Sobanukirwa ahantu havuye “Guterekera” na byinshi bijyanye n’uyu muhango.

Guterekera ni umwe mu mihango yerekeye Abantu bazima n’abandi Bantu bazimu. Umuntu uterekera aba agamije kugusha neza abazimu( baba abe bapfuye cyangwa se bene wabo w’abandi gusa aha agaciro gakomeye). Kugusha neza abo bazimu ngo bituma atunga agatunganirwa kandi ibyo akoze byose bikagenda neza. Twifashishije igitabo cya Musenyeli Aloyizi Bigirumwami cyitwa IMIHANGO N’IMIGENZO N’IMIZIRIRIZO MU […]

Continue Reading

Pasteri ukubitwa n’umugore we yavuze ko atazongera kwigisha ku rukundo rw’abashakanye.

Umupasitori ni umuyobozi ushinzwe gushyiraho icyerekezo cy’umuryango wabo w’idini. Zimwe mu nshingano z’uyu mwanya zirimo gutanga inkunga y’idini ku matorero binyuze mu nama cyangwa gufata inshingano z’ubujyanama. Abapasitori bashobora kugira uruhare mu bikorwa byo guha akazi abakozi bashya kimwe no kuganira kumasezerano y’ubucuruzi bw’itorero cyangwa gucunga ishoramari ryakozwe n’ababishinzwe. Muri Kenya rero hari kuvugwa inkuru […]

Continue Reading

Vestine na Dorcas n’Umujyanama wabo berekeje mu Burundi aho bafite igitaramo kuri uyu wa gatandatu. {Amafoto}

Itsinda ry’abahanzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana rya ‘Vestine na Dorcas’ bari kumwe n’umujyanama wabo akaba n’umunyamakuru, Murindahabi Irene berekeje i Bujumbura mu myiteguro y’igitaramo bafiteyo ku munsi wo kuwa gatandatu. Iri tsinda ry’abana bakiri bato bakiri n’abanyeshuri berekeje muri iki gihugu cy’Abaturanyi nyuma y’iminsi micye bavuye ku mashuri ndetse rikaba rigiye gusangira Noheli […]

Continue Reading

Aho Yesu avuka ntago bazizihiza umunsi mukuru wa Noheli muri uyu mwaka.

Insengero zose zo muri Palestine zakuyeho ibirori byose bijyanye no kwizihiza Noheli muri uyu mwaka, kubera intambara ikomeje gushyamiranya Israel n’umutwe wa Hamas. Ubuyobozi bw’umujyi wa Betlehemu bwatangaje ko ibi babikoze mu rwego rwo kwifatanya mu gahinda na Gaza, ndetse no kwamaganira kure ibikorwa byose igihugu cya Israel gikomeje gukora aho bituritsa bikanasenya byinshi aha […]

Continue Reading

Uwahabwagwa amahirwe yo kuzavamo Papa ubu yamaze gukatirwa n’urukiko

Abaregwa bose uko ari icumi baregwaga ibyaha birimo gukora ubucuruzi bunyuranye n’amategeko, kunyereza umutungo, gukoresha ububasha mu nyungu bwite, iyezandonke n’ibindi ariko bose bagahakana ibyo baregwa. Umunyamategeko wunganira Cardinal Becciu witwa Fabio Viglione, yatangaje ko agomba guhita ajuririra iki cyemezo kuko umukiliya we arengana. Abaregwa bose hari ibyaha bahamijwe ibindi babigirwaho abere, uretse umwe wabaye […]

Continue Reading

Papa Francis yemereye za Kiliziya zose gusezeranya abahuje ibitsina nk’umugabo n’umugore.

Umuyobozi akaba n’umuyobozi wa Kiliziya Gatorika Papa Francis yatunguranye ahamya itegeko rye ryo kwemerera za Kiliziya gusezeranya abahuje ibitsina bakabana nk’umugabo n’umugore. Ibi byabaye kuri uyu  wa mbere, tariki ya 18 Ukuboza 2023, Ubwo umushumba akaba n’umuyobozi mukuru wa kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francis yemereraga abapadiri guha umugisha ababana bahuje ibitsina bivuye mu mpinduka […]

Continue Reading

Ni iki wakora igihe waciye inyuma uwo mwashakanye ukabyarana n’undi

Bijya bibaho ko mu bashakanye umwe aca inyuma undi agasambana rimwe na rimwe akabyara umwana hanze. Hari rero ababigira ibanga gusa nubwo uwo mubana aba atabizi ntibivuze ko nta kibazo cyiba gihari. Uyu munsi Umurava News tugiye kugufasha kukwereka inama zagufasha. Inama 1. Icyambere kihutirwa ni ukwihana ukamaramaza ugasaba imbabazi Imana ntuzongere gusambana na rimwe […]

Continue Reading

Ibihumbi by’Abakristu barimo n’aba padiri bakuru bitabiriye igitaramo “Christmas Carols Concert” cya Chorale de Kigali {Amafoto}

  Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukuboza 2023, muri BK Arena hahuriye imbaga y’abantu nyamwinshi baje mu gitaramo cyateguwe na Chorale de Kigali cyo kwizihiza nohei ndetse no gusozanya umwaka hamwe basengana. Ibihumbi by’Abakristu bitabiriye igitaramo kiswe “Christmas Carols Concert” cyateguwe na Chorale de Kigali cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ikora umurimo w’Imana, ndetse […]

Continue Reading

Umuhanzi Kitoko wari warabuze muri muzika yashyize hanze indirimbo nshya.

Umuhanzi Bibarwa Kitoko, wari mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze kubakunda umuziki w’ikinyarwanda, yashyize hanze indirimbo yise “Uri Imana” iyi ndirimbo isohotse nyuma yuko abantu benshi bibazaga aho yaburiye. Kitoko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka “Manyobwa, Igendere, Akabuto, Wanema” ndetse n’izindi zitandukanye. Uyu muhanzi kandi yaririmbiye ahantu hatandukanye twavuga ko hakomeye kuko niwe […]

Continue Reading