Abibazaga byinshi kuri Kaberuka na Maritha bavugwa mu ndirimbo y’Impala bagiye gusubizwa.

Abakunzi ba muzika yo hambere bateguriwe igitaramo kizagaruka ku nkuru ivugwa mu ndirimbo ya Orchestre Impala cyiswe ‘Kaberuka na Marita Live Concert’ kizabera Luxury Garden Palace. Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru, tarikiya 11 Gashyantare 2024 muri Luxury Garden mu gitaramo cyiswe “Kaberuka na Marita” bavugwa cyane mu ndirimbo ya Orchestre Impala ikundwa na benshi […]

Continue Reading

Umukinnyi wa filime Nyarwanda Killaman yasezeranye imbere y’amategeko n’Umuhoza Shemsa.

Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema, yasezeranye imbere y’amategeko mu murenge wa Nyarugenge, n’ Umuhoza Shemsa bari bamaranye imyaka umunani babana. Aba bombi Killaman na Umuhoza Shemsa, basanzwe bafitanye abana babiri b’abahungu. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabanjirijwe no gusezerana imbere y’Imana. Uyu mwaka watangiranye udushya, aho harimo icyo twakwita uruhererekane rw’ubukwe mu byamamare […]

Continue Reading

Umuhanzi Prosper Nkomezi yateguje igitaramo cy’amateka azamurikamo album ze ebyiri.

Prosper Nkomezi, Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yateguje igitaramo gikomeye yise ‘Nzakingura Live Concert’ azamurikiramo Album ebyiri, iyitwa ‘Nzakingura’ ndetse na ‘Nyigisha’. Iki gitaramo kikaba giteganyijwe kuba tariki 12 Gicurasi 2024. Ni igitaramo byitezwe ko azahuriramo n’abandi bahanzi bazwi mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana. Iki gitaramo agiye kugikora nyuma y’imyaka ine ishize adataramira […]

Continue Reading

Platin P agiye gukora igitaramo cy’amateka gishimangira uburambe amaze mu muziki.

Nemeye Platin wamamaye nka Platin P Baba nyuma yo gutangira umuziki ku giti cye “Solo Career” avuye mu itsinda ry’ibigwi rya Dream Boyz yateguye igitaramo cyo kwizihiza uburambe bwe muri muzika. Ni Igitaramo yise “BABA Experience” kigamije kwizihiza uburambe uyu musore amaze mu muziki yikorana adafatanije n’itsinda, Platin P cyangwa BABA azaba yizihiza imyaka itatu […]

Continue Reading

Ishami rya Trace rikorera mu Rwanda ryahawe umuyobozi mushya.

Ikigo Trace Group cyashinzwe mu 2003, gifite televiziyo zikomeye ku ruhando mpuzamahanga zizwiho guteza imbere umuziki zirimo Trace Africa, Trace Muziki na Trace Urban, bashyizeho umuyobozi mushya ukuriye ishami ry’u Rwanda. Gwladys Watrin, Umufaransa ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda, yagizwe Umuyobozi wa Trace Academia na Trace Rwanda. Trace Rwanda ni ishami rishya ry’Ikigo cya Trace Group, […]

Continue Reading

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara muri ibyo bikorwa. Uwase uyu yasabaga imbabazi, Nyuma yo gushyira hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe n’imiterere ndetse akavuga ko nawe atazi icyabimukoresheje, Nyuma yuko ayo mafoto acicikanye cyane ku mbuga nkoranyambaga uyu mukobwa yambaye ubusa […]

Continue Reading

Perezida wa Afurika y’Epfo, Ramaphosa, yishimiye intsinzi ya Tyla wegukanye Grammy

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yashimye umuririmbyi Tyla kuba yaratsindiye Grammys ku nshuro ye ya mbere mu bitaramo byiza bya Afurika by’umuziki kubera ko yamamaye cyane ku isi. Niwe muhanzi wa mbere wegukanye icyiciro gishya a yatsinze Burna Boy wo muri Nijeriya, Davido, Ayra Starr na Asake bari batoranijwe muri iki gihembo. Mu nyandiko […]

Continue Reading

Nigeria yizihije umwaka mushya w’Ubushinwa.

Ku cyumweru, imbaga y’abantu yateraniye mu mujyi wa Lagos wo muri Nijeriya mu rwego rwo kwizihiza hakiri kare umwaka mushya. Umunsi, bakunze kwita umwaka mushya w’Ubushinwa, wizihiza umunsi wambere wa kalendari y’ukwezi kandi hariho imigenzo myinshi yumuco ijyanye no kwizihiza impeshyi. Nimwe mubiruhuko byingenzi mumico yabashinwa nigihe abantu benshi basubira murugo gusura imiryango yabo. Ibirori […]

Continue Reading

Bahavu Jeannette yanenze, Anatanga gasopo ku bahora bamubaza kubyo yisiga mu maso.

Muri iyi isi ntawe ushimisha Bose ndetse ntacyo wakora ngo abantu banyurwe nukuri ikiza nugukora wowe ibikunyura. Umukinnyi akaba n’umwanditsi wa film Usanase Bahavu Jeannette yagarutse ku bantu birirwa bamubwira ko agomba kureka ibirungo yisiga mu maso ndetse n’umubiri we muri rusange ngo kuko basanga aba yangiza ubwiza Imana yamuremanye. Mu kiganiro yagiranye na Rose […]

Continue Reading

TUFF GANGS NIGHT : Anyuzamo akabaganiriza, Green P yahaye ibyishimo abo kuri gakondo. {Amafoto}

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe na benshi yatunguranye ubwo indirimbo hafi ya zose yaririmbaga mu buryo bwa Live nyamara atabiteguye ahubwo ari ikibazo cy’umu DJ utabimukoreye uko yabyifuzaga […]

Continue Reading