Agarutse yariye karungu, Imbamutima za Apôtre Yongwe, Nyuma yo gufungurwa.

Nyuma guhamwa n’icyaha ariko agahanishwa igihano cy’igifungo gisubitse ndetse n’amande y’amafaranga, Apôtre Yongwe agarukanye imihigo ihambaye nyuma yo kwigira byinshi mu bihe yanyuzemo bitoroshye. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024, Nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Harelimana Joseph wamamaye cyane ku mazina ya Apôtre Yongwe uhamwa n’icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi […]

Continue Reading

Nijeriya: Ababyeyi b’abana bashimuswe bategereje bahangayikishijwe n’amakuru

Ababyeyi b’abana bashimuswe muri Nijeriya bategereje bahangayikishijwe no kumva amakuru yose ajyanye no gukira kw’abana ku wa gatandatu. Abana bagera kuri 300 bashimuswe ku ishuri ryabo bitwaje abamotari bitwaje moto mu gihe cyo gushimuta abantu benshi, abasesenguzi n’abarwanashyaka bakaba barashinjaga kunanirwa n’iperereza ndetse n’umutekano utinze. Ishimutwa ry’abana 287 muri leta ya Kaduna, hafi y’umurwa mukuru […]

Continue Reading

KAZUNGU Denis wahamwe n’ibyaha byose yakatiwe igifungo cya Burundu.

Nyuma y’igihe kinini cy’isubikwa ry’urubanza rwa KAZUNGU Denis washinjwaga kwica abantu n’ibindi byaha bifitanye isano n’ihohoterwa, yamaze gukatirwa igifungo cya Burundu nyuma yo guhamwa n’Ibyaha byose. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Werurwe 2024,Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije uwitwa Kazungu Denis ibyaha byose ashinjwa uko ari 10, rumukatira igifungo cya burundu. Ni icyemezo cy’Urukiko […]

Continue Reading

Ghana: Minisiteri y’imari iraburira igihugu ko kizagwa mu gihombo cya Miliyari $ 3.8 kubera umushinga w’itegeko rirwanya Abatinganyi.

Minisiteri y’imari ya Ghana yihanangirije ko iki gihugu kizatakaza amafaranga menshi y’amabanki mpuzamahanga agera kuri miliyari 3.8 z’amadolari y’Amerika mu myaka itanu cyangwa itandatu iri imbere mu gihe perezida Nana Akufo-Addo yashyize umukono ku mushinga w’itegeko rirwanya LGBTQ (Abaryamana bahuje ibitsina). Ingaruka zishobora kugira ingaruka mbi ku bubiko bw’ivunjisha rya Gana no guhungabana kw’ivunjisha nk’uko […]

Continue Reading

Kaminuza yo muri Kenya irashinjwa guhatira abanyeshuri b’abayisilamu kujya mu rusengero

Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya Kenya yategetse minisiteri y’uburezi gusuzuma ibirego bivuga ko kaminuza yo muri iki gihugu ituma abanyeshuri b’abayisilamu bajya mu mirimo ya gikristo. Kaminuza ya Daystar, ishuri ryigenga rya gikirisitu hafi ya Nairobi, naryo ngo rirasubiza inyuma amanota yabanyeshuri batajya muri shapeli. Kaminuza ivuga ko ibyo atari ukuri, nk’uko raporo zaho zibitangaza. […]

Continue Reading

Ghana : Itegeko rishya rigena ibihano bihambaye ku batinganyi rirabasigamo imvune.

Mu gihe hirya no hino mu bihugu bitandukanye byo mu burayi hakomeje kwamamazwa ubutinganyi ni nako no muri Afurika uyu muco utahatanzwe cyane ko no mu Rwanda dutuyemo uyu muco wahageze, Nubwo ariko bimeze bityo ni nako mu bihugu bimwe na bimwe abarangwa n’uyu muco bakomeje gushyirirwaho ibihano binyuranye. Nubwo abagize ihuriro ry’Abatinganyi bo bavuga […]

Continue Reading

Umunya Brazil Dani Alves wakanyujijeho muri ruhago, yakatiwe imyaka ine y’igifungo.

Myugariro w’umunya Brazil Dani Alves yamaze gukatirwa n’urukiko igifungo cy’imyaka igera kuri 4 ndetse n’amezi atandatu nyuma yo guhamwa n’ibyaha yashinjwaga byo gukora ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Dani Alves wakunzwe na bensho ubwo yakiniraga amakipe akomeye ku Isi arimo FC Barcelone na Paris Saint-Germain yashyikirijwe imyanzuro ku rubanza rwe kuri uyu wa kane tariki ya […]

Continue Reading

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa Sarkozy agiye kumara amezi 6 muri gereza

Ku wa gatatu, urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwemeje ko uwahoze ari perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy ufite imyaka 68 azamara igice cy’umwaka muri gereza. Muri Nzeri 2021, Urukiko mpanabyaha rwa Paris rwakatiye Sarkozy igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera inkunga ibikorwa byo kwiyamamaza mu buryo butemewe n’amategeko. Inkiko zavuze ko igihe cye cyo […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko abashyingiranwa bahuje ibitsina byemewe

Abashingamateka b’Abagereki batoye itegeko ryemerera gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina, bavuga ko Ubugereki ari cyo gihugu cya mbere cy’Abakristo ba orotodogisi babikoze. Ku wa kane, inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko ishyingiranwa ry’abenegihugu bahuje ibitsina ryemerwa n’amategeko, ibyo bikaba byagezweho nubwo kiliziya ya orotodogisi ikomeye yo mu Bugereki yarwanywaga. Ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko Abagereki benshi bashyigikiye umushinga […]

Continue Reading

Amakuru mashya kuri Kazungu Denis ukomeje gusubikirwa urubanza.

Mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge harimo abanyamakuru benshi n’abantu baje gukurikirana urubanza, Ukinjira mu rukiko abapolisi babanzaga kugusaka, Imbere mu Rukiko byari bibujijwe gufata amashusho cyangwa amafoto. Kazungu yaje yambaye umwambaro uranga imfungwa, akaba yunganiwe na Me Murangwa Faustin, Ubushinjacyaha bwavuze ko akurikiranyweho ibyaha 10 yakoze mu bihe bitandukanye kuko amakuru yatangiye kumenyekana mu 2022. […]

Continue Reading