye mu masaha ya saa moya z’ijoro, bikaba byabereye mu Mudugudu w’Amajyambere mu Kagari k’Agatare mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge. Ubwo twageraga ahabereye iyi mpanuka, […]

Continue Reading

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko yibasiwe n’inkogi y’umuriro.

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste, iherereye mu murenge wa Gisozi yibasiwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoko. Ibi byabaye kuri uyu wa gatanu tariki 9 gashyantare 2024, mu masaha ya mbere ya saa sita, gusa ntiharamenyekana icyateye iyi nkongi y’umuriro. Rutangarwamaboko ni umupfumu n’umuvuzi gakondo, akaba n’Imandwa nkuru. Ubusanzwe ni umushakashatsi, umwigisha w’ubuzima bushingiye ku muco akaba […]

Continue Reading

Amakuru mashya kuri Kazungu Denis ukomeje gusubikirwa urubanza.

Mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge harimo abanyamakuru benshi n’abantu baje gukurikirana urubanza, Ukinjira mu rukiko abapolisi babanzaga kugusaka, Imbere mu Rukiko byari bibujijwe gufata amashusho cyangwa amafoto. Kazungu yaje yambaye umwambaro uranga imfungwa, akaba yunganiwe na Me Murangwa Faustin, Ubushinjacyaha bwavuze ko akurikiranyweho ibyaha 10 yakoze mu bihe bitandukanye kuko amakuru yatangiye kumenyekana mu 2022. […]

Continue Reading

Rusizi : Igiti kimwe cyabaye imbarutso yo kwivugana umugore we amukubise ishoka mu mutwe..

Mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Bweyeye, Akagari ka Kiyabo haravugwa inkuru y’akababaro y’umugabo wishe umugore we bapfuye igiti kimwe umugore yari agiye gutema mu ishyamba ryabo. Amakuru Umurava.com wamenye ni uko ngo ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gashyantare 2024 ahagana mu ma saha ya saa 6 :20 […]

Continue Reading