Ubutaliyani: Abimukira b’Abanyafurika batawe muri yombi nyuma y’urupfu rw’umunya Gineya

Ku wa mbere, abapolisi bavuze ko abategetsi b’Abaroma bataye muri yombi abimukira 14 baturutse mu bihugu icyenda bazira kuba baragize uruhare mu mvururu zabereye mu kigo cy’abatahutse nyuma y’urupfu rw’abimukira baturutse muri Gineya. Ku cyumweru mu gitondo umurambo wavumbuwe, abimukira muri iki kigo batangiye gutwika matelas no guta ibintu ku bashinzwe umutekano. Abimukira bakoresheje ibyumba […]

Continue Reading

38 bishwe abandi 52 barakomereka mu mirwano y’abashumba b’inka muri Sudani y’Amajyepfo

Ku wa kane, abayobozi bo mu gace ko mu gishanga cyo muri Sudani y’Amajyepfo barwanye n’abashumba b’inka bimukiye gushaka amazi n’inzuri mu gihe cy’izuba, kandi byibuze abantu 38 bapfuye abandi 52 barakomereka. Imirwano yatangiye ku wa gatatu kandi amakimbirane akomeje kuba menshi kuva kuwa kane nijoro, abayobozi bavuga ko “imirwano yoroheje” ndetse n’ubwoba kubera ibitero […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kazungu Denis rwari rutegerejwe rwongeye gusubikwa.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza uwitwa Kazungu Denis aregwamo n’Ubushinjacyaha ku nshuro ya gatatu ku bw’impamvu z’Inama. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024, Nibwo Urubanza rwa Kazungu Denis rwagombaga kuba ariko rwongera gusubikwa kubera impamvu z’inama y’abakozi b’inkiko yabaye n’ubundi ku munsi nyirizina w’urubanza. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continue Reading

Umugabo washakishwaga akekwaho kwica umukunzi we umurambo akawuta ku kibuga cy’indege cya Boston, Yafatiwe muri Kenya.

Ku wa kabiri, polisi yo muri Kenya yatangaje ko umugabo ushakishwa kubera kwica umukunzi we agasiga umurambo we muri parikingi ku kibuga cy’indege cya Boston mbere yo guhaguruka yerekeza muri Kenya. Umuyobozi w’iperereza ku byaha, Mohammed Amin yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Kevin Kangethe w’imyaka 40 yafatiwe mu kabyiniro ka nijoro nyuma yo gutanga amakuru. Amin […]

Continue Reading

Prince Kid n’umugore we, Bandikiwe ibaruwa yiswe “iy’Amaraso n’amarira” irimo ubutumwa buteye ubwoba.

Umunyamakuru akaba n’umusizi, Yves Nkuyemurujye Yandikiye ISHIMWE Dieudonne uzwi nka Prince Kid n’umugore we ibaruwa yise “Ibaruwa y’Amaraso n’Amarira” ikubiye ubutumwa buteye ubwoba. Iyi baruwa igaruka kandi ikibanda cyane ku nkuru yose ya Prince Kid, Aho atangamo inama zuje ubuhanga ndetse akanasaba ubwiyunge hagati ya Prince Kid na Miss Mutesi Jolly, Yves yanditse asaba Prince […]

Continue Reading

Ibyo Afurika y’Epfo ishinja Israel yakoze muri Gaza yabihakanye.

Igihugu cya Israel cyavuze ko Afurika y’Epfo yavuze ibintu uko bitari mu rubanza yarezemo Israel mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha [ICJ]. Afurika y’Epfo yatanze ikirego yemeza ko Israel irimo gukora Jenoside ku baturage ba Palestine mu ntambara irimo kubera muri Gaza, kandi ko Israel ifite umugambi wo kurimbura Gaza, uwo mugambi ukaba uturuka mu bategetsi bo […]

Continue Reading

Uganda : Umuganga gakondo yatawe muri yombi, Nyuma yo kwibisha inzuki (Video)

Nk’uko amakuru abitangaza, umuganga kavukire yambitswe amapingu n’inzuki ze asanzwe akoresha mu kazi ke ka buri munsi azira kwiba mu gace ka Koboko muri Uganda. Uyu mugabo utatangajwe izina ngo yafashwe yagiye kwiba akoresha inzuki maze ngo arahururizwa atabizi, Niko kwisanga yafashwe na Polisi yo muri ako gace ka Koboko, Uyu mugabo ngo usanzwe ari […]

Continue Reading

Ibyibanze wamenya ku munyamategeko uburanira Kazungu Denis

Abantu benshi cyane ku isi bumvise inkuru y’uwitwa Kazungu Denis, uwo urubuga rwa Wikipedia n’ibinyamakuru mpuzamahanga byise umwicanyi ruharwa, Uyu mugabo yanditse amateka mabi kuko we yemera ko yishe abantu bagera kuri 14 cyane biganjemo igitsinagore. Mu banyarwanda biragoye cyane ku batajya bakurikirana amategeko cyane b’abaturage kumva ko hari umuntu umuburanira cyangwa ko yagira umunyamategeko […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kazungu Denis rwongeye gusubikwa, ku mpamvu z’umwanya muto wo kwitegura urubanza.

Urubanza rwa Kazungu Denis rwongeye gusubikwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024, Nyuma yuko rwari rwasubitswe kuwa gatanu ushize tariki ya 5 Mutarama 2024. Ku mpamvu zo kutabona umwanya uhagije wo kwitegura yatazwe n’uwunganira Kazungu Denis mu mategeko, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza Ubushinjacyaha buregamo Kazungu Dennis ku nshuro ya gatatu. […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kazungu Denis rwo kuri uyu wa gatanu rwasubitswe, Anaregwa mu rubanza rushya.

Urubanza benshi bari biteze kuri uyu wa Gatanu, Tariki ya 5 Mutarama 2024 rwa Kazungu Denis aregwamo ibyaha birimo ubwicanyi rwasubitswe rutaraba. Kuri uyu wa gatanu, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza ruregwamo Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, biturutse ku busabe bw’Ubushinjacyaha kuko […]

Continue Reading