TUFF GANGS NIGHT : Anyuzamo akabaganiriza, Green P yahaye ibyishimo abo kuri gakondo. {Amafoto}
Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe na benshi yatunguranye ubwo indirimbo hafi ya zose yaririmbaga mu buryo bwa Live nyamara atabiteguye ahubwo ari ikibazo cy’umu DJ utabimukoreye uko yabyifuzaga […]
Continue Reading