Amakimbirane yo mu Rwanda na Kongo amaze kwiyongera nyuma yuko u Rwanda ruvuga ko rwishe umusirikare wambutse umupaka.

Ku wa kabiri, ingabo z’u Rwanda zavuze ko zishe umusirikare wa Kongo wambutse umupaka kandi bivugwa ko yarashe ku irondo ry’ingabo z’u Rwanda, ibi bikaba biherutse kuba mu makimbirane yambukiranya imipaka hagati y’abaturanyi. Mu itangazo ry’ingabo z’u Rwanda zavuze ko nazo zafashe abasirikare babiri ba Kongo bari kumwe n’uwishwe. Yavuze ko bambutse umupaka ku mudugudu […]

Continue Reading

Pakisitani : Umubare munini w’Abana bato baguye mu gitero cya Irani.

Leta ya Pakisitani yatangaje ko abana babiri aribo byamenyekanye ko bishwe, Naho abandi batatu bakomeretse bihamabaye mu gitero cyagabwe na Irani kuri uyu wa kabiri Tariki ya 16 Mutarama 2024, igihugu cya gatatu cyibasiwe na Tehran muri iki cyumweru. Nk’uko ibiro ntaramakuru bifitanye isano n’igisirikare cy’iki gihugu bibitangaza, Irani yavuze ko yibasiye ahantu habiri hafitanye […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru yarashe misile ya Ballistic kuri Koreya y’Epfo.

Guverinoma ya Koreya y’Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru yayirasheho igisasu cya Misile yo mu bwoko bwa ballistique mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 14 Mutarama 2024. Nk’uko DW yabitangaje, ngo misile yo muri Koreya ya ruguru yamanutse mu nyanja y’Ubuyapani yahawe icyerecyezo cyo mu mujyi wa Pyongyang. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye avuga […]

Continue Reading

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yavuze ikiri gukorwa nyuma yo gufata abasirikare ba FARDC binjiye mu gihugu.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abasirikare babiri b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binjiranye na mugenzi wabo we warashwe agapfa, bo bafashwe, ubu bari kubazwa ibibazo mu rwego rwo gukora iperereza. Ibi bibaye nyuma y’uko ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) bushyize hanze itangazo rivuga ko abasirikare batatu ba FARDC […]

Continue Reading

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari, n’ihari ugasanga ibura abayijyamo nk’uko mu gihugu cya San Marino gereza ibura abayijyamo ugasanga imfungwa ari imwe cyangwa ebyiri. Muri gereza zose zo ku isi hari abantu barenga miliyoni 11 bazifungiyemo, nk’uko bigaragara muri raporo […]

Continue Reading

Dore ibihugu bifite amategeko akakaye, Aho kwambara ibara ry’umuhondo no kwizihiza St Valantin ari icyaha.

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe bibamo amategeko yihariye bitewe n’umuco wabo cyangwa se ikindi cyihariye cyatumye itegeko runaka rishyirwaho. Kwambara imyenda y’umuhondo muri Malaisie, kubyinira mu kabyiniro nyuma ya saa sita z’ijoro mu Buyapani cyangwa kwambara imyenda y’amakoboyi ‘Jeans’ muri […]

Continue Reading

Umuvugizi wa Reta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yahumurije Abarundi bari mu Rwanda ko umutekano wabo ari wose.

U Rwanda n’u Burundi ni ibihugu bisa nkaho ari bimwe, n’ibihugu bisangiye byinshi, ari ururimi, umuco mbese bihana inka n’abageni. Burya ibihe ntibihora ari byiza, igihe kiragera bigahinduka cyane ko muri politike buri wese aba aharanira inyungu ze, rimwe na rimwe ugasanga ibibazo byabayobozi biragenda bikangiriza abaturage, bikaba ubwa wamugani ngo aho imbogo zirwaniye ibyatsi […]

Continue Reading

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro zatangiye kuva muri DR Congo.

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), bazwi ku izina rya MONUSCO, batangiye kuva muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe na Christophe Lutundula, minisitiri w’intebe wungirije wa DRC akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga. Uku kuva kwa MONUSCO muri DR Congo bizaba mu byiciro bitatu, guhera ku kuvana burundu ibice bya […]

Continue Reading

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ifatirwamo imyanzuro itandukanye hamenyekanye igihe izabera.

Inama ya 19 y’Igihugu y’Umushyikirano byemejwe ko izaba tariki 23 na 24 Mutarama 2024, hazareberwa hamwe aho u Rwanda rugeze mu iterambere, ubumwe no guteza imbere urubyiruko by’umwihariko. Inama y’Igihugu y’Umushyikirano iba buri mwaka, ni urubuga Abanyarwanda baganiriramo iterambere ry’Igihugu n’abayobozi bakabazwa inshingano zabo. Muri uyu mwaka wa 2024, Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izasuzuma aho Igihugu […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa werura ubwe ko ari “Umutinganyi”

Kuri iki cyumweru, Ubufaransa bwabaye igihugu gikomeye ku isi gifite umukuru w’ubutegetsi w’umutinganyi mu mateka y’isi. Nubwo bimeze gutyo, Abafaransa ntacyo bashaka kubivugaho. Ibitangazamakuru byo mu Bufaransa byatangaje ko Gabriel Attal ari minisitiri w’intebe ukiri muto ubayeho muri icyo gihugu; afite imyaka 34, urebye ninkuko byagenze kuri Perezida Emmanuel Macron kuko bivugwa ko ari we […]

Continue Reading