Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyavuzwe n’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi.

Guverinoma y’igihugu cy’u Rwanda yasohoye itangazo ryamagana ibyavuzwe na Evariste Ndayishimiye, Umukuru w’igihugu cy’u Burundi ko rucumbikiye inyeshyamba za Red Tabara. U Rwanda ruvuga ko rudashyigikiye inyeshyamba za Red Tabara, zirwanya u Burundi zikorera mu mashyamba yo mu burasirazuba bwa DR Congo. Itangazo ryasohowe na Guverinoma y’u Rwanda rigira riti “U Rwanda ntaho ruhuriye mu […]

Continue Reading

Uburusiya bwatangije ikindi gitero kinini kuri Ukraine.

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ukraine bwavuze ko ibitero by’indege z’Uburusiya byagaragaye mu kirere cyabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2023 nyuma y’iminsi micye y’akaruhuko ibihugo byombi byari bimazemo. Amakuru avuga ko bi bitero byibasiye ikirere cya Ukraine ku gitondo cyo kuri uyu wa kane ngo cyari cyoherejwe kwangiza ibikorwa birimo amasoko y’ubucuruzi, ibitaro […]

Continue Reading

Ingabo za Uganda zivuga ko zishe umuyobozi wo hejuru wo mu mutwe wa ADF

Ingabo za Uganda zavuze ko zishe umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba z’abayisilamu witwa Allied Democratic Force (ADF) ushinjwa ubwicanyi bukomeye harimo n’ubwicanyi buherutse gukorerwa mu kigo cy’ishuri. Umuyobozi wo mu rwego rwo hejuru w’iryo tsinda, Musa Kamusi, wari ku rutonde rw’abantu bashakishwa – yiciwe mu bikorwa byabereye muri pariki ya Kibale, akaba ari ishyamba riherereye mu burengerazuba […]

Continue Reading

Uburusiya bwibasiye ibitaro by’ababyeyi hakoreshejwe misile, bihitana 13 abandi 18 barakomereka

Ku wa gatanu, Uburusiya bwagabye ibitero bya misile mu mijyi myinshi yo muri Ukraine, bihitana byibuze abantu 13 abandi bagera kuri 18 barakomereka, nk’uko abayobozi ba Ukraine babitangaje. Abayobozi bavuze ko biteganijwe ko umubare w’abapfuye uziyongera. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yanditse ku rubuga rwa X, yahoze yitwa Twitter: “Uyu munsi, Uburusiya bwakoresheje intwaro zabwo […]

Continue Reading

Congo: Kiliziya Gatorika nayo ntiyemera ibyavuye mu matora yo muri DR Congo.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yanze icyifuzo cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyo gusubira mu matora atavugwaho rumwe kandi akaba akomeje guteza urugomo muri iki gihugu, nyuma y’ubutumwa bw’abashinzwe gukurikirana kiliziya gatolika butangaje ko mu matora habaye amakosa n’uburiganya. Umuyobozi w’inama y’Abepiskopi Gatolika muri Kongo, Donatien Nshole, yavuze ko ubwo butumwa bwavumbuye ibibazo byinshi byo […]

Continue Reading

Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko

Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy’undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo. Ibi ni ibintu bije nyuma yaho hakunze kubaho ko ushobora guta ikintu maze undi akagitora, Icyo gihe yamara kugitora akakijyana yakigize icye kandi nyamara azi nyiracyo ariko akanga akagihindura icye dore ko hari n’imvugo mu […]

Continue Reading

Biden Yaburiye ingabo za Amerika ko zishobora kwisanga mu makimbirane n’Uburusiya.

Perezida Joe Biden yihanangirije igihugu cye cya Amerika ko cyaba gifite ibyago byo gukururirwa mu ntambara itaziguye n’Uburusiya mu gihe cyose Kreml yaba itsinze intambara na Ukraine. Aya magambo ya Biden kandi aje akurikira igitero kinini cy’Uburusiya bwaraye bugabye mu kirere cya Ukraine kuri uyu wa gatanu, Abayobozi b’ingabo zirwanira mu kirere za Kyiv bavuze […]

Continue Reading

Anne Rwigara, Umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana.

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana azize urupfu rutunguranye aho yabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ku myaka 41 y’amavuko. Hari hashize igihe kinini Anne Rwigara ataba mu Rwanda, kuko asanganywe ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Inshuro nyinshi yabaga ari muri Amerika cyangwa se mu Bubiligi aho […]

Continue Reading

Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ubyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan Dagalo uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF, nyuma yo kumwakira iwe murugo. Ibi Yoweri Kaguta Museveni, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 27 ukuboza 2023, mu butumwa yanyujije kurukuta rwe rwa X, buherekejwe n’ifoto ari kumwe nuyu mu General. Yoweri Kaguta Museveni, […]

Continue Reading

Isaha yo gukemura ibibazo mu buryo bwa dipolomasi yararangiye rwose, Hagezweho guhanahana umuriro, Benny Gantz yaburiye Hezbollah.

Isiraheli- Gaza Minisitiri wa Isiraheli Yihanangirije Hezbollah, ayibutsa ko baza kuyicanaho umuriro mu gihe cyose ikomeje ibitero byayo cyane ko isaha yo gucyemura ibibazo mu nzira ya Diporomasi yarangiye. Minisitiri wa Isiraheli yihanangirije abarwanyi ba Hezbollah ko ingabo za Isiraheli zizagira uruhare mu kuyivana ku mupaka na Libani mu gihe cyose ishatse gukomeza ibitero byayo. […]

Continue Reading